Umutwe wa M23 wavuze ko udatewe ubwoba n’ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ugiye koherezwa muri RDC kubagabaho ibitero aho wavuze ko ibyo ukora ari ukurwanira ejo hazaza habo.
Abakuru b’ibihugu bo muri EAC baheruka kwemeza iyoherezwa muri DR Congo ry’umutwe w’ingabo z’akarere zo kurwanya imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwa M23.
Leta ya Congo ivuga ko uwo mutwe w’ingabo z’akarere "udakwiye kubamo" abasirikare b’u Rwanda.
Umuvugizi wa M23,Major Willy Ngoma yabwiye BBC ko nta (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
M23 yahaye ubutumwa bukomeye Ingabo za EAC zishobora kuyigabaho ibitero
22 June 2022, by Dusingizimana Remy -
RDC yacyuye uwari uyihagarariye mu Rwanda nyuma yo kwirukana Amb.Karega
31 October 2022, by Dusingizimana RemyRepubulika ya Demukarasi ya Kongo yabujije uwo yari yagenye nka ambasaderi wayo mu Rwanda gutanga impapuro zibimwemerera inahamagaza uwari muri izo nshingano mu buryo bw’agateganyo.
Ni nyuma y’aho icyo gihugu gihaye ambasaderi w’u Rwanda amasaha 48 yo kuba yavuye ku butaka bwacyo.
Ibyo biraturuka ku mwuka mubi uri hagati y’ibi bihugu bituranyi watewe n’iyubura ry’intambara z’umutwe wa M23.
Nk’uko bikubiye mu ibaruwa ya Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi (…) -
Abarimo Perezida Kagame na Tshisekedi bemeje umugambi wa Africa wo gukora urukingo rwa Covid n’izindi
12 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul KAGAME asanga ubugwaneza bwa bamwe budahagije ngo habeho gusaranganya inkingo ari nayo mpamvu hari ibiganiro n’ubuyobozi bigamije gushaka uko inkingo zirimo z’iza COVID-19 zakorerwa cyangwa zigatuburirwa muri Afrika.
-
Pasiteri Schoof washinze Radio Ubuntu Butangaje yirukanwe ku butaka bw’u Rwanda
8 October 2019, by Dusingizimana RemyPasiteri w’Umunyamerika, Gregg Schoof Brian,washinze Radio Ubuntu butangaje nyuma igafungwa kubera kwangiza amahame agenga itangazamakuru mu Rwanda,yirukanwe mu Rwanda kubera ko uruhushya rwe rwo gukorera mu Rwanda rwarangiye hanyuma agatangira gukora ibikorwa biteza umwuka mubi muri rubanda.
-
"Ntabwo tuzategereza udutera"-Kagame yaburiye abigambye gutera u Rwanda yiyamamariza i Nyamasheke
29 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abayobozi b’ibihugu birimo u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,bigambye ko bashaka gutera u Rwanda ko rutera rudaterwa.
-
NESA yahaye igisubizo abarimu bakosoye ibizamini bya Leta bari kwishyuza leta asaga miliyari 4 FRW
12 October 2023, by Dusingizimana RemyUmuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ibizamini bya Leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA, Dr. Bernard Bahati,yabwiye abarimu bakosoye ibizamini bya leta ko bakomeza kwihangana kuko agahimbazamusyi kabo kenda kubageraho.
-
BOSENIBAMWE Aimé wayoboraga NRS yitabye Imana azize uburwayi
23 May 2020, by Dusingizimana RemyUwari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco (National Rehabilitation Service: NRS),Bosenibamwe Aimé, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020,azize uburwayi mu bitaro bikuru bya Kibuye.
-
Huye:Meya n’abamwungirije bose beguriye rimwe
31 May 2018, by Ubwanditsi 1Abagize Komite nyobozi yose y’akarere ka Huye beguriye rimwe mu gitondo cyo kuwa 31 Gicurasi 2018 .
Inama Njyanama y’aka karere yatereye icyizere Kayiranga Muzuka Eugene wari Umuyobozi bw’Akarere; Mutwarasibo Cyprien wari Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe ubukungu na Niwemugeni Christine wari ushinzwe imibereho myiza y’abaturage.
Perezida wa Njyanama, Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome, yabwiye itangazamakuru ko muri iki gitondo habaye inama yari igamije gusuzuma ibibazo biri muri aka (…) -
Nta gihugu na kimwe cyo muri EAC kidafite abatanze ibirego muri EACJ-Hon. Kayobera Nestor uyobora urukiko rwa EACJ
23 October 2021, by Dusingizimana RemyKayobera Nestor Umurundi w’imyaka 50 y’amavuko Uyobora urukiko rwa Afurika y’iburasirazuba mu kiganiro cy’umwihariko aherutse kugirana na Umuryango yavuze ku kibazo cyagaragajwe n’abadepite ba EAC mu nteko rusange y’umuryango w’afurika y’iburasirazuba iherutse cy’uko urukiko rwa Afurika y’iburasirazuba rujya ruca imanza z’abaturage barugana,rukanafata icyemezo k umanza zabo ariko basubira mu bihugu byabo inkiko ntizirangize imanza baba baciye.
Nubwo uru rukiko rw’Afurika y’iburasirazuba (…) -
Jenoside ntabwo ari igikinisho - Minisitiri Nduhungirehe kuri Tshisekedi wahinduye abicwa abicanyi
28 September 2025, by JABO Blaise PatienceMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko abantu bakwiriye kuzirikana igisobanuro cya Jenoside aho kuyivugira mu kirere gutyo gusa, agaragaza ko ubu bwicanyi buba bugamije kurimbura ubwoko runaka (Jenoside) budakwiriye gukinishwa.
Umuryango.rw
M23 yahaye ubutumwa bukomeye Ingabo za EAC zishobora kuyigabaho ibitero
RDC yacyuye uwari uyihagarariye mu Rwanda nyuma yo kwirukana Amb.Karega
Abarimo Perezida Kagame na Tshisekedi bemeje umugambi wa Africa wo gukora urukingo rwa Covid n’izindi
"Ntabwo tuzategereza udutera"-Kagame yaburiye abigambye gutera u Rwanda yiyamamariza i Nyamasheke
NESA yahaye igisubizo abarimu bakosoye ibizamini bya Leta bari kwishyuza leta asaga miliyari 4 FRW
Nta gihugu na kimwe cyo muri EAC kidafite abatanze ibirego muri EACJ-Hon. Kayobera Nestor uyobora urukiko rwa EACJ
Jenoside ntabwo ari igikinisho - Minisitiri Nduhungirehe kuri Tshisekedi wahinduye abicwa abicanyi