Urugereko rw’Urukiko Rukuru rufite icyicaro mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru rugiye gukusanya ibimenyetso bishya mu rubanza rw’abantu 18, barangajwe imbere na Innocent Kayumba wakatiwe imyaka 15 y’igifungo, bashinjwa gukora ibyaha by’iyicarubozo byakorewe muri gereza zitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Musanze: Hitezwe ibimenyetso bishya mu rubanza ku iyicarubozo muri za gereza
21 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Gasabo: Inzego zishinzwe umutekano zarashe abacyekwaho ubujura bari bitwaje intwaro gakondo
17 May 2022, by Dusingizimana RemyInzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zarashe abasore bakekwaho ubujura nyuma yo kubasangana ibyuma n’umuhoro bashaka kubarwanya.
Ibi byabereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ku Cyumweru tariki 15 Gicurasi 2022 ,aho abasore babiri bivugwa ko ari abajura barashwe n’inzego z’umutekano barapfa.
Abaturage bashimiye polisi y’u Rwanda ngo kuko bari bazengerejwe n’ibisambo bidahwema kwambura abaturage no kubica bikabashyira mu ishyamba rya Gisozi.
Amakuru y’iraswa ry’aba basore (…) -
MINALOC yashyizeho amabwiriza agomba gukurikizwa mu gihe insengero zizaba zafunguwe
2 July 2020, by Dusingizimana RemyKuwa 30 Kamena 2020, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (Minaloc), yashyizeho amabwiriza agomba gukurikizwa mu kwitegura ifungurwa ry’insengero n’imisigiti mu gihe cya Covid-19.
-
Imiryango 11 yavuye ku izima yemera kwimuka Kangondo yerekeza Busanza
13 September 2022, by Dusingizimana RemyImiryango 11 igizwe n’abaturage 74 bari batuye mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro i Nyarutarama bafashe icyemezo cyo kwimukira mu mudugudu w’icyitegererezo wa Busanza. Ni nyuma yo kuganirizwa ndetse bakajya no kureba inzu bubakiwe.
Aba baturage bavuga ko nyuma yo kwirebera izi nzu bubakiwe,basanze ari nziza ndetse zinafite ibikorwaremezo byose ku buryo hatandukanye kure n’aho bari batuye.
Imiryango imwe ituye mu duce twa Kangondo na Kibiraro i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali ivuga ko (…) -
RIB yafunze abakozi babiri ba RCA ibakekaho ibyaha bitatu bikomeye
16 September 2023, by Dusingizimana RemyNyuma ya Prof. HARERIMANA wahoze ayobora ikigo gishinzwe guteza imbere amakoperative mu Rwanda, RIB, yanafunze abandi babiri bahoze bakinana.
-
“Formula One, ishoramari n’umutekano muke muri RDC: Ibyagarutsweho na Jean-Guy Afrika”
25 March, by ISIMBI EstellaU Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika bifite ubukungu butera imbere ku muvuduko uri hejuru kuko nko mu 2025 bwazamutse ku rugero rwa 9,4%. Urwego rw’u Rwanda rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ishoramari mvamahanga ryakomeje kwiyongera mu gihugu kandi ko ibibazo byo muri RDC bitigeze bikoma mu nkokora iterambere ry’ubukungu.
-
RIB yerekanye itsinda ry’abasore 6 bamaze iminsi biba amafaranga y’aba agents ba Mobile Money
27 July 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi tariki ya 27 Nyakanga 2020, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe itsinda ry’abasore batandatu bamaze iminsi biba amafaranga, umubare w’ibanga na SIM Card z’aba agent ba Mobile Money.
-
Sosiyete GLC y’Abashinwa irashinja FARDC guhohotera abakozi bayo muri Kalemie
31 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIsosiyete y’Abashinwa GLC yamaganye igitero cyagabwe ku bakozi bayo n’abasirikare bamwe bo mu ngabo za DRC (FARDC), i Kalemie, mu Ntara ya Tanganyika.
-
Uwirukaniwe amakosa akomeye ayo makosa ashobora kujya atangazwa n’ inama y’ abaminisiti
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yatangaje igiye kureba niba nta kuntu yajya itangaza mu myanzuro y’ inama y’ abaminisitiri amakosa umuntu wirukaniwe.
-
John Magufuli arashyingurwa uyu munsi mu gace yavukiyemo
26 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu munsi bashyinguraho John Magufuli, Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ashimira abatanzania bose, abakuru b’ibihugu, ibitangazamakuru, abahanzi…na "buri wese wabanye natwe muri iki gihe gikomeye ku gihugu cyacu".
Umuryango.rw
Musanze: Hitezwe ibimenyetso bishya mu rubanza ku iyicarubozo muri za gereza
Gasabo: Inzego zishinzwe umutekano zarashe abacyekwaho ubujura bari bitwaje intwaro gakondo
MINALOC yashyizeho amabwiriza agomba gukurikizwa mu gihe insengero zizaba zafunguwe
Imiryango 11 yavuye ku izima yemera kwimuka Kangondo yerekeza Busanza
RIB yafunze abakozi babiri ba RCA ibakekaho ibyaha bitatu bikomeye
“Formula One, ishoramari n’umutekano muke muri RDC: Ibyagarutsweho na Jean-Guy Afrika”
RIB yerekanye itsinda ry’abasore 6 bamaze iminsi biba amafaranga y’aba agents ba Mobile Money
Sosiyete GLC y’Abashinwa irashinja FARDC guhohotera abakozi bayo muri Kalemie