Minisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri yari imaranye imyaka 39 yose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Gashumba yavuze aho urukundo akunda Rayon Sports rwaturutse n’igihe yatangiriye kuyifana
2 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Kagame yifurije Bongo kurwara ubukira afata mu mugongo Tanzania na Malawi
17 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yifurije Perezida wa Gabon kurwara ubukira anihanganisha Malawi na Tanzania.
-
Gasabo: Inzego zishinzwe umutekano zarashe abacyekwaho ubujura bari bitwaje intwaro gakondo
17 May 2022, by Dusingizimana RemyInzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zarashe abasore bakekwaho ubujura nyuma yo kubasangana ibyuma n’umuhoro bashaka kubarwanya.
Ibi byabereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ku Cyumweru tariki 15 Gicurasi 2022 ,aho abasore babiri bivugwa ko ari abajura barashwe n’inzego z’umutekano barapfa.
Abaturage bashimiye polisi y’u Rwanda ngo kuko bari bazengerejwe n’ibisambo bidahwema kwambura abaturage no kubica bikabashyira mu ishyamba rya Gisozi.
Amakuru y’iraswa ry’aba basore babiri (...) -
Perezida Kagame yabwiye ijambo rikomeye abamwifurije isabukuru nziza
24 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango wa Afurika yunze ubumwe ejo tariki 23 Ukwakira yari umunsi ukomeye kuri we umunsi w’ amavuko.
-
Nyaruguru: Abantu bitwaje imbunda bateye Nyabimata bica abantu, bakomeretsa Gitifu banatwika imodoka ye n’icumbi yabagamo
20 June 2018, by UbwanditsiImodoka ya Gitifu yahiye iba umuyonga
Muri iri joro ryakeye abantu bitwaje intwaro zirimo n’imbunda bateye mu Murenge wa Nyabimata akagali ka Nyabimata Umudugudu wa Rwerere mu Karere ka Nyaruguru bica abantu babili, bakomeretsa abantu benshi barimo na Gitifu w’uyu murenge Nsengiyumva Vincent barashe ku ijosi ariko by’amahirwe ntiyapfa.
-
Umuryango wa Rusesabagina uvuga ko hashize iminsi 15 atarabona inyandiko imukatira
6 October 2021, by Dusingizimana RemyUmuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko atarashyikirizwa kopi y’inyandiko y’urukiko yo gukatirwa kwe, nyuma y’iminsi 15 ishize urubanza rusomwe.
Bwana Rusesabagina, w’imyaka 67, ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cyenda yakatiwe gufungwa imyaka 25 ahamwe n’ibyaha by’iterabwoba, mu rubanza yafatwagamo nk’uregwa w’ibanze mu bandi 20.
Umunyamategeko ukorera mu Rwanda yabwiye BBC ko "ubundi bagombye gusoma urubanza n’iyo kopi ihari", ariko ko wenda haramutse habayeho ikibazo cy’imyandikire gisaba kugira (...) -
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Museveni
17 January 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Mutarama 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Ambasaderi wa Uganda mu Muryango w’Abibumbye Adonia Ayebare, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni.
Muri iki gihe hakomeje kunugwanugwa ko mu bihe bya vuba hagiye gusubukurwa ibuganiro byo kuzahura umubano hagati y’u Rwanda na (...) -
Amashyaka 5 yatsinze yagaragaje uko yakiriye ibyavuye mu matora
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestAmashyaka FPR Inkotanyi, PSD, PL, DGPR, na PS – Imberakuri niyo yatsindiye imyanya mu nteko Ishinga Amategeko umutwe w’ abadepite 2018-2023. Muri rusange amashyaka asanzwe mu nteko yatakaje imyanya , hinjiramo amashyaka abiri atari asanzwemo ariko bose bishimiye ibyavuye mu matora.
-
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yateguye ishimwe ryo guha Bunani warokoye umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi muri ruhurura ya Nyabugogo
6 February 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (Minema), iri gutegurira ishimwe bwana Bunani Jean Claude w’imyaka 27 y’amavuko watabaye umwana w’imyaka 6 y’amavuko witwa Gitego Jackson, wari ugiye gutwarwa n’amazi mu mugezi wa Nyabugogo tariki ya 1 Gashyantare 2020.
-
Leta y’u Rwanda yikomye abagumura abaturage batuye mu Manegeka
27 December 2019, by Martin MunezeroMuri iyi minsi hari ibikorwa byo gusenyera abantu batuye mu bishanga no mu manegeka,Leta y’u Rwanda iravuga ko yikomye abantu bamwe bakomeza kugumura abaturage babyitirira ibibazo bya politiki.
0 | ... | 2880 | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | 2930 | 2940 | 2950 | 2960 | ... | 3430