Umutwe wa M23 wahakanye ibirego bikomeje kuvugwa mu bitangazamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yishe abasivili 60, ivuga ko bidafite ishingiro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDC:M23 yigaramye ibirego ishinjwa byo kwica abasivili 60
1 May 2023, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
-
Amerika: Umusenateri yabwiye bagenzi be ibigwi bya Perezida Kagame
24 January 2018, by Nsanzimana ErnestSenateri Jim Inhofe wo muri Sena ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, yasobanuriye bagenzi be iterambere ry’ u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ uruhare Perezida Kagame yabigizemo kubwe ngo iryo terambere ni igitangaza’.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Mutarama 2018, ubwo Sena ya Amerika yari iteranye, Senateri Inhofe yafashe umwanya asobanurira abandi basenateri ishusho nyayo ku Rwanda, n’uburyo Perezida Kagame yahisemo inzira itarakekwaga na benshi y’ubwiyunge kugira ngo (…) -
Leta y’u Rwanda yijeje gushakira igisubizo izamuka rihanitse ry’ibiciro
18 May 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko Guverioma yiteguye gufata igamba zose zishoboka, kugira ngo ibiciro ku isoko bidakomeza kuzamuka mu buryo bibera umutwaro abanyarwanda.
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gicurasi 2022, ubwo hatangizwaga icyiciro cya kabiri cy’ikigega nzahurabukungu,Minisitiri w’Intebe yavuze ko mu kwezi gushize kwa Mata ibiciro byakomeje kwiyongera, aho byageze ku gipimo cya 9.9% mu gihe muri Werurwe uyu mwaka igipimo cyari kuri 7.5% ariko Leta igiye (…) -
Minicom yashyizeho igiciro gishya cy’amata
23 August 2022, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yatangaje ko igiciro cy’amata cyiyongereho amafaranga 72Frw kuri litiro.
-
Amavubi yatsinze Lesotho yisubiza umwanya wa mbere mu itsinda
11 June 2024, by Dusingizimana RemyIkipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0, bituma yisubiza umwanya wayo wa mbere mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Minisitiri Prof Ngabitsinze yatangije Expo 2024 yitabiriwe n’ibigo 442, Made In Rwanda ihabwa umwihariko
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMinisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko ibigo by’ubucuruzi byitabira kumurika ibicuruzwa mu imurikagurisha mpuzamahanga ribera mu Rwanda bagenda biyongera by’umwihariko abo mu byiciro byihariye n’abanyamahanga bagahabwa amahirwe.
-
M23 yungutse Colonel Paluku wa FARDC n’abasirikare barenga 100 bayiyunzeho
7 January 2025, by Joseph IradukundaAmakuru Aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko Colonel Schadrack Paluku wari umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abasirikare barenga 100 yari ayoboye bamaze kwiyunga kuri M23.
-
Amajyaruguru: REG yahaye umuriro abaturage ibihumbi 2000 batengushywe na rwiyemezamirimo wagombaga kuwubaha muri 2016
25 October 2019, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe ingufu [REG], cyahaye umuriro abaturage bo mu mirenge 13 yo mu turere 3 two mu ntara y’Amajyaruguru nyuma y’imyaka isaga 4 batengushywe na kompanyi ya SPENCON yari yatsindiye iri soko ikadindiza imirimo.
-
Kandidatire ya Mushikiwabo ku mwanya w’umunyamabanga mukuru wa OIF yakiranywe urugwiro I Antananarivo
11 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yatanze kandidatire ye ku Bunyamabanga bw’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF).
Umuryango.rw
RDC:M23 yigaramye ibirego ishinjwa byo kwica abasivili 60
Leta y’u Rwanda yijeje gushakira igisubizo izamuka rihanitse ry’ibiciro
Minicom yashyizeho igiciro gishya cy’amata
Amavubi yatsinze Lesotho yisubiza umwanya wa mbere mu itsinda
Minisitiri Prof Ngabitsinze yatangije Expo 2024 yitabiriwe n’ibigo 442, Made In Rwanda ihabwa umwihariko
M23 yungutse Colonel Paluku wa FARDC n’abasirikare barenga 100 bayiyunzeho