Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi,yashimiye ikipe ya RDC ikubutse muri Cote d’Ivoire uko yitwaye mu gikombe cya Afurika by’umwihariko ngo uko yeretse amahanga ubushotoranyi bw’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Tshisekedi yongeye kuvuga u Rwanda mu ijambo yahaye abakinnyi bavuye muri AFCON 2023
13 February 2024, by Dusingizimana Remy -
Hemejwe inyito y’ibyaha Abayobozi ba Israel bakoreye muri Gaza
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iperereza, yemeje ko abayobozi ba Israel bakoze Jenoside ku Banya-Palestine bo mu Ntara ya Gaza.
-
Leta izakomeza gukora ibishoboka byose ngo ifashe abanyarwanda muri ibi bihe bitoroshye-Perezida Kagame
27 March 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yatangaje ko Leta y’u Rwanda yiteguye gufasha abanyarwanda bahungabanyijwe n’ingamba zikarishye zafashwe mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus aho yashimangiye ko nubwo zitoroshye ariko ziri gutanga umusaruro mwiza.
-
Afghanistan:Abatalibani bafashe umurwa mukuru Kabul,Perezida arahunga
15 August 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’aba Taliban yabwiye umunyamakuru wa BBC Yalda Hakim ko "nta kwihorera kuzabaho" ku baturage ba Afghanistan.
Suhail Shaheen yabwiye BBC ati: "Dusezeranyije abaturage ba Afghanistan, by’umwihariko abo mu mujyi wa Kabul, ko imitungo yabo, ubuzima bwabo biri mu mutekano - nta kwihorera kuzabaho ku muntu uwo ari we wese".
"Turi abakozi ba rubanda n’ab’iki gihugu".
"Ubutegetsi bwacu bwategetse ingabo zacu kuguma ku irembo rya Kabul - kutinjira mu mujyi. Dutegereje guhererekanya (…) -
’Abarimu ntabwo bahembwa, biriya ntabwo ari uguhembwa’ PS Imberakuri
15 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka PS Imberakuri ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda riri kwiyamamaza mu matora y’ abadepite, risanga ikibazo gikomereye uburezi ari ireme ry’ uburezi naryo riterwa n’ uko abarimu bahembwa make iri shyaka rigereranya no kudahembwa.
-
U Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano
28 October 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano y’ubufatanye rusange, ibihugu byombi binemeranya gukomeza kuyashyira mu bikorwa vuba binyuze mu ishyirwaho rya Komisiyo Ihoraho y’Ubufatanye.
-
Qatar yashyikirije u Rwanda toni 15 z’ibikoresho byo kurwanya icyorezo cya COVID-19
29 April 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mata 2020,igihugu cya Qatar cyashyikirije Leta y’u Rwanda Toni zisaga 15 z’ibikoresho byo kwifashisha mu guhangana n’icyorezo cya Covid 19 gihangayikishije isi yose.
-
Byabarenze gusura u Rwanda!!!Ramos na bagenzi be bavuze byinshi ku rugendo rwabo
3 May 2022, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda bakurikirana imyidagaduro barabizi ko ibihangange 4 bikina muri PSG birimo Sergio Ramos,Keylor Navas,Julian Draxler na Thilo Kehler bari mu Rwanda ndetse banatembereye hirya no hino bareba ubwiza bw’urw’imisozi 1000.
Kuri uyu wa Mbere tariki 2 Gicurasi 2022, abakinnyi ba Paris- Saint Germain bahuye n’abafana babo mu Rwanda. Bahuye kandi n’abana bagize irerero rya Paris Saint-Germain mu Rwanda.
Ubwo baganiraga n’abakunzi ba PSG mu Rwanda,aba bakinnyi bagarutse kuri (…) -
Ubudage: Umwicanyi yinjiye aho Abahamya ba Yehova basengera arasa benshi
10 March 2023, by Dusingizimana RemyUmuntu witwaje intwaro yinjiye mu nzu y’Ubwami y’Abahamya ba Yehova arasa abantu, mu mujyi wa Hamburg uri mu burasirazuba bw’Ubudage.
Polisi ivuga ko uyu mugabo witwaje intwaro yabikoze wenyine kandi ko ashobora kuba yapfuye.
Ibinyamakuru by’Ubudage bitangaza ko abantu batandatu cyangwa barindwi ari bo baba biciwe muri iki gitero kandi ntibiramenyekana neza niba uyu mugabo yagikoze ari muri bo.
Polisi ivuga ko kugeza ubu impamvu yatumye uyu mugabo akora iki gitero itaramenyekana. (…) -
Ingabo z’Uburusiya zikomeje gukubitwa inshuro n’iza Ukraine
24 March 2022, by Dusingizimana RemyIngabo za Ukraine "zirimo kongera igitutu" ku ngabo z’Uburusiya ziri mu karere ko mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa mukuru Kyiv, nkuko bikubiye mu isesengura rishya ry’ubutasi rya minisiteri y’ingabo z’Ubwongereza.
Ukraine ikomeje gukora "ibitero byo kwigaranzura" Abarusiya hanze y’umurwa mukuru, nkuko ayo makuru abivuga, kandi Abanya-Ukraine bashobora kuba bisubije imijyi ya Makariv na Moschun.
Minisiteri y’ingabo z’Ubwongereza irasesengura iti: "Igishoboka kirimo gushyira (…)
Umuryango.rw
Perezida Tshisekedi yongeye kuvuga u Rwanda mu ijambo yahaye abakinnyi bavuye muri AFCON 2023
Hemejwe inyito y’ibyaha Abayobozi ba Israel bakoreye muri Gaza
Afghanistan:Abatalibani bafashe umurwa mukuru Kabul,Perezida arahunga
U Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano
Qatar yashyikirije u Rwanda toni 15 z’ibikoresho byo kurwanya icyorezo cya COVID-19
Byabarenze gusura u Rwanda!!!Ramos na bagenzi be bavuze byinshi ku rugendo rwabo
Ubudage: Umwicanyi yinjiye aho Abahamya ba Yehova basengera arasa benshi
Ingabo z’Uburusiya zikomeje gukubitwa inshuro n’iza Ukraine