Inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu by’akarere k’ibiyaga bigari kuri iki cyumweru tarikiya 20/09/2020 i Goma muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yongeye gusubikwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu byo muri aka karere yongeye gusubikwa ndetse ikurwa I Goma
19 September 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdel Fattah Al Sisi
8 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame yageze mu Mujyi wa Sharm El Sheikh mu Misiri aho yitabiriye ihuriro ryo kongera ubukungu muri Afurika ‘Africa 2018’.
-
Polisi y’u Rwanda yahwituye Abanyarwanda bashyize ubuzima bwabo mu kaga bakirara mu mihanda bishimira intsinzi y’Amavubi
27 January 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’igihugu yanenze bamwe mu Banyarwanda baraye bashyize ubuzima bwabo mu kaga bajya kwishimira intsinzi ikipe y’igihugu “Amavubi” yaraye ikuye kuri Togo mu itsinda C ryo gushaka itike yo kwerekeza muri ¼ cy’irangiza cya CHAN 2020.
-
Perezida Kagame yibukije abinjiye muri Sena ko ubuyobozi ari amahirwe bakwiriye gukoresha neza
17 October 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abinjiye mu mutwe Sena ko ubuyobozi bahawe ari amahirwe bakwiriye gukoresha neza kuko hari abayabona bakayakoresha nabi.
-
Minisitiri Nduhungirehe yemeje ko imyanzuro ya ICGLR ku makimbirane yo muri RDC nta gaciro ifite
17 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatesheje agaciro imyanzuro y’Inama Mpuzamahanga y’akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR) ku makimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuhango wo gutaha ku mugaragaro Hotel ya One & Only Gorilla’s Nest ifite ubwiza butangaje[AMAFOTO]
28 February 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Kane Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuhango wo gutaha ku mugaragaro Hotel ya One & Only Gorilla’s Nest yubatse mu Kinigi mu Karere ka Musanze.
-
Perezida Kagame yashyizeho Abaminisitiri bashya muri MINICOM na MINAGRI
30 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika yashyizeho Abaminisitiri bashya, aho Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze yagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda naho Eric Rwigamba agirwa Minisitiri w’Ishoramari rya leta.
Dr. Ngabitsinze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yasimbuye Habyarimana Béata wagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu mpinduka zakozwe ku wa 15 Werurwe 2021.
Mu zindi mpinduka Perezida Kagame yakoze, Dr. Ildephonse Musafiri yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri (…) -
Abadepite banze umushinga w’itegeko ryemerera ingimbi n’abangavu guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro
17 October 2022, by Dusingizimana RemyInteko Rusange, Umutwe w’Abadepite yanze kwemeza ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryerekeye ubuzima bw’imyororokere kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Ukwakira 2022.
Uyu mushinga wanzwe, wateganyaga ko ingimbi n’abangavu bagejeje ku myaka 15 bakwemererwa guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro.
Abadepite 30 batoye umwanzuro w’uko badashyigikiye Umushinga w’Itegeko riha uburenganzira abangavu n’ingimbi kuba bahabwa serivisi zo kuboneza urubyaro guhera ku myaka 15.
Abadepite bemeye uyu (…) -
U Rwanda rumaze kohereza ingabo ibihumbi 80 mu butumwa bw’amahoro-Minisitiri Marizamunda
20 September 2025, by JABO Blaise PatienceMinisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda yatangeje ko kuva u Rwanda rwakohereza ingabo i Darfur mu 2004, rumaze kohereza ingabo zirenga ibihumbi 80 mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro mu bice bitandukanye by’Isi.
-
Paul Biya w’imyaka 92 yatsinze amatora akomeza kuba Perezida ukuze ku Isi
27 October 2025, by Brenda MIZEROPaul Biya w’imyaka 92 y’amavuko, yongeye gutorerwa kuyobora Cameroun, akomeza kuba Umukuru w’Igihugu ukuze (ufite imyaka myinshi) kurusha abandi ku Isi, nyuma y’aho Akanama gashinzwe kurengera Itegeko Nshinga, kemeje ko yagize amajwi 53,66%.
Umuryango.rw
Inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu byo muri aka karere yongeye gusubikwa ndetse ikurwa I Goma
Minisitiri Nduhungirehe yemeje ko imyanzuro ya ICGLR ku makimbirane yo muri RDC nta gaciro ifite
Perezida Kagame yashyizeho Abaminisitiri bashya muri MINICOM na MINAGRI
Abadepite banze umushinga w’itegeko ryemerera ingimbi n’abangavu guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro
U Rwanda rumaze kohereza ingabo ibihumbi 80 mu butumwa bw’amahoro-Minisitiri Marizamunda
Paul Biya w’imyaka 92 yatsinze amatora akomeza kuba Perezida ukuze ku Isi