Kuri uyu wa 24 Werurwe 2021, guhera saa Mbiri n’igice z’igitondo,nibwo Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambuka Imbibi rurakomeza kuburanisha urubanza rwa Paul Rusesabagina n’abo bareganwa basaga 20.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rusesabagina ntiyagaragaye mu rukiko nkuko yari yabitangaje
24 March 2021, by Dusingizimana Remy -
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yahawe umupira na Wenger banasuhuzanya bidasanzwe
15 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Gicurasi 2021,nibwo i Kigali habereye Inama ya Komite Nyobozi y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yitabiriwe na Nyakubahwa Perezida Kagame,umuyobozi wa FIFA,Gianni Infantino, Perezida wa CAF, Dr Patrice Motsepe, umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger n’abandi bashinzwe iterambere ry’umupira w’amaguru muri Afurika.
-
U Rwanda rwavuze ku cyemezo cyo guhagarika indege yari kuzana abimukira bo muri UK
15 June 2022, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye,indege ya mbere yagombaga kuvana abimukira ba mbere mu Bwongereza ibazana mu Rwanda yahagaritswe hasigaye iminota mike ngo iguruke nyuma y’umwanzuro w’urukiko.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itaciwe intege n’iki cyemezo cyafashwe ku munota wa nyuma ndetse ngo rwiteguye kubakira igihe cyose bazazira.
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagize ati "Ntabwo twaciwe intege n’ibi byemezo. U Rwanda rushyigikiye byuzuye ko ubu bufatanye bushyirwa mu bikorwa. (…) -
Gicumbi: Umwarimu aravugwaho gusambanya umukobwa yigisha yitwaje kureba aho imbwa yamurumye
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestMu karere ka Gicumbi kuri sitasiyo ya Polisi ya Byumba hafungiye umwarimu wigishaga ku rwunge rw’amashuri rwa Byumba Inyange ukekwaho gusambanya umunyeshuri w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko yigishaga.
-
Urukiko rwatangaje igifungo rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel
11 April 2024, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel wahoze ayobora intara y’Iburasirazuba igifungo cy’imyaka 3 n’amezi 6 ndetse n’ihazabu ya miliyoni 36 Frw.
-
Rubavu: Undi muturage yakomerekejwe n’igisasu cyarasiwe muri Congo
1 November 2023, by Dusingizimana RemyUmuturage witwa Hagumimana Pierre wo mu Karere ka Rubavu yakomerekejwe n’igisasu cyaturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mirwano ishyamiranyije ingabo za Leta n’umutwe wa M23.
-
Ibiyobyabwenge: Minisitiri Busingye yabwiye abanya Gicumbi ko burundu ari ebyiri abasaba guhitamo imwe
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yifatanyije n’ abaturage b’ akarere ka Gicumbi mu muganda wo gutera ibiti ku misozi yo mu murenge wa Rutare. Nyuma y’ umuganda aganiriza abaturage ku mavugurura aherutse kuba ku gitabo cy’ amategeko ahana ibyaha ababwira ko gucuruzwa ibiyobyabwenge igihano cyabaye igifungo cya burundu
-
Igisirikare cya RDC nticyumva ukuntu u Rwanda rubangamiwe na FDLR cyagize amateka
1 June 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’Igisirikare cya RDC, Gen Maj Léon-Richard Kasonga, yatangaje ko igisirikare cya FARDC cyakoze ibishoboka byose mu kirwanya FDLR ku buryo muri iki gihe imaze kuba amateka.
Ubwo yari mu kiganiro cy’umutekano n’abanyamakuru I Kinshasa kuwa 30 Gicurasi 2022,Uyu musirikare yavuze ko ubu FDLR ari umutwe utakiriho kuko ngo bawukubise inshuro, ubu abasigaye akaba ari abantu baba bishakira ibyo kurya gusa.
Yagize ati "Muri iki gihugu ni abasirikare bangahe bapfiriye ku rugamba bari (…) -
U Bufaransa buzaburanisha Abanyarwanda batatu na Charles Onana mu mwaka utaha
25 December 2025, by Brenda MIZEROUbutabera bw’u Bufaransa mu mwaka utaha buzaburanisha imanza z’Abanyarwanda batatu bakurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 na Charles Onana wahamijwe icyaha cyo guhakana no gupfobya Jenoside.
-
Mushikiwabo yateguje Abanyakigali ko mu minsi iri imbere imihanda imwe izaharirwa Abaperezida bategerejwe I Kigali mu nama
14 March 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba , Louise Mushikiwabo, yateguje Abanyakigali ko mu cyumweru gitaha imwe mihanda izaharirwa abaperezida bategereje mu Rwanda mu nama yiga ku ishyirwaho ry’amasezerano ashyiraho isoko rusange mu bihugu bya Afurika, ‘Continental Free Trade Area (CFTA)’.
Abakuru b’ibihugu bya Afurika basaga 26 bamaze kwemeza ko bazitabira iyi nama Idasanzwe ya Afurika Yunze Ubumwe (AU).
Iyi nama (…)
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ku cyemezo cyo guhagarika indege yari kuzana abimukira bo muri UK
Urukiko rwatangaje igifungo rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel
Rubavu: Undi muturage yakomerekejwe n’igisasu cyarasiwe muri Congo
Igisirikare cya RDC nticyumva ukuntu u Rwanda rubangamiwe na FDLR cyagize amateka
U Bufaransa buzaburanisha Abanyarwanda batatu na Charles Onana mu mwaka utaha