Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco, na Siporo mu Burundi, Amb. Ezéchiel Nibigira, bagirana ibiganiro byihariye mu kunoza umubano w’ibihugu byombi.
Umukuru w’Igihugu yakiriye muri Village Urugwiro Minisitiri Amb. Ezéchiel Nibigira n’itsinda ayoboye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Mutarama 2022.
Perezidansi y’u Rwanda ibinyujije ku rukuta rwa Twitter yanditse ko iri tsinda ryagejeje kuri Perezida Kagame ubutumwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida Ndayishimiye w’u Burundi
10 January 2022, by Dusingizimana Remy -
Ingabo z’u Rwanda ziri gutenguhwa n’iza Mozambike mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Cabo Delgado
29 June 2022, by Dusingizimana RemyUrugamba rwo kurwanya ibyihebe byigabije Intara ya Cabo Delgado rukomeje guhindura isura umunsi ku wundi, aho mu duce tumwe hongeye kumvikana ibikorwa by’ubugizi bwa nabi cyane cyane ahagenzurwa n’Ingabo za Leta ya Mozambique.
Mu miterere y’uru rugamba inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri kurwana guhera muri Nyakanga 2021, agace zibohoye zigasiga mu maboko y’Ingabo za Mozambique (FADM), ngo abe arizo zigacungira umutekano.
Ubwo Ingabo z’u Rwanda zabohoraga uduce zahawe nka Palma na (…) -
M23 yongeye kwirukana FARDC muri Centre ya Masisi
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mutarama wisubije Centre ya Masisi, nyuma y’amasaha make uyambuwe n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Abayobozi bahombeje Leta miliyoni 538 ku myaka ine
18 October 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida PSC Francos Habiyakare
Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta n’ umurimo (PSC) yatangaje ko Leta y’ u Rwanda yahombye 538 712 595 bitewe n’ ibyemezo bitubahirije amategeko abayobozi bagiye bafatira abakozi ba Leta
Perezida w’inama y’abakomiseri muri Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta François Habiyambere, avuga ko iyo komisiyo ifite inshingano zo guhwitura abayobozi kwirinda gufata ibyemezo binyuranyije n’amategeko kuko bigusha Leta mu gihombo.
Yagize ati, ’’Tugomba gukomeza gukora (…) -
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia,Abiy Ahmed,yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
29 August 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, bikaba biteganyijwe ko ari bubonane na Perezida wa Repubulika,Paul Kagame.
Yageze mu Rwanda kuri uyu wa 29 Kanama 2021, aho yakiriwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta.
Minisitiri Abiy asanzwe ari inshuti y’u Rwanda ndetse si ubwa mbere arugendereye kuko no mu myaka ishize yabikoze ndetse na Perezida Kagame asura (…) -
Bitabiriye inama y’Aba-Republicains bipfutse amatwi mu kwifatanya na Trump
19 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbashyigikiye umunyapolitiki Donald Trump bashyize ibipfuko ku matwi y’iburyo mu rwego rwo kwifatanya na we mu kababaro nyuma yo kuraswa ubwo yari muri Leta ya Pennsylvania.
-
Kigali:Umugabo wari wambaye imyenda ya gisirikare yarashwe akekwaho kwiba imashini zizwi nk’ibiryabarezi
21 March 2019, by Dusingizimana RemyMu kagali ka Nzove mu murenge wa Kanyinya,muri Rulindo harasiwe umugabo washatse gucika abashinzwe umutekano ubwo yari kumwe na bagenzi be batatu bari bambaye imyenda ya gisirikare bavuye kwiba imashini zifashishwa mu gukina imikino y’amahirwe (slot machine) zizwi nk’ibiryabarezi.
-
U Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye mu by’indege
12 November 2025, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yagiranye n’iy’Ubwami bw’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere serivisi zo gutwara abantu n’ibintu mu kirere.
-
Senateri Evode yagaragaje ko Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ari icyaha cy’intambara
2 March, by Angeline MUKANGENZIAbasesenguzi mu bya Politiki barimo Senateri Uwizeyimana Evode, bagaragaza ko urupfu rw’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, rushobora gufatwa nk’icyaha cy’intambara ku buyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarenze nkana ku gahenge.
-
Perezida Kagame yibukije Abanyaburayi ko Isi ihomba triyali 160 z’ amadorali kubera guheza abagore
5 June 2018, by Nsanzimana ErnestBruxelles, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Isi ihomba miliyari ibihumbi 160 z’ amadorali ya Amerika(160 trillion $) kubera guheza inyuma abagore kandi bagize ½ cy’ abatuye yongeraho ko ari uruhare rw’ abayobozi guca ubusumbane hagati y’ abagabo n’ abagore.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida Ndayishimiye w’u Burundi
Ingabo z’u Rwanda ziri gutenguhwa n’iza Mozambike mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Cabo Delgado
M23 yongeye kwirukana FARDC muri Centre ya Masisi
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia,Abiy Ahmed,yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
Bitabiriye inama y’Aba-Republicains bipfutse amatwi mu kwifatanya na Trump
U Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye mu by’indege
Senateri Evode yagaragaje ko Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ari icyaha cy’intambara