Nyakubahwa perezida Kagame yasabye abacamanza bose kugira ubushake mu kurwanya ruswa kuko iyo yinjiye mu kazi kabo ngo ihita iba umuco mu gihugu cyose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Iyo ruswa yabaye umuco mu bucamanza iba yabaye umuco mu gihugu cyose-Perezida Kagame
6 December 2019, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rwamenyesheje Amerika ko yarengereye ishinja ingabo zarwo kwica impunzi
5 May 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo kurasa ku baturage bavuye mu byabo mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu gihe nta perereza ryigenga rirakorwa.
-
NEC yemeje abakandida ntakuka ku mwanya wa Perezida w’u Rwanda
14 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
-
Umugore umwe rukumbi uregwa mu rubanza rwa Rusesabagina yavuze uko yashishikarije abakobwa benshi’ kujya muri FLN
20 May 2021, by Dusingizimana RemyAngeline Mukandutiye umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina yemeye icyaha aregwa cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba, yavuze uko yashishikarije abakobwa bari kumwe mu mpunzi kwinjira mu barwanyi ba FLN.
-
Rusizi: Umuyobozi wa Njyanama yeguye nyuma yo gusaba ibisobanuro meya
16 March 2024, by Dusingizimana RemyMadamu Béatrice Uwumukiza waraye akuwe ku mwanya w’Umuyobozi w’agateganyo wa RICA, amakuru ava Rusizi aremeza ko yamaze no gusezera ku mwanya wa Perezidante w’Inama Njyanama y’aka Karere.
-
Burundi : Umutegetsi mu rwego rukuru wari woherejwe mu butumwa yasabye ubuhungiro mu Buburigi
6 December 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi muri Minisiteri y’Uburezi mu Gihugu cy’u Burundi witwa Germain ,Ndayishimiye ,wari wagiye mu butumwa bw’akazi yafashe icyemezo cyo kwaka ubuhungiro mu Gihugu cy’u Bubiligi aho gusubira mu gihugu cye .
-
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
25 September 2021, by Dusingizimana RemyCol. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo.
-
Habonetse umubare munini w’abakize Coronavirus mu Rwanda,abamaze kuyandura buzura 900
28 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 8 Kamena 2020,mu bipimo 3,002 byafashwe mu Rwanda hagaragaye abarwayi 22 ba Coronavirus mu gihe abantu 30 bayikize byatumye umubare w’abanduye mu Rwanda ugera kuri 900.
-
Buruse ihabwa abiga muri Kaminuza yagizwe ibihumbi 35
16 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi mu Rwanda imaze gutangaza ko amafaranga Leta igenera abanyeshuri biga muri za Kaminuza zayo yongereweho ibihumbi 10 akaba ibihumbi 35 aho gukomeza kuba ibihumbi 25 nk’ uko bimaze imyaka myinshi bimeze.
Minisitiri w’Uburezi, Dr Mutimura Eugene yatangarije ibi mu kiganiro arimo kugirana n’ Abadepite bagize Komisiyo y’ Uburezi mu nteko ishinga amategeko.
Yavuze ko ibi bikozwe mu rwego rwo kubungabunga imibereho y’ umunyeshuri.
Bibaye nyuma y’ ubusabe bwinshi n’ (…) -
Leta y’u Rwanda igiye guha ijambo rikomeye abaturage mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe
14 February 2019, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe barimo,ariyo mpamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko igiye kubivugurura ndetse abaturage bakabigiramo ijambo rikomeye.
Umuryango.rw
U Rwanda rwamenyesheje Amerika ko yarengereye ishinja ingabo zarwo kwica impunzi
NEC yemeje abakandida ntakuka ku mwanya wa Perezida w’u Rwanda
Rusizi: Umuyobozi wa Njyanama yeguye nyuma yo gusaba ibisobanuro meya
Burundi : Umutegetsi mu rwego rukuru wari woherejwe mu butumwa yasabye ubuhungiro mu Buburigi
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
Habonetse umubare munini w’abakize Coronavirus mu Rwanda,abamaze kuyandura buzura 900