Kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ugushyingo 2024, mu gace ka Kanyaruchinya, muri Teritwari ya Nyiragongo mu birometero 10 uvuye mu Mujyi wa Goma rwagati, habyukiye imirwano ikaze yahuje Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba z’Abawazalendo ziyoborwa n’uwihaye ipeti rya General witwa Mbokani.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Goma: Ingabo z’Igihugu FARDC zasakiranye n’urubyiruko Wazalendo bihereye intwaro
22 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Vincent Lurquin uherutse kwirukanwa mu Rwanda azira gushaka kunganira Rusesabagina yishe amategeko yahakanye ibyo ashinjwa
24 August 2021, by Dusingizimana RemyUmunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina, uregwa ibyaha by’iterabwoba, aravuga ko yirukanwe mu gihugu ku mpamvu z’icyo yise "urwiyerurutso".
Maître Vincent Lurquin, w’ubwenegihugu bw’Ububiligi, yakuwe mu Rwanda igitaraganya na polisi ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, ashinjwa gukorera mu gihugu nta burenganzira bwo gukora afite.
Urwego rw’abinjira n’abasohoka mu Rwanda ruvuga ko uyu munyamategeko yari afite uruhushya rwemerera abantu kwinjira mu kindi gihugu, bita ’visa’ mu ndimi z’amahanga, (...) -
IFOTO Y’UMUNSI: Ingabo z’u Rwanda zasubije abaturage bo muri Palma mu byabo banabafasha gusekura ibigori
9 August 2021, by Dusingizimana RemyIbyishimo byari byose ku baturage bo mu gace ka Palma ko mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambike batangiye gusubira mu buzima busanzwe nyuma y’aho Ingabo z’u Rwanda zikabohoreye.
Ahitwa Mute ni ho hari imiryango irenga 10. Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda babasanze bari gusekura ibigori, barabafasha, barasabana ndetse icyizere cy’ubuzima kuri bo cyagarutse.
Ikindi kandi,ingabo z’u Rwanda na Polisi ku bufatanye n’ingabo za Mozambique, batangiye gufungura imihanda yari yarafunzwe muri ako gace. (...) -
Perezida Kagame yashimye mugenzi we wa Mozambique ku ntambwe amaze gutera mu kugarura amahoro
23 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Mozambique, Filipe Nyusi n’abaturage b’iki gihugu muri rusange, ku ntambwe bateye yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mutwe wa Renamo.
Tariki 23 Kamena 2023, ni umunsi w’amateka muri politiki y’i Maputo, kuko bakiriye abashyitsi baturutse hirya no hino baje kwishimira ko umutwe wa Renamo washyize intwaro hasi ndetse ukemera guhuzwa n’igisirikare cya leta.
Umuryango Mpuzamahanga ndetse na Afurika (...) -
Mukabalisa wayoboye Umutwe w’Abadepite muri manda ishize yatorewe kuba Umusenateri
19 September 2024, by Joseph IradukundaMukabalisa Donatille wayoboye Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa 19 Nzeri 2024 yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda.
-
Perezida Nkurunziza azaha ubutegetsi uzatsinda amatora asigare ari ’umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu’
13 March 2020, by Martin MunezeroItegeko risinyweho nawe ubwe, rishyira Perezida Petero Nkurunziza ku rwego ’rw’umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu’ ryatangajwe uyu munsi n’ibiro by’umukuru w’igihugu.
-
Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka yamaze mu buroko
15 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka we na nyina Mukangemanyi Adeline Rwigara bamaze muri gereza.
-
RDC: M23 yaherukaga kuvugwa 2013 irashinjwa kongera gutera intara ya Rutshuru
8 November 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’umukuru w’intara ya Kivu ya ruguru muri Republika ya Demokrasi ya Congo aremeza ko umutwe wa M23 waraye uteye mu turere twa Chanzo na Runyoni muri Rutshuru, bituma abantu benshi guhunga, harimo n’abambutse muri Uganda.
-
Abasirikare 822 basezerewe mu Ngabo z’u Rwanda[AMAFOTO]
3 August 2019, by Martin MunezeroAbasirikare 822 basezerewe mu Ngabo z’u Rwanda mu cyiciro cya karindwi, barimo abasezerewe bageze ku myaka ibemerera kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, abasoza amasezerano y’akazi muri RDF n’abasezerewe ku mpamvu zirimo iz’ubuzima.
-
Perezida Museveni yandikiye ibaruwa irambuye Paul Kagame amubwira ibyo yaganiriye na Mukankusi,Gasana na Rujugiro bashinjwa gukorana na RNC
19 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museni yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame amumenyesha ko yahuye na Charlotte Mukankusi akamusaba inkunga y’uko yamufasha guhirika ubutegetsi bwe ariko akabyanga amubwira ko ibibera mu Rwanda ari ikibazo cy’imbere mu gihugu, atacyivangamo.
0 | ... | 2930 | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | ... | 3430