Minisitiri Ngamije avuga ko abo bantu bose iyo ubabaze usanga mu gihugu hose bajya kugera kuri 20% y’abaturarwanda igihugu kizaba gikeneye gukingira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ku ikubitiro 20% by’abanyarwanda nibo bazabanza gukingirwa Coronavirus
5 October 2020, by Martin Munezero -
‘Kwibwira ko hari imigabane iruta indi biragenda bishira’ Perezida Kagame
22 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 22 Ukwakira 2018 ubwo yatangizaga imirimo y’ inteko nyafurika ya gatanu. Iyi nteko izamara ibyumweru ibera mu Rwanda. Turabashimira akazi keza mukora.
-
Muhanga: Hitabajwe ubwato bwa Gisirikare nyuma yo kugongana kw’amato 2 abantu bakarohama
4 January 2022, by Dusingizimana RemyUbwato bw’ibiti bubiri bwagonganiye ku cyambu kiri ku kiraro giheruka gucika gihuza Akarere ka Muhanga na Gakenke,bamwe mu bagenzi babanza kuburirwa irengero. Iyi mpanuka yabereye mu mugezi wa Nyabarongo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 03 Ukuboza 2022 ubwo ubwato bwavaga mu Karere ka Muhanga bwagonganaga n’ubwavaga mu Karere ka Gakenke.
Ubwo bwato bwari butwaye abantu bari bagiye guhahira muri Muhanga n’abajyaga mu bikorwa by’ubucukuzi mu Karere ka Gakenke, abantu barenga 40 bakaba (...) -
U Rwanda rwasezerewe mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika MINISPORTS yiyemeza kurikomeza
19 September 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’u Rwanda mu bagore mu mukino wa Volleyball yakuwe mu marushanwa y’igikombe cy’ Afurika 2021 y’abagore muri Afurika nyuma y’ibirego byo gukinisha abakinnyi batujuje ibyangombwa.
-
Guverinoma yatangaje igihe Guma mu rugo ya Kigali izarangirira ibikorwa bigasubukurwa
2 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri iki gicamunsi, hifashishijwe ikoranabuhanga, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zitandukanye zirimo urugamba rwo guhangana n’icyorezo cya Koronavirusi.
Mu rwego rwo gukomeza gukumira ikwirakwira rya COVID-19, Inama y’Abaminisitiri yemeje ko ingamba zose zisanzweho mu Gihugu, harimo na gahunda ya Guma mu rugo mu Mujyi wa Kigali, zikomeza gukurikizwa guhera ku itariki ya 3 kugeza ku ya 7 Gashyantare 2021.
Icyakora nyuma y’aho guhera kuwa 08 Gashyantare 2021,Guma (...) -
Inzara ikomeje guca ibintu ku Isi
2 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUwagutuka nabi ni uwakwifuriza kubaho utabona icyo ushyira mu nda, gusa ku bantu barenga miliyoni 730 bari hirya no hino ku Isi, ibi si inkuru mbarirano nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, PAM, ribitangaza.
-
Abanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye bikomeye Twagiramungu Faustin nyuma yo kwita Perezida Kagame umunyabyaha
14 September 2019, by Martin MunezeroAbanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye Faustin Twagiramungu wabaye Minisitiri w’intebe wa mbere w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’ubutumwa yanditse kuri Twitter ye yita perezida wa Repubulika Paul Kagame “Umunyabyaha”
-
U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege mu minsi 30 nyuma y’abandi barwayi 3 ba Coronavirus bagaragaye
18 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki ya 18 Werurwe 2020 habonetse abandi bantu batatu banduye Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwandura COVID-19 ugera kuri 11.
-
Ingendo ntizigomba kurenza saa yine abajya mu birori no mu tubari bashyiriweho amabwiriza mashya
18 December 2021, by Dusingizimana RemyHasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 avuga ko amasaha ntarengwa y’ingendo yemewe ari saa yine z’ijoro aho kuba saa sita z’ijoro nk’uko byari bimaze kumenyerwa.
Izi ngamba zitangajwe nyuma y’aho mu gihugu hagaragaye ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije yitwa Omicron. Ku wa Kane mu gihugu hari hagaragaye abandu 125 mu gihe kuri uyu wa Gatanu bari 153.
Amabwiriza yashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe avuga ko guhera kuwa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021,ingendo (...) -
Amashuri y’incuke n’icyiciro cya mbere cy’abanza agiye gutangira
7 January 2021, by Martin MunezeroMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abiga mu mashuri y’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere cy’abanza bazasubukura amasomo yabo ku wa 18 Mutarama 2021 nyuma y’igihe kigera ku mezi 10 bari bamaze batiga kubera icyorezo cya COVID-19.
0 | ... | 2850 | 2860 | 2870 | 2880 | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | 2930 | ... | 3430