Ikipe ya Mukura VS ntiyabashije kugera mu mikino y’amatsinda ya CAF Confederations Cup kuko yatsindiye Al Hilal igitego 1-0 I Huye mu gihe yasabwaga kurenza ibitego 3 yari yatsindiwe muri Sudan.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mukura VS yasezerewe mu mikino ya CAF Confederations Cup
19 January 2019, by Dusingizimana Remy -
Rwandair yahagaritse gutwara abagenzi bo muri Zimbabwe na Afurika y’Epfo
28 November 2021, by Dusingizimana RemySosiyete y’indege ya RwandAir yatangaje ko ibaye ihagaritse gutwara abagenzi bava mu bihugu bya Zimbabwe na Afurika y’Epfo berekeza i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.
-
Pasiteri Mpyisi yamenye amabanga ye arimo uko yakundaga udukumi,kuba yarambaye Ipantalo bwa mbere ayidodesheje i Bujumbura nibindi
19 June 2019, by Martin MunezeroPasiteri Ezra Mpyisi umwe mu basaza bakuze ariko kandi banafite amateka mu Rwanda, yabaye icyamamare cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera inyigisho agenda atanga ndetse n’izindi bivugwa ko ahimbirwa mu rwego rwo gutebya. Uyu mugabo mu minsi ishize yaganiriye na Televiziyo Rwanda atangaza byinshi abantu batari bamuziho.
-
Diane Rwigara yasabye ko urubanza rwe rusubikwa-AMAFOTO
7 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Ugushyingo 2017, Diane Rwigara yageze imbere y’ urukiko ngo urubanza rwe rutangire kuburanishwa ku bujurire ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo, nyina ararwaye
Diane Rwigara yageze ku rukiko rukuru rwa Kimihurura yambaye umwenda w’ iroza uranga imfungwa n’ abagororwa bo mu Rwanda.
Mu rukiko rukuru abantu ntabwo bari benshi nk’uko byabaga bimeze ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ubwo we na Nyina Adeline Rwigara na murumunawe Anne Rwigara (...) -
Leta y’u Rwanda igiye guha ijambo rikomeye abaturage mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe
14 February 2019, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe barimo,ariyo mpamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko igiye kubivugurura ndetse abaturage bakabigiramo ijambo rikomeye.
-
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen Muhoozi wongeye gusura u Rwandda
14 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, wageze mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kurushaho kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibinyujije kuri Twitter byanditse ko ’Perezida Kagame ubu arimo guhura na Gen. Muhoozi Kainerugaba, usanzwe ari n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka n’Umujyanama wihariye wa Perezida Museveni mu bijyanye n’umutekano, aho barimo kuganira ku mubano w’u Rwanda na (...) -
Gasabo:Abakomerekejwe na Gerenade iherutse guturitswa n’umusore basezerewe mu bitaro bose
10 May 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu bose uko ari 11 bakomerekejwe na gerenade yaurikijwe n’uwitwa Tunezerwe Jean Paul, mu Murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo , bamaze gusezererwa mu bitaro.
-
"Dusoma mu byahishuwe ko Umwami azagaruka gutwara itorero... "-CP Kabera
17 July 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yasabye abavugabutumwa ko mu gihe umwami ataraza,bafasha leta kwigisha no gukangurira abayoboke babo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
-
Perezida Putin yaburiye ibihugu biri gufatira ibihano Uburusiya
6 March 2022, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cy’Uburusiya Vladimir Putin avuga ko ibihano yafatiwe n’ibihugu by’Uburengerazuba kubera igitero yagabye muri Ukraine "bisa no gutangaza intambara".
Yongeraho ati: "Ariko Imana ishimwe ko itaba".
Perezida Putin kandi yavuze ko kugerageza gushyiraho akarere kabujijwemo indege (Zone d’exclusion aérienne/No-fly zone) muri Ukraine kwaba ari ukwisuka muri iyo ntambara.
Yanze kandi igitekerezo cyo gushyiraho amategeko adasanzwe cyangwa amategeko yo mu ntambara mu Burusiya. (...) -
‘Umuganda wagize uruhare mu kunga Abanyarwanda’ Depite Mukabalisa
1 October 2018, by Nsanzimana ErnestMukabalisa Donatille , uherutse kongera gutorerwa kuba Perezida w’ Inteko ishinga amategeko umutwe w’ Abadepite yagaragaje undi musanzu umuganda ufite mu Rwanda wiyongera ku gufasha abaturarwanda gutura heza hari ibikorwaremezo.
0 | ... | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | 2930 | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | ... | 3430