Ku wa Gatatu, tariki ya 29 Nyakanga 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
30 July 2020, by Dusingizimana Remy -
Polisi yafashe abantu bari bikingiranye mu nzu ya Betting bari gukina n’umumotari wahaga abagenzi amazi abeshya ko ari sanitizer
6 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 06 Kamena 2020,Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo batandatu ishinja guhurira mu nzu ikinirwamo ibijyanye no guteega(betting), hamwe n’umumotari uregwa guha abantu amazi ababeshya ko ari umuti wica mikorobe abantu bakaraba [sanitizer] mu rwego rwo kwirinda Covid-19.
-
Inama yagombaga kwiga ku mubano w’u Rwanda na Uganda yasubitswe kubera Coronavirus
25 March 2020, by Dusingizimana RemyInama yagombaga guhuza intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda mu kureba aho Uganda igeze isubiza ku murongo ibyo yasabwe birimo guhagarika gukorana n’imitwe ishaka guhungabanya umutekano yasubitswe kubera Coronavirus.
-
"Turifuza ko urubyiruko rwacu rwaba intwari’-CHENO
5 January 2024, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu ,Imidari n’Impeta by’Ishimwe [CHENO],rurashishikariza Abanyarwanda by’umwihariko Urubyiruko gukomeza guharanira kuba intwari bakagera ikirenge mu ntwari zababanjirije.
-
U Rwanda mu bihugu byafashe mu mugongo Misiri nyuma y’ igitero cyishe abarenga 300
25 November 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’u Rwanda yihanganishije Igihugu cya Misiri n’abaturage bacyo muri rusange ku bw’igitero cy’iterabwoba cyabereye ku musigiti kigahitana abantu 300. Mushikiwabo Louise, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane, n’ibikorwa by’Umuryango w’ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba, yavuze ko u Rwanda rwamaganye icyo gikorwa kiterabwoba cyahitanye imbaga kigakomeretsa benshi.
Abicishije ku rubuga rwa Twitter, Minisitiri Mushikiwabo yagize ati “ Mu izina rya Guverinoma y’u (…) -
’Nta muntu n’umwe ku isi ushobora guhitamo aho avana u Rwanda’-Perezida Kagame
14 January 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko uzashaka guhungabanya amahoro igihugu gifite atazihanganirwa ndetse aboneraho kwibutsa amahanga ko Abanyarwanda aribo bonyine bafite uburenganzira bwo guhitamo uko babaho.
-
"Abo bantu ntibakwiye guhagarika ubuzima bwacu"-Perezida Kagame avuga ku bakoze Jenoside bacyihishe hanze
8 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko hakiri ibihugu byinangiye gutanga ubutabera ku babicumbitsemo bakekwaho Jenoside yakorewe Abatutsi ariko bitahagarika ubuzima bw’igihugu.
-
Guverinoma yagabanyije cyane imisoro itandukanye irimo iy’ubutaka n’ipatanti
21 April 2023, by Dusingizimana RemyGuverinoma yagabanyije imisoro hashingiwe ku cyerekezo cyatanzwe na Perezida Kagame muri Mutarama uyu mwaka.
Urugero, umusoro w’ubutaka washyizwe hagati ya 0-80 Frw uvuye hagati ya 0-300Frw.
Ku wa Mbere,tariki ya 9 Mutarama 2023,Perezida Kagame ubwo yakiraga indahiro ya Perezida wa Sena Dr Kalinda Francois Xavier,yasabye inzego zibishinzwe kugabanya imisoro kuri rubanda,kuko kwaka myinshi ataribyo bituma iboneka.
Icyo gihe yagize ati "Imisoro ifite uko idindiza ishoramari mu (…) -
Kaminuza y’u Rwanda yahawe abayobozi bashya by’agateganyo
16 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Dr Didas Kayihura Muganga, Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda w’agateganyo.
Na ho Dr Raymond Ndikumana agirwa Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe igenamigambi n’imiyoborere muri iyi kaminuza.
Dr Didace Kayihura Muganga wagizwe umuyobozi w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda,asanzwe ari perezida wa njyanama y’umujyi wa Kigali.
Ku wa 6 Gicurasi 2022 nibwo Prof Alexandre Lyambabaje yeguye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda (UR) (…) -
Perezida Kagame yasabye abacamanza kwigira ku mateka bakarwanya akarengane
25 January 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 25 Mutarama 2022,Perezida Paul Kagame yavuze ko ubutabera ari imwe mu nkingi u Rwanda rushingiraho ndetse ko ari umusingi w’iterambere ryacyo.
Ibi yabivuze mu muhango wo kwakira indahiro ya Mukamurenzi Béatrice, wagizwe Umucamanza mu Rukiko rw’Ubujurire mu nama y’Abaminisitiri yo ku wa 14 Ukuboza 2021.
Nyuma yo kwakira indahiro ye,Perezida Kagame yavuze ko inshingano ze nubwo azimenyereye ariko zitoroshye kuko ubutabera ari imwe mu nkingi z’ingenzi amajyambere y’u Rwanda (…)
Umuryango.rw
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
"Turifuza ko urubyiruko rwacu rwaba intwari’-CHENO
’Nta muntu n’umwe ku isi ushobora guhitamo aho avana u Rwanda’-Perezida Kagame
"Abo bantu ntibakwiye guhagarika ubuzima bwacu"-Perezida Kagame avuga ku bakoze Jenoside bacyihishe hanze
Guverinoma yagabanyije cyane imisoro itandukanye irimo iy’ubutaka n’ipatanti
Kaminuza y’u Rwanda yahawe abayobozi bashya by’agateganyo
Perezida Kagame yasabye abacamanza kwigira ku mateka bakarwanya akarengane