Kompanyi yo mu Budage ya BioNTech yagiranye amasezerano na leta y’u Rwanda na leta ya Sénégal yo kubaka ikigo cya mbere muri Afurika gikora inkingo hifashishijwe ikoranabuhanga rya mRNA.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
BioNTech igiye gutangiza ikigo cya mbere gikora inkingo mu Rwanda
27 October 2021, by Dusingizimana Remy -
BNR yaburiye abinjira muri konti zabo za banki bakoresheje Wi-fi
11 December 2019, by Martin MunezeroBanki Nkuru y’Igihugu (BNR), irahamagarira abantu bose guhagarika kwinjira muri konti zabo za banki bakoresheje interineti itagira umugozi (Wi-Fi) itizewe (Open Wi-Fi networks), kuko bashobora guhura n’ibyago by’uko konti zabo zakwinjirwamo n’abajura.
-
Rayon Sports igiye kuzana kizigenza ufitanye isano na Trésor Mputu Mabi
25 July 2022, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports iri mu nzira zo gusinyisha umukinnyi ukomoka muri RDC ukina Imyanya Itandukanye nka 7,11,10 wakinaga muri Angola.
Amakuru dukesha Radio 10 aravuga ko uyu musore yitwa Kimpe-Mongo-Lumpala-Bokamba ufite imyaka 28.
Iki kinyamakuru cyakomeje kivuga ko uyu ari mwishywa wa Trésor Mputu Mabi uzwi cyane muri RDC mu ikipe ya TP Mazembe.
Ngo uyu mukinnyi aragera I Kigali mu masaha 48 ari imbere aho arasinyira Rayon Sports akagera ikirenge mu cy’abandi bakongomani (…) -
Dore ukuri nyako ku bivugwa ko umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda ko wafunzwe[AMAFOTO]
2 March 2019, by Martin MunezeroNyuma y’uko kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Gashyantare 2019 umupaka wa Gatuna wafunzwe, hari amakuru yahise acicikana ko n’uwa Cyanika wafunzwe.
-
Karongi:Imirenge y’icyaro yaje imbere iy’umujyi itaha amara masa muri mitiweli
30 March 2023Umurenge wa Mutuntu mu karere ka Karongi wongeye kwisubiza umwanya wa mbere muri mitiweli.
Buri mwaka mu karere ka Karongi haba amarushanwa yo kwesa imihigo mu bwisungane mu kwivuza.
Umurenge wa Mutuntu umaze imyaka ibiri wanikira iyindi mu kwesa umuhigo mu kwishyura Mitiweli,n’uyu mwaka niko byagenze kuko wongeye kwisubiza uwo mwanya.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umusigire w’Umurenge wa Mutunt, Ndamyeyezu Fidele yavuze ko impamvu bahora ku isonga ari ugukorera hamwe nk’ikipe (…) -
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
APR FC yahagamye Rayon Sports iyibuza kuyitsinda Kane kikurikiranya
29 October 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yanganyije 0-0 na Rayon Sports mu mukino w’Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
-
Gitega/ Nyarugenge: Baganuye umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke urabaryohera bagira ngo urimo isukari
3 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu mudugudu w’ Amayaga bateraniye ku biro by’ Akagari kabo ka Akabahizi ko mu murenge wa Gitega Akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali basangira umuganura urimo umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke birindwi urabaryohera bagira ngo watekanywe isukari ariko nyir’ ukuwuteka abamara impugenge.
-
Guhashya ruswa burundu mu Rwanda birashoboka?
12 December 2025, by Brenda MIZEROKu ruhando Mpuzamahanga u Rwanda ruri ku mwanya wa 43 mu bihugu birangwamo ruswa nkeya n’amanota 57%. Ni mu gihe Denmark ari iya mbere n’amanota 90%, Finland na 88%, Singapore na 84%.
-
"Gutitiriza usaba igitsina niba ari icyaha nta mugabo uzasigara"-Karegeya
19 May 2022, by Joseph IradukundaNta gihe gishize ,Urukiko rutegetse ko Prince Kid wateguraga irushanwa rya Miss Rwanda afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Umuryango.rw
BioNTech igiye gutangiza ikigo cya mbere gikora inkingo mu Rwanda
Rayon Sports igiye kuzana kizigenza ufitanye isano na Trésor Mputu Mabi
Karongi:Imirenge y’icyaro yaje imbere iy’umujyi itaha amara masa muri mitiweli
APR FC yahagamye Rayon Sports iyibuza kuyitsinda Kane kikurikiranya
Guhashya ruswa burundu mu Rwanda birashoboka?
"Gutitiriza usaba igitsina niba ari icyaha nta mugabo uzasigara"-Karegeya