Abashinzwe iperereza mu gisirikare baturutse mu Rwanda no mu Burundi bahuriye ku mupaka wa Nemba mu karere ka Bugesera kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2020, aho ibihugu byombi biganira ku bibazo byakunze kuvugwa kuri uyu mupaka bijyanye n’umutekano muke.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abashinzwe ubutasi mu Rwanda no mu Burundi bahuriye ku mupaka wa Nemba
26 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Dr Nkurunzira wari Umuyobozi Mukuru w’ Imiturire mu mujyi wa Kigali asezeye ku mirimo
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestAmakuru agera ku Kinyaramakuru UMURYANGO aravuga ko Dr Nkurunziza Alphonse wari Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe Ibikorwaremezo n’ Imiturire mu Umujyi wa Kigali amaze gusezera kuri iyi mirimo.
-
Perezida Tshisekedi yatumiye Kagame, Museveni na Ndayishimiye mu nama yihariye
5 September 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa RDC,Félix Tshisekedi yatumiye bagenzi be barimo Évariste Ndayishimiye (Burundi), Paul Kagame (Rwanda) na Yoweri Museveni Kaguta (Uganda) mu nama yihariye iziga ku mutekano w’aka karere izabera i Goma.
-
Tour du Rwanda ishobora gushyirwa ku rwego rw’Isi
13 November 2025, by Brenda MIZEROIsiganwa ngarukamwaka ry’Amagare rizenguruka mu bice bitandukanye by’igihugu rya Tour du Rwanda risanzwe riri ku rwego rwa 2,1 kuva muri 2019, rishobora kuzamurirwa urwego rikaba irushanwa ryo ku rwego rw’Isi “World Tour”.
-
Filip Reyntjens: umwanzi wahagurukiye u Rwanda nyuma yo kubengwa n’umunyarwandakazi
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFilip Reyntjens, Umubiligi u Burayi bufata nk’inararibonye kuri Afurika y’Ibiyaga bigari, yatangiye kwerekana uburyo yanga u Rwanda urunuka, cyane cyane akanga FPR Inkotanyi iyoboye ubutegetsi, by’umwihariko Perezida Paul Kagame.
-
Rwamagana: Abatekamutwe bariye urubyiruko akayabo barubeshya ko bafite kompanyi itanga akazi
3 April 2024, by Dusingizimana RemyAbantu batari bamenyekana bahurije hamwe urubyiruko rwa Rwamagana, Kayonza, Kirehe na Nyagatare barwaka amafaranga kugira ngo barurangire akazi, bamwe baza bitwaje matela n’ibikapu biteguye kugatangira, bahageze basanga ababahamagaye ni abatekamitwe.
-
Ingabo z’ u Rwanda zirizeza abanyarwanda ko abagabye igitero ‘I Nyaruguru bazafatwa’
16 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yavuze ko abagabye igitero I Nyarugukuru bazamenyekana kaba ari agatsiko kagafatwa.
-
Perezida Kagame na Tshisekedi bitabiriye irahira rya John Dramani Mahama muri Ghana
7 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yageze muri Ghana aho yitabiriye imihango yo kurahiza Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang.
-
Madamu Jeannette Kagame yasabye ikintu gikomeye urubyiruko ku bidukikije
1 September 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda gukomeza kubungabunga ibidukikije kuko bizakomeza gutuma abaturutse hirya no hino ku isi bakomeza gusura u Rwanda.
-
Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yirukanye abayobozi bane muri RAB barimo na Dr.Gahakwa
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Umuryango wamenye amakuru avuga ko Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yaba yahagaritse ku mirimo abayobozi bane mu Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’ Ubworozi (RAB).
Mu bayobozi bane bahagaritswe harimo na Daphrose Gahakwa wari umuyobozi wungirije w’ iki kigo. Dr. Gahakwa aherutse kuvugwaho gusuzugura abadepite ubwo RAB yagombaga kwitaba abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ umutungo wa Leta (PAC) , (…)
Umuryango.rw
Abashinzwe ubutasi mu Rwanda no mu Burundi bahuriye ku mupaka wa Nemba
Perezida Tshisekedi yatumiye Kagame, Museveni na Ndayishimiye mu nama yihariye
Tour du Rwanda ishobora gushyirwa ku rwego rw’Isi
Filip Reyntjens: umwanzi wahagurukiye u Rwanda nyuma yo kubengwa n’umunyarwandakazi
Rwamagana: Abatekamutwe bariye urubyiruko akayabo barubeshya ko bafite kompanyi itanga akazi
Perezida Kagame na Tshisekedi bitabiriye irahira rya John Dramani Mahama muri Ghana
Madamu Jeannette Kagame yasabye ikintu gikomeye urubyiruko ku bidukikije