World Economic Forum yashyize Polisi y’ u Rwanda ku mwanya wa mbere muri Afurika no ku mwanya wa 13 ku rwego rw’isi mu kunoza akazi kayo no kugirirwa icyizere mu baturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika mu kugira polisi yizewe
24 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yabwiye urubyiruko rwitabiriye Youth Connekt ibanga rikomeye ryabafasha kugera kure
9 October 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye urubyiruko ruturutse hirya no hino muri Afurika rwitabiriye inama ya Youth Connekt 2019 ko ibanga rimwe ryatuma bagera kure ndetse bakageza kure umugabane wa Afurika ari uguhuza imbaraga bagakorera hamwe.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi ikaba yatangiwemo akayabo ko kurwanya COVID-19
27 March 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa 26 Werurwe, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu kiga ku cyerekezo cy’urwego rw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe rushinzwe iterambere (AUDA-NEPAD), yifatanyije n’abakuru b’ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi (G20) mu nama idasanzwe yigaga ku cyorezo cya Coronavirus.
-
Abofisiye bakuru 108 bo mu bihugu 20 barangirije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yasabye abasirikare bakuru 108 bo mu bihugu 20 byo hirya no hino ku Isi barangije amasomo ajyanye n’imiyoborere mu bya gisirikare (Senior Command and staff Course) mu ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama, gukomeza gushyira imbaraga mu kurinda ubusugire bw’ibihugu byabo no kurangwa n’indangagaciro nzima.
-
Dr. Nsengiyumva yagiye guhagararira Perezida Kagame mu irahira rya Touadéra
30 March, by ISIMBI Estella -
Leta ya RDC mu nzira yo kugura drones icyenda zikomeye zo kurasa kuri M23
21 February 2023, by Dusingizimana RemyIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC ,kigiye kugura Drones zigera ku icyenda mu Bushinwa kugira ngo kibashe guhangana n’umutwe wa M23 ,ukomeje kwigarurira uduce twinshi muri Kivu y’Amajyaruguru.
Ikinyamakuru Africa Intelligence kiravuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwamaze kwemeza igurwa rya Drones icyenda mu Bushinwa zo mu bwoko bwa CH-4 Rainbow ,ndetse ko mu minsi mike iri imbere zizaba zamaze kugera ku rugamba mu Burasirazuba bwa DRC mu rwego rwo guhagarika (…) -
Tshisekedi yateguje guhindura itegekonshinga ashinja kugaragaza intege nkeya
24 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yavuze ko itegekonshinga ry’icyo gihugu rikwiye kuvugururwa kuko hari aho rifite "intege nkeya".
-
NEC yahaye ntarengwa abakandida mbere yo gutangira kwiyamamaza
17 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yavuze aho abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika n’uw’Abadepite batemerewe kwiyamamariza.
-
Abanyarwanda barenga ibihumbi 54 basanzwemo Virusi itera Sida mu myaka itandatu
12 January, by ISIMBI EstellaImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu myaka itandatu ishize kugeza mu 2024, abantu 54.287 basanzwemo Virusi itera Sida, abo mu Mujyi wa Kigali n’abo mu Ntara y’Iburengerazuba bakiharira umubare munini.
-
Perezida Kagame yasabye abayozi bashya kutagira amikoro urwitwazo rwo kwica akazi
23 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yasabye abayobozi bashya binjiye muri Guverinoma kutitwaza amikoro adahagije ngo bice akazi, ahubwo abibutsa ko no mu nshingano bafite harimo no gushaka ayo mikoro.
Umuryango.rw
Abofisiye bakuru 108 bo mu bihugu 20 barangirije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama
Dr. Nsengiyumva yagiye guhagararira Perezida Kagame mu irahira rya Touadéra

Leta ya RDC mu nzira yo kugura drones icyenda zikomeye zo kurasa kuri M23
Tshisekedi yateguje guhindura itegekonshinga ashinja kugaragaza intege nkeya
NEC yahaye ntarengwa abakandida mbere yo gutangira kwiyamamaza
Abanyarwanda barenga ibihumbi 54 basanzwemo Virusi itera Sida mu myaka itandatu
Perezida Kagame yasabye abayozi bashya kutagira amikoro urwitwazo rwo kwica akazi