Umuvugizi w’Igisirikare cya RDC, Gen Maj Léon-Richard Kasonga, yatangaje ko igisirikare cya FARDC cyakoze ibishoboka byose mu kirwanya FDLR ku buryo muri iki gihe imaze kuba amateka.
Ubwo yari mu kiganiro cy’umutekano n’abanyamakuru I Kinshasa kuwa 30 Gicurasi 2022,Uyu musirikare yavuze ko ubu FDLR ari umutwe utakiriho kuko ngo bawukubise inshuro, ubu abasigaye akaba ari abantu baba bishakira ibyo kurya gusa.
Yagize ati "Muri iki gihugu ni abasirikare bangahe bapfiriye ku rugamba bari (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igisirikare cya RDC nticyumva ukuntu u Rwanda rubangamiwe na FDLR cyagize amateka
1 June 2022, by Dusingizimana Remy -
RDC: Abatavuga rumwe na Tshisekedi bahagurukiye rimwe bavuga amagambo akomeye
3 January 2024, by Dusingizimana RemyAbatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo barahamagarira abanyagihugu kwishyira hamwe bakarwanya Felix Tshisekedi watangajwe na komisiyo y’amatora muri Kongo CENI ko ariwe watsinze amatora yabaye tariki 20 z’ukwezi gushyize.
-
Umuhango wo #KwitaIzina uyu mwaka uzaba hakoreshejwe ikoranabuhanga
4 September 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ’RDB’ cyatangaje ko kubera icyorezo cya COVID-19 gikomeje kuyogoza isi yose, umuhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana b’ingagi uyu mwaka, uzaba hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ya OACPS yize ku ngamba zo gukomeza guhangana na Covid-19 [AMAFOTO]
3 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu,tariki ya 03 Kamena 2020, Perezida Kagame yitabiriye inama y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika, Karayibe na Pasifika, yize ku ngamba zo gukomeza guhangana na Covid-19.
-
Commonwealth yatangaje igihe inama ya CHOGM igomba kubera i Kigali izabera
23 September 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame n’Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth,Patricia Scotland uyu munsi batangaje amatariki mashya y’Inama y’Abakuru b’Ibihugu bya Common wealth CHOGM2021 yari yasubitswe kubera Covid-19.
-
Nubwo imbasa yarandutse mu Rwanda kuyirwanya birakomeje
13 October 2017Tariki 13 Ukwakira ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara y’imbasa. Mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe mu murenge wa Kamegeri mu karere ka Nyamagabe.
Uwihoreye Silas wo mu karere ka Nyamagabe yatangarije Umuryango ko indwara y’imbasa ayizi ariko hashize imyaka myinshi atabona umuntu uyindwaye.
Yagize ati" imbasa ndayizi. Si ya ndwara yatumaga akaguru kanyunyuka kakaba gato cyane? Hashize imyaka myinshi ntabona umuntu uyindwaye." Uwihoreye Elias umuturage w’imyaka 60
Minisitiri (...) -
Diane Rwigara na nyina hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki bagasomerwa
5 December 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 6 Ukuboza 2018 nibwo biteganijwe ko urukiko rukuru rusoma imyanzuro y’ urubanza ruregwamo Diane Rwigara na nyina Adeline Mukangemanyi Rwigara.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Abanyarwanda bafite ibizabageza ku iterambere bifuza
18 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2017, ubwo yatangizana inama y’ igihugu y’ umushyikirano yagaragaje ibyo iterambere rirambye Abanyarwanda bifuza kugeraho bizashyigiraho.
Yagize ati “Dufite amahirwe, turifite, dufite ubushake, dufite imyumvire ku buryo twakomeza gukorera kuri politiki nziza dukoresha kandi dukorera abanyarwanda bose, ibi nibyo byatugeza ku majyambere twifuza”.
Umukuru w’ igihugu yakomeje avuga ko kugira ngo u Rwanda rugere aho rwifuza (...) -
Ukraine yanyomoje Uburusiya bwigambye kwica abasirikare 600 bayo
9 January 2023, by Dusingizimana RemyUkraine yise “icengezamatwara” ibivugwa n’Uburusiya ko bwishe ingabo amagana za Ukraine mu bitero bya misile ahantu hamwe.
Moscow - iterakanye ibihamya - yavuze ko “igitero cya misile” mu mujyi w’iburasirazuba wa Kramatorsk cyishe abasirikare barenga 600 ba Ukraine.
Ivuga ko byari ukwihorera ku gitero cya Ukraine ku kigo cya gisirikare cy’ingabo z’uburusiya cyaguyemo ababarirwa muri za mirongo mu ijoro rishyira umwaka mushya.
Gusa igisirikare cya Ukraine kiravuga ko ibyo atari ukuri.
Serhiy (...) -
Sugira Ernest yakoreye ibitangaza muri Ethiopia ahesha ishema u Rwanda
22 September 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Sugira Ernest uri mu bihe byiza cyane yikaraze mu kirere atsinda igitego cy’akataraboneka cyafashije u Rwanda gutera intambwe ikomeye yo kuba yakwerekeza mu mikino ya CHAN 2020 nyuma yo gutsindira Ethiopia iwayo igitego 1-0.
0 | ... | 2840 | 2850 | 2860 | 2870 | 2880 | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | ... | 3430