Nyakubahwa Perezida Kagame yasabye abayobozi batandukanye n’abanyarwanda muri rusange kutigira ubusa ahubwo bakwiriye guharanira ko inyigisho bahabwa zibafasha kugera ku ntego biyemeje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ndashaka ko inyigisho duhabwa zijyana n’intego-Perezida Kagame
9 July 2019, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Mushikiwabo yakiriwe na Perezida Essebsi wa Tunisie
8 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Tunisie Béji Caïd Essebsi, kuri uyu wa Gatanu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, wari muri icyo gihugu mu gushaka abamushyigikira, aho ari guhatanira kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Perezida Kagame yakiriwe mu musangiro na mugenzi we,Omar Al-Bashir-AMAFOTO
21 December 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriwe mu musangiro na mugenzi we wa Sudani, Omar Al-Bashir ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2017.Ni ibirori byaranzwe n’imbyino n’umuco gakondo w’iki gihugu.
Guhera kuri uyu wa 3 Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu gihugu cya Sudan aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we, Omar Al Bashir, byibanze ku bufatanye n’umubano hagati y’ibihugu byombi, haba mu bijyanye n’umutekano politiki n’ubukungu.
Paul (…) -
Perezida Kagame yahaye G.S Kimironko miliyoni 5
25 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18 bishya.
-
Perezida Kagame yageze muri Angola aho araganirira na Museveni n’abandi baperezida bo mu karere[AMAFOTO]
12 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we n’abandi baperezida bo mu karere barebere hamwe uburyo bwo kugarura amahoro muri Kongo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro ibarizwa muri kariya gace.
-
Impanuro za DIGP Sano ku bapolisi bagiye koherezwa muri Sudani y’Epfo
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, yahaye impanuro abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS).
-
NEC yatangaje burundu ibyavuye mu matora y’abadepite
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKomisiyo y’igihugu y’amatora, NEC, kuri uyu wa 22 Nyakanga 2024 yatangaje burundu ibyavuye mu matora y’abadepite yabaye kuva tariki ya 14 kugeza ku ya 16 Nyakanga 2024.
-
U Rwanda ntabwo ari ikirahure cyuzuye usukamo amazi akameneka-Perezida Kagame
29 September 2020, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu Nama ya Komite Nyobozi yaguye y’Umuryango wa FPR Inkotanyi yabaye kuri uyu wa Mbere ku Cyicaro gikuru cyawo gihereye i Rusororo,Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda bari hanze ko u Rwanda atari ikirahure cyuzuye ku buryo batataha iwabo mu nzira nziza.
-
Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka 4 n’ihazabu ya miliyoni 60 FRW
30 September 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rumaze kwemeza ko Bamporiki Bamporiki Edouard afungwa imyaka 4 akanatanga ihazabu ya 60,000,000 Frw.
Bamporiki wabaye muri guverinoma yashinjwaga ibyaha byo gusaba no kwakira indonke ndetse no gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko yaka ruswa.
Urukiko rwamuhamije ibyaha 2 birimo icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite.
Urukiko ntirwahise rutegeka ko ahita afungwa kuko yaburanye (…) -
Ingabo za RDC zakoze ibikorwa byiza, zishe benshi muri abo harimo n’abayobozi b’utwo dutsiko-Minisitiri Biruta
8 January 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Dr. Vincet Biruta,yatangaje ko Ingabo za RDC,FARDC zakoze ibikorwa byiza, kuko zishe inyishyamba n’abayobozi b’udutsiko twahungabanyaga umutekano w’iki gihugu ndetse n’uw’u Rwanda.
Umuryango.rw
Impanuro za DIGP Sano ku bapolisi bagiye koherezwa muri Sudani y’Epfo
NEC yatangaje burundu ibyavuye mu matora y’abadepite
U Rwanda ntabwo ari ikirahure cyuzuye usukamo amazi akameneka-Perezida Kagame
Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka 4 n’ihazabu ya miliyoni 60 FRW