Hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 avuga ko amasaha ntarengwa y’ingendo yemewe ari saa yine z’ijoro aho kuba saa sita z’ijoro nk’uko byari bimaze kumenyerwa.
Izi ngamba zitangajwe nyuma y’aho mu gihugu hagaragaye ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije yitwa Omicron. Ku wa Kane mu gihugu hari hagaragaye abandu 125 mu gihe kuri uyu wa Gatanu bari 153.
Amabwiriza yashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe avuga ko guhera kuwa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021,ingendo (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ingendo ntizigomba kurenza saa yine abajya mu birori no mu tubari bashyiriweho amabwiriza mashya
18 December 2021, by Dusingizimana Remy -
Amashuri y’incuke n’icyiciro cya mbere cy’abanza agiye gutangira
7 January 2021, by Martin MunezeroMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abiga mu mashuri y’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere cy’abanza bazasubukura amasomo yabo ku wa 18 Mutarama 2021 nyuma y’igihe kigera ku mezi 10 bari bamaze batiga kubera icyorezo cya COVID-19.
-
Cyamunara/Huye : Uruganda rw’ ibibiriti rwabuze n’ umwe urugereka
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 11 Nzeli 2018, Maitre Vedaste Habimana, umuhesha w’inkiko w’umwuga yagiye kugurisha mu cyamunara uruganda rw’ibibiriti rwa SORWAL habura umuntu n’ umwe upiganwa. Uru ruganda rubereyemo Leta y’ u Rwanda imyenda y’ imisoro n’ abaturage barukoreraga hari amafaranga batishyuwe.
-
Ibihugu byo mu Karere k’Uburasirazuba byatangarije rimwe imari bizakoresha umwaka w’imari utaha aho Kenya ariyo izakoresha menshi
14 June 2019, by Martin MunezeroMu gihe kimwe kuri uyu mugoroba wo kuwa kane tariki 13 ba minisitiri b’imari ba Kenya, Rwanda, Tanzania na Uganda batangaje imari ibihugu byabo bizakoresha mu mwaka w’imari utaha (2019/2020), Kenya niyo izakoresha menshi.
-
Karongi: Umwuka wera watumye asubiza ibikoresho bya Banki y’abaturage yasahuye muri Jenoside
2 November 2021, by Dusingizimana RemyMu karere ka Karongo haravugwa umuturage utaramenyekana wagaruriye banki y’abaturage ibikoresho yayisahuye mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, birimo intebe 3.
Nkuko Kigali Today dukesha iyi nkuru ibitangaza,Ubuyobozi bwa Banki y’abaturage mu Murenge wa Bwishyura bwatunguwe no gusanga bimwe mubikoresho byayo byasahuwe mu mwaka wa 1994 byagaruwe ariko hatazwi uwabizanye.
Ni intebe eshatu zo kwicaraho zagaruwe, ariko uwazizanye ntazwi kandi yasize yanditse ko yabitegetswe na Mwuka (...) -
Paul Rusesabagina n’abareganwa na we barakatirwa kuri uyu wa Mbere...ibyaranze uru rubanza n’ibyitezwe
20 September 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza rwa Paul Rusesabagina n’abantu 20 bareganwa nawe rurasomwa uyu munsi, ni urubanza rwakurikiwe ku isi kubera izina ry’uyu ururegwamo n’uburyo yagejejwe mu Rwanda.
Uruhare rutaziguye mu byaha by’iterabwoba yarezwe ruhanishwa igihano gikomeye kuruta ibindi mu Rwanda; gufungwa burundu.
Gusa urubanza rugikubita Rusesagina ntiyarutinzemo, mu kwezi kwa gatatu yavuze ko "nta butebera ategereje" mu rukiko rukuru rwaruburanishije, avuga ko atazarugarukamo.
Rusesabagina ni inde?
Yavukiye i (...) -
Perezida Tshisekedi yatumiye Kagame, Museveni na Ndayishimiye mu nama yihariye
5 September 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa RDC,Félix Tshisekedi yatumiye bagenzi be barimo Évariste Ndayishimiye (Burundi), Paul Kagame (Rwanda) na Yoweri Museveni Kaguta (Uganda) mu nama yihariye iziga ku mutekano w’aka karere izabera i Goma.
-
Nyabihu: Abaturage basabye meya mushya kubakemurira ikibazo cy’ ubucukuzi bw’ umucanga cyasizwe n’ abo yasimbuye
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ umurenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu Mukandayisenga Antoinette uherutse gutorerwa kuyobora aka karere yabasuye bamusaba ko abakemurira ikibazo cy’ amanyanga ari mu bucukuzi bw’ umucanga.
-
Intambara ku musi wa 18: ‘Uturere hafi ya twose twa Ukraine’ twumvikanyemo amabombe
13 March 2022, by Dusingizimana RemyAmabombe yatewe n’Uburusiya mu mijyi ya Severodonetsk na Rubizhne mu ntara ya Luhansk yasenye inyubako zitari nke anatuma haduka umuriro, nk’uko bivugwa n’ikigo cy’ubutabazi cya Ukraine, State Emergency Service (SES).
Inzu zigera kuri 60, harimo n’iz’abigenga, zatewe amabombe mu ijoro ryakeye, ariko ibyangijwe byose bikaba bitaramenyekana nk’uko bivugwa na leta.
SES yanditse ku rubuga rwa Instagram iti: "Umwanzi ntazasenya intara ya Luhansk.Dukomeze urugamba! byose bizaba ibya Ukraine".
Aya (...) -
Gahunda ya NASA yo kugeza umugore wa mbere ku kwezi yimuriwe 2025
11 November 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’ubwo mu 1972, ubutumwa bwa mbere bwa NASA bwo kugeza abantu ku kwezi bwigijweyo bushyirwa mu 2025.
Gusa hari ababikurikirana bari biteze ko NASA izahindura igihe cya 2024 yari yihaye, kubera kubura imari ikenewe hamwe n’ikirego ku kinyabiziga bazakoresha ku butaka bw’ukwezi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuwa kabiri nibwo umukuru wa NASA Bill Nelson yemeje uko kwigizayo umwaka umwe igihe cyari cyagenwe.
Muri gahunda yayo y’ubutumwa bunyuranye bise Artemis, NASA izohereza umugore wa mbere (...)
0 | ... | 2860 | 2870 | 2880 | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | 2930 | 2940 | ... | 3430