Ikipe ya Musanze FC yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 7 wabereye kuri Stade Ubworoherane mu karere ka Musanze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Musanze FC yongeye gutsinda Rayon Sports yisubiza umwanya wa mbere wa shampiyona
15 October 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yongeye gutorerwa kuyobora FPR n’amajwi 99.9%
17 December 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka FPR Inkotanyi ryongeye gutora Perezida w’u Rwanda Paul Kagame nk’umukuru waryo.
Akimara gutorwa perezida Kagame yizeje impinduka ku gihugu cy’u Rwanda uko ibihe bizagenda bisimburana.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatowe ku mpuzandengo ya 99.9 ku ijana.
Visi Prezida bwana Christophe Bazivamo yatowe kuri 97.8 ku ijana naho bwana Francois Ngarambe we ku munyamabanga mukuru w’ishyaka yatowe kuri 97.5 ku ijana.
Ikigaragara cyo ku bategetsi bakuru b’iri shyaka ntibahindutse kuko (…) -
Ubunini bwa dosiye busubikishije urubanza rw’abo kwa Rwigara
20 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rw’abo mu muryango wa Rwigara; Dianne Rwigara, Anne Uwamahoro Rwigara na Mukangemanyi Rwigara, byimuriwe ku wa 23 Ukwakira 2017.
Ku mugoroba wo kuwa Gatatu nibwo Urukiko rwasoje kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo ibyaha byo guteza imvururu muri rubanda abo mu muryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara. Diane Nshimiyimana Rwigara Ubushinjacyaha (…) -
Minisitiri w’Intebe yafunguye ku mugaragaro ikoreshwa ry’imodoka zikoresha amashanyarazi mu Rwanda
29 October 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri,taliki ya 29 ukwakira 2019,Minisitiri w’Intebe Dr. Edward Ngirente yafunguye ku mugaragaro imodoka zikoresha amashanyarazi zigiye gukora bwa mbere mu Rwanda.
-
Abafite ubumuga ibihumbi 34 ntibagira indangamuntu, abana ibihumbi 17 ntibiga
26 November 2025, by Brenda MIZEROInama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga mu Rwanda (NCPD), yatangaje ko irajwe inshinga no gukemura ibibazo bikibangamiye abafite ubumuga birimo abarenga ibihumbi 34 batagira indangamuntu cyangwa bakaba batanditse mu irangamimerere ndetse n’abana barenga ibihumbi 17 batiga.
-
Mwiseneza Josiane yahimbiwe Igisigo kidasanzwe kimutakagiza kiri mu ndimi ebyiri[AMAFOTO]
10 January 2019, by Martin MunezeroKu mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa Igisigo gitakagiza Mwiseneza Josiane kiri mu ndimi ebyiri zitandukanye arizo IKINYARWANDA n’IGIFARANSA.
-
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
20 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAAmbasade y’u Rwanda mu Bwongereza, yasubije iki gihugu cyashinje u Rwanda kugira uruhare mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, ibusaba kureka kwirengagiza nkana no gushyigikira RDC ishakira ibisubizo mu ntambara.
-
Iran yemeje ko umuhanga wayo mu gukora ibitwaro bya Nikleyeri ’yishwe n’intwaro ikoreshwa na Telekomande
1 December 2020, by Dusingizimana RemyIran yemeza ko Israel ndetse n’umutwe utavuga rumwe na leta ukorera mu buhungiro bakoresheje ’remote control’ mu kwica bategereye Mohsen Fakhrizadeh wari umuhanga wo hejuru wa Iran mu bumenyi bwa nikleyeri, ku wa gatanu.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi wa Komisiyo ya EU
4 October 2024, by Joseph IradukundaKu mugoroba wo ku wa Kane tariki 03 Ukwakira 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri mu ruzinduko mu Bufaransa, yagiranye ibiganiro na Charles Michel, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
-
Musanze: Imodoka yagonze abantu uruhinja rw’amezi arindwi ruhasiga ubuzima
22 August 2022, by ISHIMWE JANEMu Karere ka Musanze mu Murenge wa Muko imodoka yakoze impanuka ubwo yatobokaga ipine igata umuhanda igonga abantu barimo umugore wari ufite abana babiri b’impanga umwe ahasiga ubuzima.
Umuryango.rw
Musanze FC yongeye gutsinda Rayon Sports yisubiza umwanya wa mbere wa shampiyona
Abafite ubumuga ibihumbi 34 ntibagira indangamuntu, abana ibihumbi 17 ntibiga
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi wa Komisiyo ya EU
Musanze: Imodoka yagonze abantu uruhinja rw’amezi arindwi ruhasiga ubuzima