Intumwa z’Umuryango w’Ingabo Zihora ziteguye Gutaba mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Standby Force-EASF), zagiriye uruzinduko mu Rwanda rugamije ibirimo kugenzura ibikorero by’ingabo zirwanira mu kirere, RDF yiyemeje gutanga
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere
23 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Igikombe cy’isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru ntikikibereye mu Rwanda
26 June 2024, by Dusingizimana RemyIgikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho mu mupira w’amaguru cyagombaga kubera mu Rwanda muri Nzeri 2024, ntikikibaye nyuma y’iseswa ry’amasezerano Guverinoma y’u Rwanda yari yaragiranye na Easy Group EXP yari ishinzwe kugitegura.
-
Musangabatware yatorewe kuyobora urwego rwa EALA rushinzwe kurwanya ruswa
15 October 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwanda Musangabatware Clement yatorewe kuba Umuyobozi w’Ihuriro ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba baharanira kurwanya ruswa (EAPNAC).
-
Abakinnyi ba Rayon Sports bifatanyije n’abaturage b’I Ngoma mu muganda usoza ukwezi [AMAFOTO]
28 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Ngoma mu muganda usoza ukwezi kwa Nzeri aho abakinnyi batandukanye n’umutoza Martinez bose bagaragaye bishimiye iki gikorwa.
-
Abatorokanye na Ntamuhanga umwe yari afungiye ubuhotozi undi afungiye gufata ku ngufu
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbagororwa babiri batorokanye na Cassien Ntamuhanga muri Gereza ya Nyanza(Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira umwe yari afungiye ubuhotozi mugenzi we afungiye gusambanya ku gahato. Nibafatwa bazasubizwa mu nkiko
Umuvugizi w’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa CIP Sengabo Helary yatangarije UMURYANGO ko Sibomana Kirenge yakatiwe imyaka 20 nyuma yo guhamwa n’ icyaha cy’ ubuhotozi mu gihe Batambarije Theogene yakatiwe imyaka 16 nyuma yo guhamwa n’ icyaha cyo gufata (…) -
U Rwanda na RDC bemeranyije korohereza ubuhahirane ku mipaka
3 November 2020, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo tariki ya 02 Ugushyingo 2020, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyantwari Alphonse yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Carly Kasivita, ku buryo bwo kunoza imikoresherezwe y’umupaka wa Rubavu mu buhahirane hirindwa ikwirakwira rya COVID-19.
-
Rwakazina atorewe kuba meya mushya w’ umujyi wa Kigali
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama Njyanama y’ umujyi wa Kigali itoreye Marie-Chantal Rwakazina w’ imyaka 45 wize ibijyanye n’ ubukungu kuba kuba Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali asimbura Pascal Nyamulinda weguye mu kwezi gushize.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa
31 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri Jean-Noël Barrot, yageze mu Rwanda ku wa Kane tariki 30 Mutarama 2025, nyuma yo kuva i Kinshasa, aho yabonanye na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC).
-
Amazi agiye kujya yishurwa mbere nkuko bikorwa ku muriro w’amashanyarazi
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, cyatangaje ko mu gihugu hose hagiye gutangizwa uburyo bushya bw’ikoranabuhanga aho amazi azajya yishyurwa mbere nkuko bisanzwe bikorwa ku muriro w’amashanyarazi.
-
Icyiciro cy’abanyarwa 642 bari barafashwe bugwate na FDLR cyageze mu Rwanda
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbanyarwanda 642 bari bamaze igihe mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barafashwe bugwate na FDLR batashye.
Umuryango.rw
Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere
Igikombe cy’isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru ntikikibereye mu Rwanda
Musangabatware yatorewe kuyobora urwego rwa EALA rushinzwe kurwanya ruswa
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa
Amazi agiye kujya yishurwa mbere nkuko bikorwa ku muriro w’amashanyarazi
Icyiciro cy’abanyarwa 642 bari barafashwe bugwate na FDLR cyageze mu Rwanda