Imyanzuro y’ibiganiro byahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC yabereye I Nairobi byasabye ko intambara muri RDC ihita ihagarara,M23 ikava mu birindiro,hakaba ibiganiro n’inyeshyamba.Hanzuwe kandi ko hagomba guhagarika amagambo ahembera amacakubiri kubavuga ikinyarwanda n’ubwicanyi bwabakorerwaga.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Kenya, byatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Kamena 2022,Perezida Uhuru Kenyatta yakiriye Yoweri Museveni wa Uganda, Paul Kagame w’u Rwanda, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Imyanzuro yihariye yafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC ku kibazo cya RDC
20 June 2022, by Dusingizimana Remy -
BAD igiye guha u Rwanda arenga miliyari 13 Frw yo gukumira ibiza
10 November 2025, by Brenda MIZEROBanki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yatangaje ko igiye guha u Rwanda inkunga ya miliyoni 9,4 z’Amadolari (miliyari 13,6 Frw) yo kurufasha gukumira ibiza mu Karere ka Karongi na Rusizi.
-
U Rwanda rwamaganye amagambo Trump yakoresheje atuka ibihugu bya Afurika
13 January 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko amagambo yagiye ahabona avuga ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagereranyije ibihugu bimwe bya Afurika n’imisarani, adakwiye.
Ni amagambo bivugwa ko Trump yavugiye mu nama n’abasenateri ku wa Gatanu w’iki cyumweru, yagarukaga ku mushinga mushya w’itegeko ushobora korohera abimukira, gusa Trump we ntabikozwe.
Nubwo Trump ahakana ko yabivuze, bamwe mu (…) -
Imodoka zitwara abagenzi bajya n’abava mu ntara zizajya zitwara abikingije Covid-19 gusa,imihango yo kwiyakira yasubitswe i Kigali
20 December 2021, by Dusingizimana RemyItangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko imodoka zitwara abagenzi mu ntara zizajya zitwara abikingije Covid-19 gusa ndetse muri Kigali imihango y’ubukwe yo kwiyakira bibujijwe.Mu ntara iyo mihango ntigomba kurenza abantu 75.
Itangazo ryasohotse kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2021 rivuga kandi ko ishyingirwa rikorewe imbere y’ubuyobozi, mu nsengero no gusaba ritagomba kurenza abantu 40.
Mu gihe kandi dusatira iminsi mikuru isoza umwaka, “ibirori no kwiyakira” (…) -
RIB yatangaje ko wa munyamakuru wa Radio na TV 1 waburiwe irengero ashobora kuba yaragiye muri Uganda
23 July 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi mukuru w’urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda,RIB, Col Jeannot Ruhunga yatangaje ko umunyamakuru wa Radio na TV 1, Constantin Tuyishimire waburiwe irengero kuva kuwa 16 Nyakanga,ashobora kuba yarambutse akigira muri Uganda atabimenyesheje umuryango we.
-
Umuyobozi mukuru wa RGB yasabye urubyiruko kwitabira gahunda za Leta
6 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Uwicyeza Doris Picard yasabye urubyiruko kwitabiri gahunda za Leta kugira ngo bave ku kuba abagenerwabikorwa babe abafatanyabikorwa ba Leta.
-
Perezida Kagame yagaragaje uko igihugu gisoje 2021 gihagaze
27 December 2021, by Dusingizimana RemyMu ijambo rigaragaza uko igihugu gihagaze, Perezida Kagane yavuze ko igihugu gihagaze neza mu ngeri zitandukanye bitewe n’ubufatanye bw’abanyarwanda ndetse n’abaterankunga banyuranye.
Ubusanzwe iri jambo ritangazwa mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ariko kuko uyu mwaka itabaye, ryatambukijwe kuri Televiziyo y’Igihugu.
Perezida Kagame yavuze ko mu 2021, u Rwanda rwahanganye n’ibibazo byinshi birimo iby’ubuzima, umutekano n’ubukungu.
Mu buryo bwifashishijwe mu kurinda Abanyarwanda (…) -
Perezida Nyusi yavuze byinshi ku ngabo z’u Rwanda na Polisi bageze muri Mozambike
11 July 2021, by Dusingizimana RemyPerezda wa Mozambike Filipe Nyusi yahaye ikaze ingabo z’u Rwanda na Polisi bamaze kugera mu gihugu ndetse bagahita bajya mu birindiro aho bagiye guhangana n’inyeshyamba zishamikiye ku mutwe w’iterabwoba wa Al Shabab zayogoje intara ya Cabo Delgado.
-
Amerika: Kamala Harris yarushije ibice 2% Trump mu ikusanyabitekero ryakozwe
24 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelIbipimo by’ikusanyabitekerezo ryerekeye amatora ateganijwe muri Amerika mu Gushyingo uyu mwaka bigaragaza ko Visi Perezida Kamala Harris ari imbere ya Donald Trump ibice bibiri ku ijana.
-
Mozambique: Hamaze gupfa abasirikare 4 b’u Rwanda n’inyeshyamba zirenga 100
30 September 2021, by Dusingizimana RemyKuva mu kwezi kwa karindwi ingabo z’u Rwanda zakwinjira mu ntambara yo kurwanya inyeshyamba mu majyaruguru ya Mozambique hamaze gupfa abasirikare bane b’u Rwanda, nk’uko umuvuguzi w’ingabo abivuga.
Col Ronald Rwivanga, umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, yabwiye Umunyamakuru Anne Soy wa BBC ko bamaze kwica abarenga 100 muri izo nyeshyamba kuva bahagera,mu gihe u Rwanda rumaze gutakaza ingabo 4.
Ati: "Umwanzi yapfushije abarenga 100, abo ni abo twabonye n’amaso ariko hari n’imirambo bahunganye (…)
Umuryango.rw
Imyanzuro yihariye yafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC ku kibazo cya RDC
BAD igiye guha u Rwanda arenga miliyari 13 Frw yo gukumira ibiza
Imodoka zitwara abagenzi bajya n’abava mu ntara zizajya zitwara abikingije Covid-19 gusa,imihango yo kwiyakira yasubitswe i Kigali
Umuyobozi mukuru wa RGB yasabye urubyiruko kwitabira gahunda za Leta
Perezida Kagame yagaragaje uko igihugu gisoje 2021 gihagaze
Perezida Nyusi yavuze byinshi ku ngabo z’u Rwanda na Polisi bageze muri Mozambike
Amerika: Kamala Harris yarushije ibice 2% Trump mu ikusanyabitekero ryakozwe
Mozambique: Hamaze gupfa abasirikare 4 b’u Rwanda n’inyeshyamba zirenga 100