Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney , avuga ko atumva ukuntu ibipimo by’igwingira mu bana bo mu Karere ka Musanze, bikomeje kwiyongera, nyamara ari kamwe mu Turere twihagije ku musaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, kanasagurira utundi two mu gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ifoto y’umunsi: Minisitiri Gatabazi yagaragaye agaburira abana mugikorwa cyo kurwanya igwingira
16 March 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Ingendo ntizigomba kurenza saa yine abajya mu birori no mu tubari bashyiriweho amabwiriza mashya
18 December 2021, by Dusingizimana RemyHasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 avuga ko amasaha ntarengwa y’ingendo yemewe ari saa yine z’ijoro aho kuba saa sita z’ijoro nk’uko byari bimaze kumenyerwa.
Izi ngamba zitangajwe nyuma y’aho mu gihugu hagaragaye ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije yitwa Omicron. Ku wa Kane mu gihugu hari hagaragaye abandu 125 mu gihe kuri uyu wa Gatanu bari 153.
Amabwiriza yashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe avuga ko guhera kuwa mbere tariki ya 20 Ukuboza (…) -
Perezida Kagame yijeje igisubizo kirambye ku bibazo by’ibiciro by’ingendo byanenzwe n’abaturage
22 October 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko ibibazo by’ingendo byabangamiye abanyarwanda bagasaba ko bihindurwa hari inzira nziza yo kubikemura ariko yemeza ko kuba abantu bongeye kugenda nabwo ari intambwe ikomeye nyuma y’aho Covid-19 yatumye habaho Guma mu rugo yazahaje imibereho y’abaturage.
-
Abarimo kuvuguta umuti uzatuma Abanyafurika batongera gupfira mu nyanja bajya I Burayi bahuje amaboko
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bwa Pan African Movement(PAM) bwatangije ibikorwa byabwo muri kaminuza yigisha ibijyanye n’ imiyoborere ‘African Leadership University’ ibarizwamo umuryango ‘kupambana’ wiyemeje gushishikariza Abanyafurika gukunda umugabane wabo.
Ibi bibaye mu gihe isi ihangayikishijwe n’ ikibazo cy’ abimukira bava muri Afurika bajya mu Burayi n’ Amerika bibwira ko ariho hari imibereho myiza binatuma abenshi bapfira mu nyanja. PAM na Kupambana bahuriza kukuba Afurika ntacyo ibuze ahubwo ko kuba (…) -
Louise Mushikiwabo atorewe kuyobora OIF ku bwiganze bw’ amajwi
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyarwandakazi Louise MUSHIKIWABO niwe utorewe kuyobora umuryango w’iihugu bikoresha igifaransa kuri uyu wa 12 Ukwakira 2018.
-
Hashyizwe hanze amafoto meza y’ubukwe bwa Ange Kagame na Bertrand[AMAFOTO]
8 July 2019, by Martin MunezeroAnge Kagame w’imyaka 25, yashyingiranywe na Ndengeyingoma kuwa Gatandatu,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
Idamange yanze kwitaba urukiko i Nyanza
15 June 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza rwa Yvonne Idamange rwasubitswe kuko igihe cyo gutangira yari ari mu cyumba afungiwemo i Kigali kuko yanze kuburanira ku cyicaro cy’urukiko i Nyanza mu majypefo y’u Rwanda.
-
Abagore barenga ibihumbi 35 mu Rwanda bifungishije burundu
8 January, by Brenda MIZEROMu Rwanda abagore barenga 35.105 barifungishije burundu nka bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro, aho 4.219 muri bo bifungishije mu 2024.
-
Perezida Kagame na mugenzi we Museveni bagiye kongera guhurira muri Angola ku kibazo cy’umubano w’u Rwanda na Uganda
1 February 2020, by Martin MunezeroKuri iki Cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2020, Ibihugu by’u Rwanda na Uganda birasubira muri Angora mu biganiro bigamije gushakira hamwe umuti w’ikibazo cy’umubano umaze iminsi warajemoagatotso hagati y’ibi bihugu byombi.
-
Perezida KAGAME yageze i Abu Dhabi
13 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze Abu Dhabi muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho agomba kwitabira Inama mpuzamahanga yiga ku bikorwa by’iterambere rirambye izwi nka Abu Dhabi Sustainability Week (ADSW) y’uyu mwaka wa 2025.
Umuryango.rw
Ifoto y’umunsi: Minisitiri Gatabazi yagaragaye agaburira abana mugikorwa cyo kurwanya igwingira
Ingendo ntizigomba kurenza saa yine abajya mu birori no mu tubari bashyiriweho amabwiriza mashya
Abagore barenga ibihumbi 35 mu Rwanda bifungishije burundu
Perezida KAGAME yageze i Abu Dhabi