Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga amategeko uko umusaruro w’ ubuhinzi uhagaze n’ ingamba guverinoma ifite mu guteza imbere ubuhinzi n’ ubworozi mu myaka iri imbere yavuze ko umusaruro w’ ubuhinzi umwaka ushize wa 2017 wiyongereho 7% mugihe mu mwaka wa 2016 wari wiyongereho 4% anagaragaza ingamba guverinoma ifite ngo uyu musaruro uzakomeze kwiyongerera anavuga Umubare w’ Abanyarwanda batunzwe n’ ubuhinzi.
Minisitiri w’ intebe yavuze ko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
‘Umwaka ushize umusaruro w’ ubuhinzi wariyongereye kurusha uwawubanjirije’ Dr Ngirente
3 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Rubavu: Polisi yafashe ukekwaho gukwirakwiza urumogi yigize umunyeshuri
22 November 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana mu Kagari ka Gihonga yafashe Umulisa Josiane w’imyaka 25. Abapolisi bamufashe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ugushyingo, bamufashe yambaye umwambaro w’ishuri ndetse afite igikapu kirimo ibitabo n’udupfunyika 1000 tw’urumogi.
-
Mukura VS yasezerewe mu mikino ya CAF Confederations Cup
19 January 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Mukura VS ntiyabashije kugera mu mikino y’amatsinda ya CAF Confederations Cup kuko yatsindiye Al Hilal igitego 1-0 I Huye mu gihe yasabwaga kurenza ibitego 3 yari yatsindiwe muri Sudan.
-
Madamu Ingabire Marie Immaculée yitabye Imana azize uburwayi
9 October 2025, by Brenda MIZEROIngabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w’Umuryango urwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, azize uburwayi yari amaranye igihe.
-
Busabizwa niwe meya w’ agateganyo w’ umugi wa Kigali
16 April 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko Nyamulinda Pascal wari Umuyobozi w’ umugi wa Kigali yeguye mu buryo bwatunguye abatari bake, inama njyanama y’ umugi wa Kigali yateranye ku wa Gatanu yemeje ko Busabizwa Parfait aba Umuyobozi w’ umugi wa Kigali w’ agateganyo.
-
Ngororero: RIB yataye muri yombi abayobozi 3 kubera ibyaha birimo kunyereza umutungo wa Leta
19 November 2020, by Dusingizimana RemyRIB itangaza ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2020, yafunze abanyamabanga nshingwabikorwa 2 bo mu mirenge ya Sovu na Kavumu mu karere ka Ngororero, ndetse n’umucungamari w’Umurenge wa Sovu.
-
"Ubutaha indege ya RDC nihanurwa ntihazagire uvuga ngo ntabwo twari twababwiye"-Mukuralinda
29 January 2023, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda,yavuze ko ubutaha indege ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nihanurwa ntawe ukwiriye gutungurwa kuko iki gihugu cyahawe gasopo nyinshi.
Mu kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cyo kuri iki Cyumweru tariki 29 Mutarama mu 2023, Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko ibyo u Rwanda rwakoze byo kurasa kuri Sukhoi-25 ya RDC ari nko gutanga abagabo ku buryo ubutaha nirufata icyemezo cyo kuyihanura (…) -
U Rwanda rwasubije Perezida Tshisekedi wemeje ko bazagaba intambara ku Rwanda
19 November 2023Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko amagambo Perezida Tshisekedi wa RDC aherutse gutangaza, yerekana neza umugambi we, aho yeruye ko yiteguye intambara ndetse ko afite n’ibikoresho byo kuyirwana.
-
Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidali
28 March 2021, by Dusingizimana RemyKu wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe abapolisi b’u Rwanda bagera ku 139 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) bambitswe imidali yo kubashimira uruhare bakomeje kugaragaza mu bikorwa mpuzamahanga bigamije kubungabunga amahoro, bashimiwe uburyo babikora neza kandi kinyamwuga.
-
MINAGRI irateganya amavugurura y’abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu nzego z’ibanze
31 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse yavuze ko iyi minisiteri ifatanyije nz’izindi nzego, iteganya amavugurura mu bakozi b’uturere bashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu rwego rwo kuzamura imikorere yabo kugira ngo babashe gufasha abahinzi kongera umusaruro.
Umuryango.rw
Madamu Ingabire Marie Immaculée yitabye Imana azize uburwayi
"Ubutaha indege ya RDC nihanurwa ntihazagire uvuga ngo ntabwo twari twababwiye"-Mukuralinda
U Rwanda rwasubije Perezida Tshisekedi wemeje ko bazagaba intambara ku Rwanda
MINAGRI irateganya amavugurura y’abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu nzego z’ibanze