Abanyamategeko ba Eric Nshimiye ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi wagombaga gutangira kuburanishwa muri Werurwe 2026, aho ari muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, basabye ko urubanza rwasubikwa kuko hari ibimenyetso bagikusanya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abanyamategeko ba Nshimiye ukekwaho uruhare muri Jenoside babeshye ko bafungiwe mu Rwanda
25 February, by Brenda MIZERO -
Perezida wa Turukiya yateguje gutera Israel
29 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya yatangaje amagambo akomeye ateguza gutera Israel mu rwego rwo gufasha abanya-Palestine.
Ibinyamakuru byo muri Israel byasubiyemo amagambo ya Erdogan agira ati “Tugomba kuba dukomeye cyane kugira ngo Israel itabasha gukora ibintu ikorera Palestine.”
Perezida wa Turukiya yavugaga ku ntambara Israel irwana muri Gaza.
Yongeyeho ati “Nkuko twinjiye muri [Nagorno-]Karabakh, (ni agace kakunze gushyamiranya Azerbaijan na Armenia), nk’uko twinjiye muri (…) -
Perezida Kagame yashimangiye ko MONUSCO ntacyo yamariye RDC
10 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) ntacyo zamariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nubwo zashoweho amafaranga menshi.
-
U Rwanda rwatangiye gutanga Viza ku banyamahanga bakigera mu gihugu
2 January 2018, by Iyamuremye JanvierGuhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo.
Amb. Nduhungirehe Olivier uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, avuga ko ibi bivuze ko u Rwanda rwafunguriye amarembo abantu bose harimo n’abashoramari. Iki kikaba n’ikimenyetso cy’umubano mwiza rufitanye (…) -
Perezida Kagame na Madamu basesekaye i Seychelles mu ruzinduko rw’iminsi 2 [AMAFOTO]
28 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari muri Seychelles aho bari mu bashyitsi bitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 47 iki gihugu kibonye ubwigenge.
Ni uruzinduko ruzaberamo ibikorwa bitandukanye aho Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakirwa na mugenzi we Wavel Ramkalawan na Madamu we Linda Ramkalawan.
Abakuru b’ibihugu byombi bagomba kugirana ibiganiro byihariye, bikurikirwa n’ibindi byitabirwa n’abayobozi b’inzego zitandukanye ku mpande zombi mu (…) -
Ingendo ziva n’izijya mu karere ka Rubavu zakomorewe nyuma y’igihe zitemewe
30 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Kamena 2020, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yemeje imyanzuroo y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 16/06/2020, inasuzuma ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19, ndets inemeza ko izi ngamba zihita zikurikizwa.
Iyi nama yateraniye muri Village Urugwiro ku Kacyiru yasuzumiwemo iyubahirizwa ku ngamba zafashwe mu iheruka ku wa 16 Kamena 2020.
Umwe mu myanzuro wafatiwe muri iyi (…) -
Gen Mubarakh Muganga na bagenzi be bo muri Afurika bahuriye muri Kenya
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama y’abagaba bakuru b’ingabo bo muri Afurika iri kubera muri Kenya kuva ku wa 29 Gicurasi 2025.
-
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yateguye ishimwe ryo guha Bunani warokoye umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi muri ruhurura ya Nyabugogo
6 February 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (Minema), iri gutegurira ishimwe bwana Bunani Jean Claude w’imyaka 27 y’amavuko watabaye umwana w’imyaka 6 y’amavuko witwa Gitego Jackson, wari ugiye gutwarwa n’amazi mu mugezi wa Nyabugogo tariki ya 1 Gashyantare 2020.
-
Wa mwarimu yabuze ibyangombwa bike ubwo yashyikirizaga NEC kandidatire ye ku mwanya wa Perezida
28 May 2024, by Dusingizimana RemyHakizimana Innocent ushaka kuzahatana mu matora ya Perezida wa Repubulika nk’umukandida wigenga, yashyikirije komisiyo y’igihugu y’amatora kandidatire ye.
-
Perezida Kagame na Emir wa Qatar bakurikiye isiganwa rya Qatar Grand Prix
2 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame n’Umuyobozi w’Ikirenga w’igihugu cya Qatar, Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, bakurikiye isiganwa rya Formula 1 Qatar Grand Prix.
Umuryango.rw
Abanyamategeko ba Nshimiye ukekwaho uruhare muri Jenoside babeshye ko bafungiwe mu Rwanda
Perezida wa Turukiya yateguje gutera Israel
Perezida Kagame yashimangiye ko MONUSCO ntacyo yamariye RDC
Perezida Kagame na Madamu basesekaye i Seychelles mu ruzinduko rw’iminsi 2 [AMAFOTO]
Ingendo ziva n’izijya mu karere ka Rubavu zakomorewe nyuma y’igihe zitemewe
Gen Mubarakh Muganga na bagenzi be bo muri Afurika bahuriye muri Kenya
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yateguye ishimwe ryo guha Bunani warokoye umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi muri ruhurura ya Nyabugogo
Wa mwarimu yabuze ibyangombwa bike ubwo yashyikirizaga NEC kandidatire ye ku mwanya wa Perezida
Perezida Kagame na Emir wa Qatar bakurikiye isiganwa rya Qatar Grand Prix