Ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi ziri mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Central Africa Republic ejo zasezeye abasirikare bazo icya rimwe baherutse kwicwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Corporal Ndikumana w’u Burundi na Sergeant Nsabimana w’u Rwanda basezeweho mu gahinda
21 January 2021, by Dusingizimana Remy -
Pierre Buyoya wayoboye U Burundi imyaka 13 yapfuye bivugwa ko yahitanwe na Coronavirus
18 December 2020, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Perezida w’u Burundi,Petero Buyoya, wabuyoboye incuro ebyiri kuva mu 1987 kugeza mu mwaka wa1993, no kuva mu 1996 kugeza mu mwaka 2003 yapfuye aho bivugwa ko yahitanwe n’icyorezo cya Covid-19.
-
Turashaka ahazaza hatekanye - Perezida Kagame ku amasezerano y’amahoro na RDC
4 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yongeye gushimangira ko u Rwanda rukeneye kubona ahazaza hatekanye kandi huje uburumbuke, akaba ari na yo mpamvu shingiro rwiyemeje kudatezuka ku ngamba zose zigamije guharanira amahoro n’umutekano mu Karere ruherereyemo.
-
Oliver Karekezi ashobora kuba agiye kwirukanwa muri Rayon Sports
14 February 2018, by Dusingizimana RemyHari amakuru yizewe avuga ko Umubiligi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports wagarutse mu Rwanda nyuma yo kuyivamo asezeye kubera ibibazo atatangarije itangazamakuru mu mwaka wa 2016 ashobora kuba agiye gusimbura Karekezi Olivier utarashimishije abakunzi ba Rayon mu mikino ibiri iheruka.
Uyu mugabo wavuye muri Rayon Sports nyuma y’umukino yatsinzemo Kiyovu Sports igitego 1-0 agasigira ikipe Masudi Djuma wari umwungirije, yagaragaye ku mukino Rayon Sports yakinnye na Musanze FC kuri uyu wa (…) -
Modi yashyikirije abaturage ba Rweru inka yabazaniye muri gahunda ya Gira Inka [VIDEO]
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestNerandra Modi Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde yazanye inka 200 yazanye nk’inkunga kuri gahunda ya Gira Inka yatangijwe na Perezida Kagame, bombi muri iki gitondo bazijyanye mu mudugudu w’ikitegererezo wubatswe Rweru mu karere ka Bugesera bazishyikiriza abo zigenewe.
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa Gatatu
15 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 3 tariki ya 14 Mata 2021,Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yaganiriwemo ingingo zitandukanye zirimo ingamba zo gukumira icyorezo cya Coronavirus gikomeje kugariza igihugu kuva muri Werurwe 2020 ndetse no gushyira mu myanya abayobozi bashya.
Iyi nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu iyobowe na Perezida Kagame yafashe imyanzuro yo gukomeza kwirinda COVID-19 irimo:
Ingendo zirabujijwe guhera saa tatu z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo ahandi hose mu (…) -
Perezida Kagame nawe yasubije Michaëlle Jean ku rubanza rwa Diane Rwigara
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru tariki 11 Ugushyingo 2018, ari I Paris yasubije Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Michaëlle Jean uherutse gutsindwa na Louise Mushikiwabo ko ‘ubutabera bw’ u Rwanda bwigenga’
-
Ndereyehe wagize uruhare muri Jenoside ayobora ISAR ntarabiryozwa
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestNdereyehe Charles wahoze ari umuyobozi mukuru w’ ikigo cy’ u Rwanda cyakoraga ubushakashatsi mu buhinzi ISAR, yatanzweho amakuru ko yagize uruhare mu itegurwa rya Jenoside yakorewe abatutsi ndetse ko yateye inkunga Interahamwe ngo agomba kubiryozwa.
-
Tshisekedi yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano yemereye Amerika
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yemereye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Perezida Kagame yagiriye urugendo muri RDC [AMAFOTO]
25 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Ugushyingo 2021,aho yakiriwe na Minisitiri w’Intebe Jean-Michel Sama Lukonde ku kibuga cy’indege,nyuma aza guhura na perezida Felix Tshisekedi bagirana ibiganiro.
Nkuko ibiro bya Perezida wa Repubulika,Village Urugwiro, byabitangaje,Perezida Kagame arifatanya n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma baturutse muri Afurika mu Nama yiga ku kuba umugabo ufite imyitwarire idahohotera abagore n’abakobwa. Iyi Nama (…)
Umuryango.rw
Turashaka ahazaza hatekanye - Perezida Kagame ku amasezerano y’amahoro na RDC
Tshisekedi yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano yemereye Amerika
Perezida Kagame yagiriye urugendo muri RDC [AMAFOTO]