Taliki ya 18/8/2024, nibwo hamenyekanye urupfu rw’ umwana w’imyaka 8 witwa Ganza Layan wapfuye urupfu rw’amayobera ,arinda shyingurwa tariki ya 26/8/2024 icyamwishe kitaramenyekana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RIB yatangaje ko wa mwana Ganza Layan wapfuye urupfu rw’amayobera yishwe
29 August 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yageze mu murwa Livingtsone muri Zambia [AMAFOTO]
4 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Kagame yageze mu murwa mukuru w’ubukerarugendo wa Zambiya, Livingstone , aho yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri.
-
Gasabo: RDF yasezeranyije ubutabera bwihuse abaturage bavuga ko bahohotewe n’abasirikare
2 April 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kangondo ya kabiri mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, ahazwi nko muri Bannyahe, baravuga ko hashyize ibyumweru bibiri abasirikare babatera bakabahohotera.
-
"Twese turi bato, igikwiriye kuba kibaho cyonyine ni magiririrane"-Perezida Kagame
15 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yifashishije urugero rw’umubumbe w’Isi mu isanzure umeze nk’ururo mu ntoki,asaba abantu kwiyoroshya.
Ibi Perezida Kagame yabigarutseho ubwo we n’abandi bayobozi mu nzego zinyuranye bitabiraga amasengesho yo gusengera Igihugu no gushima Imana arimo kubera muri Kigali Convention Centre.
Mu ijambo rye Umukuru w’Igihugu yavuze ko umuyobozi agomba guhora yiteguye kwikorera umutwaro w’inshingano afite ku baturage ndetse buri wese akwiriye kwiyoroshya.
Ati "Ukwiriye kumva uwo (…) -
Ingabo z’u Rwanda zishobora koherezwa muri Benin
15 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriwe na mugenzi we wa Benin, Patrice Talon mu Biro by’Umukuru w’Igihugu, ahazwi nka Le Palais de la Marina.
Muri uru ruzinduko rw’iminsi ibiri,hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye zirimo n’urw’umutekano, aho bishoboka ko ingabo z’u Rwanda zizoherezwa muri iki gihugu.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Kagame wageze muri Bénin uyu munsi na mugenzi we Patrice Guillaume Athanase Talon basabwe gushyira (…) -
Mu Rwanda hatangijwe ikigo kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga
2 October 2025, by Brenda MIZEROMu Rwanda hatangijwe Ikigo cyitwa Cyberhub kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga mu Gihugu ndetse no mu Karere ruherereyemo.
-
Keisha yagizwe Umuyobozi wa USAID mu Rwanda, asabwa kurufasha kwihutisha iterambere
19 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKeisha Effiom kuri uyu wa 18 Nyakanga 2024 yarahiriye kuyobora Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID) mu Rwanda, asabwa kurufasha kwihutisha iterambere mu nzego zigenda gake.
-
Idamange yakomerekeje umwe mu bapolisi bari bagiye kumuta muri yombi kubera ibyaha akekwaho
15 February 2021, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Idamange Iryamugwiza Yvonne ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 15 Gashyantare 2021,kubera ibyaha akekwaho birimo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda gusa yahohoteye umwe.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere nibwo RIB yatangaje ko yataye muri yombi Madamu Idamange kubera ibyo atangaza ku rubuga rwa You Tube.Uyu mugore afungiye kuri sitasiyo ya RIB i Remera mu Mujyi wa Kigali.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ubwo inzego (…) -
Gicumbi: Ba Gitifu basinyiye kurangiza vuba ikibazo cy’ubwiherero byabananira bakirukanwa
11 December 2019, by Dusingizimana RemyAbanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari mu karere ka Gicumbi bemereye Guverineri Gatabazi JMV ko bagiye kurangiza ikibazo cy’ubwiherero bitarenze tariki ya 31 Ukuboza 2019, byabananira bakirukanwa.
-
Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yasabiwe gufungwa by’agateganyo
25 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gutegeka ko Bigirimana Noella wahoze ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC afungwa iminsi 30 y’agateganyo, kubera impamvu zikomeye zituma hakekwa ko icyaha cyo gutanga isoko rya leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko akekwaho, yagikoze.
Umuryango.rw
RIB yatangaje ko wa mwana Ganza Layan wapfuye urupfu rw’amayobera yishwe
Perezida Kagame yageze mu murwa Livingtsone muri Zambia [AMAFOTO]
"Twese turi bato, igikwiriye kuba kibaho cyonyine ni magiririrane"-Perezida Kagame
Ingabo z’u Rwanda zishobora koherezwa muri Benin
Mu Rwanda hatangijwe ikigo kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga
Keisha yagizwe Umuyobozi wa USAID mu Rwanda, asabwa kurufasha kwihutisha iterambere
Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yasabiwe gufungwa by’agateganyo