Ishyaka ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda Democratic Green Party of Rwanda kuri uyu wa Gatandatu ryakoze kongere yaguye yemerejwemo urutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida bazahagararira iri shyaka mu matora y’ abadepite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Green Party yemeje 55 bazayihagararira mu matora y’ abadepite
23 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
U Rwanda rwaje mu myanya y’imbere mu miyoborere y’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere [Urutonde]
29 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIgihugu cy’u Rwanda cyaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bifite Guverinoma zikora neza nk’uko byagaragajwe na raporo ya kabiri yakozwe n’Ikigo gishinzwe kwimakaza Imiyoborere “Chandler Institute of Governance” (CIG) igaruka ku mikorere y’ubuyobozi mu bihugu 104 ku Isi
-
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagarutse ku buryo Isi yose yateye umugongo u Rwanda mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, agaragaza ko byasigiye u Rwanda amasomo akomeye yo kwishakamo ibisubizo, ak’imuhana kakaza imvura ihise.
-
RDC: Abasirikare ba MONUSCO bakongeje uburakari bw’abanyekongo nyuma yo kurasa Abasivili ku mugaragaro
1 August 2022, by Dusingizimana RemyAbantu b’ingeri zitandukanye bakomeje kwamagana ubwicanyi bwakozwe n’ingabo za MONUSCO ku cyumweru ku mupaka wa Kasindi muri Kivu ya ruguru uhuza DRC na Uganda.
Abantu babiri barishwe abandi bagera kuri 15 barakomereka ubwo izo ngabo zinjiraga ku ngufu zirasa, zivuye mu biruhuko muri Uganda.
Itangazo ry’ibiro by’umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres, rivuga ko ashyigikiye icyemezo cyo “gufunga abasirikare bakoze ibi no gutangiza iperereza ako kanya”.
Perezida Evariste (…) -
U Rwanda rwemeye gufungura umupaka wa Gatuna nyuma y’ibiganiro byiza na Lt Gen Kainerugaba
28 January 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko tariki 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uzafungurwa nyuma y’imyaka myinshi ufunze kubera umubano mubi w’ibihugu byombi.
Ni nyuma yaho Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda asuye u Rwanda, rukaba rusanga hari ubushake mu gukemura ibibazo rwagaragaje.
Itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ryavuze ko nyuma y’uruzinduko rwa Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka (…) -
Minisitiri Dr.Mark Cyubahiro yavuze icyo azakorera Umucere waheze ku mbuga bigateza igihombo
25 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri mushya muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI) yijeje kuzakemura ikibazo cy’umusaruro ubura isoko undi ukangirika nyamara haba habayeho gukangurira abaturage kongera umusaruro.
-
Amajwi y’ agateganyo: Green Party na PS imberakuri munsi gato y’ umurongo ubemerera kujya mu nteko
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa PS Imberakuri Chritsine Mukabunani n’ Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora(NEC) yatangaje ibyavuye mu matora y’ abadepite ku kigero cya 70% byerekana ko FPR ariyo iri imbere, PSD na PL afite amajwi ayahesha umwana mu nteko ariko PS imberakuri na Demucratic Green Party of Rwanda afite amajwi asatira 5% asabwa ngo agire abadepite mu nteko. Amajwi amaze kujya ahagaragara arerekana ko abakandida bigenga bose batsinzwe kugeza.
-
Gen. Kabarebe yasabye Abanyarubavukwitandukanya n’ ibitekerezo bya benewabo bari FDLR
1 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ingabo Gen James Kabarebe yabwiye Abanyarwarubavu ko abafite ingengabitekerezo ya Jenoside ntacyo yabagezeho kuko abanyarwanda bamaze kumenya ububi bwayo, asaba Abanyarubavu bafite benewabo mu nyeshyamba za FDLR zirimo abavuye mu Rwanda bakoze jenoside kwitandukanya nabo.
-
U Rwanda rwatangiye gukingira Abaganga Marburg nk’urwego yibasiye cyane
7 October 2024, by Joseph IradukundaU Rwanda rwatangije kuri iki cyumweru gukingira indwara y’umuriro ukabije iterwa na virusi ya Marburg imaze iminsi igaragaye muri iki gihugu.
-
U Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro bitabiriye #KWIBUKA30
6 April 2024, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze i Kigali,kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Mata 1994, aho aje mu ruzinduko rw’akazi no kwitabira ibikorwa byo #Kwibuka30.
Umuryango.rw
U Rwanda rwaje mu myanya y’imbere mu miyoborere y’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere [Urutonde]
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
RDC: Abasirikare ba MONUSCO bakongeje uburakari bw’abanyekongo nyuma yo kurasa Abasivili ku mugaragaro
U Rwanda rwemeye gufungura umupaka wa Gatuna nyuma y’ibiganiro byiza na Lt Gen Kainerugaba
Minisitiri Dr.Mark Cyubahiro yavuze icyo azakorera Umucere waheze ku mbuga bigateza igihombo
U Rwanda rwatangiye gukingira Abaganga Marburg nk’urwego yibasiye cyane
U Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro bitabiriye #KWIBUKA30