Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije, yatangarije Abaturarwanda ko u Rwanda rwiyemeje gukoresha za robo [robots] zifasha mu kurwanya ikwirakwira rya Coronavirus yaba mu bitaro bivurirwamo abarwayi b’iki cyorezo ndetse no hirya no hino mu gihugu hahuriramo abantu benshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’Ubuzima yatangaje amazina yahawe za Robo zigiye kwifashishwa mu kurwanya ikwirakwira Covid-19 n’akazi zigiye gukora mu Rwanda
9 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida KAGAME yavuze ku bacuruzi basabwa ubukode mu madolari
10 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko abacuruzi bakwaga ubukode mu madolari bigomba gucika kuko bidakurikije amategeko.
-
U Rwanda rwaburiye Komisiyo y’Afurika yunze Ubumwe ishaka gutera inkunga ingabo za SADC ziri muri RDC
4 March 2024, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwasabye komisiyo y’Afurika yunze Ubumwe kudaha inkunga cyangwa ubufasha ingabo za SADC ziri mu butumwa bwa SAMIDRC muri Congo kuko zivanze na FDLR bikaba bishobora guhungabanya akarere.
-
Rwamagana: Mudugudu yakubise umugore w’ abandi amuciraho imyenda
4 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage witwa Mushikiwabo Solange utuye mu mudugudu wa Gisanza akagari ka Mwulire mu murenge wa Mwulire w’akarere ka Rwamagana arashinja umuyobozi w’umudugudu kumuhohotera akamukubita ndetse na telefone y’uyu muturage ifatwa bugwate ngo nuko adatanze amafaranga y’irondo.
-
Mukura VS yambuye igikombe cy’Agaciro Rayon Sports mu mukino wafatiwemo ibyemezo bikarishye
15 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Mukura VS yambuye igikombe cy’Agaciro Rayon Sports yari imaze imyaka 2 yikurikiranya igitwara,iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wafatiwemo ibyemezo bikarishye birimo penaliti 2 ndetse n’amakarita 2 y’umutuku byose ku mpande zombi.
-
Perezida Kagame yatangaje uko intambara zihora Sahel zarangizwa
18 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri ubu uyoboye Umuryango w’ ubumwe bw’ Afurika yavuze ko imikoranire inoze ariyo yarangiza intambara z’ urudaca ziri Sahel muri Maroc.
Yabivugiye I Munich mu Budage kuri uyu wa 18 Gashyantare 2018 mu nama ya 53 yiga ku mutekano ku Isi.
Ubwo haganirwaga ku kibazo cy’ intambara yo mu gace ka Sahel gaherereye mu Majyaruguru ya Afurika, kamaze imyaka igera kuri 40 mu ntambara zihanganishije umutwe ugamije impinduramatwara wa Polisario n’Ubwami bwa Maroc (…) -
Abaperezida ba EAC basabye M23 kuva mu duce yafashe vuba na bwangu
23 November 2022, by Dusingizimana RemyInama y’Abakuru b’Ibihugu yigaga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,yafashe imyanzuro itandukanye irimo uvuga ko inyeshyamba za M23 zigomba kuva mu duce zafashe vuba.
Iyi nama yabereye i Luanda kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2022,yatumijwe na Perezida wa Angola akaba n’umuhuza mu bibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, João Manuel Gonçalves Lourenço.
Yitabiriwe na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye akaba ari na we uyoboye Umuryango (…) -
Uvira: Umwana w’imyaka 12 yishwe arashwe mu myigaragambyo isaba Gen Gasita kugenda
9 September 2025, by ISIMBI EstellaUmwana w’umuhungu w’imyaka 12 yapfuye arashwe, abantu nibura icyenda na bo barakomereka mu myigaragambyo yabayemo guhangana hagati y’abasirikare n’abigaragambya ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo ya DR Congo.
-
Ibivugwa ko bigenza Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi mu karere
28 April 2025, by Joseph IradukundaAri i Bujumbura mu mpera z’iki cyumweru, Maxime Prevot, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi yavuze ko atari "impanuka" kuba yasuye u Burundi nyuma yo kuva i Kampala. Avuye i Bujumbura yahise yerekeza i Kinshasa.
-
Umubano w’u Burundi n’u Rwanda ugiye kuganirwaho
30 January 2019, by Martin MunezeroUmubano w’u Rwanda n’u Burundi ni imwe mu ngingo byitezwe ko izaganirwaho mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 1 Gashyantare, i Arusha muri Tanzania.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Ubuzima yatangaje amazina yahawe za Robo zigiye kwifashishwa mu kurwanya ikwirakwira Covid-19 n’akazi zigiye gukora mu Rwanda
Perezida KAGAME yavuze ku bacuruzi basabwa ubukode mu madolari
U Rwanda rwaburiye Komisiyo y’Afurika yunze Ubumwe ishaka gutera inkunga ingabo za SADC ziri muri RDC
Abaperezida ba EAC basabye M23 kuva mu duce yafashe vuba na bwangu
Uvira: Umwana w’imyaka 12 yishwe arashwe mu myigaragambyo isaba Gen Gasita kugenda
Ibivugwa ko bigenza Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi mu karere