Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yageze i New York ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, aho yitabiriye Inama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (ONU) izaterana ku nshuro ya 80, bikaba byitezwe ko azongera gutakambira amahanga ngo ashyigikire ikinyoma cya Leta ye cy’uko muri RDC habaye Jenoside yakorewe Abahutu, basanzwe bita ’Genocost’.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ikinyoma cya Jenoside ikorerwa Abahutu mu mpamba Tshisekedi yajyanye i New York
22 September 2025, by ISIMBI Estella -
Kazungu wemera ko yishe abantu 14 yasabye urukiko ikintu gikomeye
21 September 2023, by Dusingizimana RemyKazungu Denis yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Kicukiro muri iki gitondo aho ashinjwa ibyaha bisaga 10.
-
Umukobwa wa Rusesabagina yavuze igihe baherukira kuvugana n’aho yaba yarafatiwe
1 September 2020, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Paul Rusesabagina, Anaïse Kanimba,yatangaje ko se baherukaga kuvugana kuwa Kane ari I Dubai,batamenye uko yageze mu Rwanda akerekwa itangazamakuru kuri uyu wa Mbere.
-
Perezida Kagame yamaze kugera muri RDC mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Etienne Tshisekedi
31 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Paul Kagame yamaze kugera I Kinshasa aharabera umuhango wo gushyingura umunyapolitiki Etienne Tshisekedi,se wa perezida wa Kongo ubu Felix Tshisekedi,wapfiriye mu Bubiligi muri 2017,Kabila akanga ko umurambo we uzanwa muri Kongo ngo ashyingurwe.
-
U Rwanda rwiteguye kuburana mu rubanza rwa Rusesabagina muri USA
8 May 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iravuga ko yiteguye kujya kuburana mu rubanza ikirego umuryango wa Paul Rusesabagina watanze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Abawunganira batangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 8/5/2022, ariwo munsi ntarengwa kuri Leta wo kuba yasubije ibibazo yahawe itabikora urubanza rugakomeza uko biteganijwe.
Umuryango wa Paul Rusesabagina wareze uvuga ko yashimuswe kandi agakorerwa iyica rubozo,ukanasaba imponzamrira z’amadolari milioni 400.
Umuvugizi wungirije wa Leta y’u (…) -
Perezida Kagame n’umufasha we ’Jeanette Kagame’ bambitswe imidali y’ikirenga[AMAFOTO]
20 December 2018, by Martin MunezeroKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, i Abidjan muri Côte d’Ivoire, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bambitswe imidali y’ikirenga na Perezida Alassane Ouattara.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Bamwe batangiye kwica ku buryo bukabije amabwiriza yo kwirinda Coronavirus
4 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa mbere tariki ya 04 Gicurasi 2020,nibwo hatangiye gahunda yo korohereza abanyarwanda kuva mu rugo nyuma y’iminsi irenga 40 bayirimo gusa amwe mu mafoto yagaragaje bamwe mu bantu bari mu mubyigano ukabije ku ma bisi.
-
Jhonatan Restrepo yongeye kwegukana Agace ka Huye-Rusizi muri Tour du Rwanda
20 February 2024, by Dusingizimana RemyUmunya Colombia,Jhonatan Restrepo yongeye kwegukana Agace ka Tour du Rwanda kava i Huye kerekeza i Rusizi,nk’uko yabikoze mu 2020.Kareshyaga n’ibilometero 140,3.
-
Nduhungirehe yabajije Loni na AU niba bizakomeza kwirengagiza ikoreshwa ry’abacanshuro muri RDC
11 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabajije Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ndetse n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, niba bizakomeza kurebera ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukoresha abacanshuro kandi bibujijwe mu mategeko mpuzamahanga.
-
Depite Habineza yagiriwe icyizere, Dr Ngabitsinze nawe yasimbuye Hon. Nkusi Juvenal
9 October 2018, by Nsanzimana ErnestInteko Ishinga Amategeko y’ u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 yatoye abayobozi b’ amakomisiyo umudepite wavuye mu ishyaka ritavugarumwe n’ ubutegetsi DGPR agirirwa icyizere na bagenzi be naho umudepite wavuye muri PSD atorerwa kuyobora PAC
Umuryango.rw
Ikinyoma cya Jenoside ikorerwa Abahutu mu mpamba Tshisekedi yajyanye i New York
Kazungu wemera ko yishe abantu 14 yasabye urukiko ikintu gikomeye
Umukobwa wa Rusesabagina yavuze igihe baherukira kuvugana n’aho yaba yarafatiwe
U Rwanda rwiteguye kuburana mu rubanza rwa Rusesabagina muri USA
IFOTO Y’UMUNSI: Bamwe batangiye kwica ku buryo bukabije amabwiriza yo kwirinda Coronavirus
Jhonatan Restrepo yongeye kwegukana Agace ka Huye-Rusizi muri Tour du Rwanda
Nduhungirehe yabajije Loni na AU niba bizakomeza kwirengagiza ikoreshwa ry’abacanshuro muri RDC