Pasiteri Ezra Mpyisi umwe mu basaza bakuze ariko kandi banafite amateka mu Rwanda, yabaye icyamamare cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera inyigisho agenda atanga ndetse n’izindi bivugwa ko ahimbirwa mu rwego rwo gutebya. Uyu mugabo mu minsi ishize yaganiriye na Televiziyo Rwanda atangaza byinshi abantu batari bamuziho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Pasiteri Mpyisi yamenye amabanga ye arimo uko yakundaga udukumi,kuba yarambaye Ipantalo bwa mbere ayidodesheje i Bujumbura nibindi
19 June 2019, by Martin Munezero -
Sen Kalinda yatorewe kongera Kuyobora Sena Y’u Rwanda
26 September 2024, by Joseph IradukundaAbasenateri 26 bagize Manda ya kane ya Sena y’u Rwanda batoye François Xavier Kalinda ngo yongere abayobore.
-
RDC: Biravugwa ko Tshisekedi arajya kubonana na Perezida Biden muri Angola
4 December 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu, Perezida Joe Biden arasura Icyambu cya Lobito, ku mpera y’iburengerazuba ya y’Umuhora wa Lobito. Uyu muhora wambuka Angola ugahuza inkombe z’Inyanja ya Atlantika na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kandi uzanyuzwamo amabuye y’agaciro n’umutungo kamere bijya hakurya ya Atlantika .
-
Moses yabwiye urukiko impamvu anywa ibiyobyabwenge
6 May 2025, by Angeline MUKANGENZITurahirwa Moses ubwo yagezwa imbere y’urukiko, yemeye icyaha ashijwa cyo kunywa urumogi ndetse avuga ko impamvu abinywa ari ukubera uburwayi ndetse no gushaka kwifasha gukira agahinda gakabije afite.
-
Madamu Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yagarutse mu rukiko ku nshuro ya kabiri
5 May 2021, by Dusingizimana RemyBéatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside amaze kugera ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruherereye mu Kagarama aho agiye gukomeza kuburana ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
Ahagana Saa mbili n’iminota 45 nibwo Munyenyezi yari ageze Kicukiro ku Rukiko. Ubwo yageraga mu Rukiko yagaragaye ari kuganira n’Umwunganizi we mu mategeko, Me Buhuri Pierre Celestin.
Madamu Beatrice MUNYENYEZI yagejejwe ku rukiko rwibanze rwa Kicukiro bwa mbere kuwa 28 Mata 2021, arinzwe cyane n’aba (…) -
Depite Mukabunani wakiriye neza impinduka hari icyo asaba Minisitiri Sezibera na Shyaka
24 October 2018, by Alphonse BikorimanaUmuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi PS Imberakuri , Depite Christine Mukabunani yashimiye cyane Perezida Kagame, ku mpinduka aherutse gukora muri guverinoma, kuko abona ko zaje mu gihe gikwiye kandi bikenewe. Ashimira cyane ko umubare w’abagore wazamutse ukagera kuri 50 % akanemeza ko Perezida wabikoze areba kure.
-
Ibindi bivugwa ku mugore wapfiriye kwa Pasiteri nyuma yo kurarana
21 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’imyaka 30 wari waturutse mu Ntara y’Iburasirazuba wasanzwe yapfiriye mu nzu icumbitsemo Umupasiteri wo mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo, bivugwa ko yari yavuye iwe abwiye umugabo we ko agiye mu bukwe i Kigali.
-
Perezida Kagame yongeye kohereza Intumwa mu muhango wo kwizihiza Ubwigenge bw’u Burundi [AMAFOTO]
1 July 2022, by Dusingizimana RemyMu kwizihiza imyaka 60 u Burundi bumaze bubonye ubwigenge, u Rwanda rwahagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga,Dr.Vincent Biruta wanashyikirije Perezida Ndayishimiye ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda.
Hari na Brig. Gen.Vincent Nyakarundi, Umuyobozi ushinzwe iperereza muri Minisiteri y’Ingabo
Mu mwaka ushize ubwo habaga ibirori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bwari bumaze bubonye Ubwigenge,Perezida Ndayishimiye yishimiye kwakira Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda,Dr.Edouard (…) -
Amabasaderi w’u Burusiya mu Rwanda yakiriwe na Gen (Rtd) Kabarebe
30 September 2024, by Joseph IradukundaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) Kabarebe James yakiriye Alexander Polyakov, Ambasaderi w’Igihugu cy’u Burusiya mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Nzeri 2024.
-
Serivisi zimwe zari zakomorewe zongeye gufungwa izindi zahuzaga abantu benshi baragabanwa
15 December 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 14 Ukuboza 2020,Perezida Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri yafatiwemo ingamba nshya zo kurwanya icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukaza umurego mu gihugu.
Umuryango.rw
Sen Kalinda yatorewe kongera Kuyobora Sena Y’u Rwanda
RDC: Biravugwa ko Tshisekedi arajya kubonana na Perezida Biden muri Angola
Moses yabwiye urukiko impamvu anywa ibiyobyabwenge
Ibindi bivugwa ku mugore wapfiriye kwa Pasiteri nyuma yo kurarana
Perezida Kagame yongeye kohereza Intumwa mu muhango wo kwizihiza Ubwigenge bw’u Burundi [AMAFOTO]
Amabasaderi w’u Burusiya mu Rwanda yakiriwe na Gen (Rtd) Kabarebe