Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Ugushyingo 2017; The New Vision yandikirwa mu gihugu cya Uganda ikaba n’Ikinyamakuru cya Leta, cyasohoye inkuru kuri paji ya mbere ivuga y’uko habayeho ibiganiro hagati ya Perezida Kagame w’u Rwanda na Perezida Yoweli Museveni wa Uganda kandi bitarabayeho.
Iki kinyamakuru kivuga y’uko Kagame na Museveni bagiranye ibiganiro bahuriye i Dubai mu bihugu byiyunze by’abarabu, aho bitabiriye ibiganiro bihuje abakuru b’ibihugu ku bucuruzi Afrika ikorana n’indi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kagame na Museveni bagiranye ibiganiro byihariye ?
3 November 2017, by Iyamuremye Janvier -
Kigali: Abatuye ‘Bannyahe’ bagiye kuhimurwa bahabwe umudugudu wa miliyari 10
1 April 2018, by Nsanzimana ErnestAbatuye mu kajagari kari mu tugari twa Kangondo I, Kangondo II na Kibiraro I, agace kazwi nka Bannyahe i Nyarutarama mu Karere ka Gasabo bagiye kuhimurwa bajyanywe gutuzwa mu mudugudu ugiye kubakwa mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Busanza.
Uyu mudugudu byitezwe ko uzuzura utwaye miliyari 10 uzaba urimo ibikorwa by’ amajyambere nk’ amashuri n’ isoko ndetse n’ ikibuga cyo kwidagaduriramo.
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2018 nibwo ubuyobozi bw’ umugi wa Kigali bwashyize ibuye ry’ ifatizo ahagiye (…) -
Amateka y’Umutoza Robetihno OLIVEIRA wagarutse muri Rayon Sport
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRoberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho, watoje ikipe ya Rayon sports akayifasha kwandika amateka nubu bacyi genderaho , yongeye ku yigarukamo nyuma yimyaka 4.
Robertinho yavutse Tariki 22 zukwa 01,1960 ,avukira mu mugi wa Rio de janeiro.Yakiniye ikipe y’igihugu ya Brazil, anayifasha kwegukana igikombe cyisi batsinze Paraguey mu 1980. Ubu akaba ari umutoza wabigize umwuga, akazi yatangiriye muri stade de Tunisien yo muri Tunisia.
Robertinho Yakiniye amakipe (…) -
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yasuye abanya Mozambike mu isoko
28 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame wagiriye uruzinduko muri Mozambique, yasuye Umurwa mukuru Maputo, anasura isoko riri hafi y’inyanja, aganira n’abaturage ku bufatanye bw’u Rwanda na Mozambique.
Nkuko amafoto yafashwe abigaragaza,Perezida Paul Kagame yakiranywe urugwiro n’abaturage bo muri iki gihugu yagiye asanga mu bice yasuye byo mu Murwa Mukuru, Maputo birimo n’iri soko ry’amafi riherereye ku nyanja y’Abahinde.
Perezida Kagame yageze muri Mozambike kuri uyu wa Gatanu mu ruzinduko rw’umunsi (…) -
Uzashaka gusenya Rayon Sports nzamumariraho imbaraga mfite zose- Perezida Sadate [Ijambo rirambuye]
23 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yatangarije abakunzi b’iyi kipe ko yiteguye guhangana n’umuntu wese ushaka gucamo ikipe ibice no gusenya iyi kipe aherutse gutorerwa kuyobora.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Seychelles
13 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuwa Gatandatu w’icyumweru gishize Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rwihariye muri Seychelles, aganira na Perezida Danny Faure uyobora iki gihugu.
-
Hamenyekanye igihe Kandidatire z’abashaka kuyobora u Rwanda zizakirirwa
21 February 2024, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’Amatora izatangira kwakira kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ndetse no ku mwanya w’ubudepite guhera tariki ya 17 Gicurasi 2024 kugeza tariki ya 30 Gicurasi 2024.
-
Sgt Minani warashe mu cyico abaturage 5 yatangiye kuburanishwa mu ruhame
3 December 2024, by Joseph IradukundaUrukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Ukuboza, rwatangiye kuburanishiriza mu ruhame urubanza ruregwamo Sergeant Minani Gervais wo mu ngabo z’u Rwanda ukekwaho kwica arashe abantu batanu.
-
Rusesabagina yazanwe mu rukiko kuburana ku iyongerwa ry’iminsi yo gufungwa by’agateganyo
20 October 2020, by Dusingizimana RemyMu buryo butunguranye, uyu munsi kuwa kabiri mu gitondo Paul Rusesabagina yazanywe mu rukiko rwibanze rwa Kicukiro kuburana ku iyongerwa ry’iminsi yo gufungwa by’agateganyo.
-
"U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka"-Perezida Kagame
2 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame Paul yatangaje ko Leta y’u Rwanda n’iya Tanzania basangiye byinshi birenze kuba ari ibihugu bihana imbibi ndetse biteguye gukorana mu mishinga y’irembere.
Umuryango.rw
Amateka y’Umutoza Robetihno OLIVEIRA wagarutse muri Rayon Sport
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yasuye abanya Mozambike mu isoko
Hamenyekanye igihe Kandidatire z’abashaka kuyobora u Rwanda zizakirirwa
Sgt Minani warashe mu cyico abaturage 5 yatangiye kuburanishwa mu ruhame
"U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka"-Perezida Kagame