Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal
18 October 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yavuze ko ishyari ibihugu by’iburengerazuba bifitiye Ubushinwa ridakwiriye guhungabanya Afurika
1 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame,yavuze ko imihangayiko ibihugu biherereye mu Burengerazuba bw’isi biterwa no kuba Ubushinwa bukorana bya hafi na Afurika zidakwiriye kuyihungabanya kuko ariyo izi ibyo ikeneye.
-
U Bushinwa bwamuritse intwaro zihambaye, butanga ubutumwa kuri Amerika
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Bushinwa bwamuritse intwaro nshya kandi zishobora kurasa mu ntera ndende, mu birori bya gisirikare byitabiriwe na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin hamwe n’uwa Koreya y’Epfo Kim Jong Un.
-
Perezida Tshisekedi yanze guhurira na Kagame mu biganiro muri Qatar
23 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Félix-Antoine Tshisekedi wa RDC yanze guhura na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu muhuro wari uteganyijwe kuri uyu wa Mbere muri Qatar.
Radio Okapi yavuze ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yanze kujya muri Qatar nyamara ku ruhande rw’u Rwanda bari biteguye ndetse intumwa zarwo zari zamaze kugera muri Qatar.
Iki kinyamakuru kivuga ko amakuru gikesha Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, ari uko ibiganiro byari kubera i Doha muri Qatar,byasubitswe kubera ubushake bwa (…) -
US:Hakajijwe umutekano wo kuburizamo intagondwa zishobora kuvogera inyubako ya Capitol
4 March 2021, by Dusingizimana RemyUmutekano wakajijwe ku nyubako izwi nka Capitol ikoreramo inteko ishinga amategeko y’Amerika kubera "umugambi ushobora kubaho wo kuyivogera" kuri uyu wa kane, nkuko polisi iharinda ibivuga.
-
Ambasaderi Ngoga yasabye Loni kutavangira amasezerano y’u Rwanda na RDC
14 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yasabye ibihugu bigize akanama k’uyu muryango gashinzwe umutekano kwirinda kuvangira iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ruhango: Umumotari yasabye ikintu gikomeye Perezida Kagame
25 August 2022, by Joseph IradukundaHirya no hino cyane mu mugi wa Kigali, hagiye humvikana abamotari binubira ibyo basabwa na leta kwishyura, bakavuga ko birenze kure ubushobozi bwabo.
-
Malawi igiye gucyura impunzi z’Abanyarwanda 44
14 June 2023, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Malawi ifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, igiye gucyura mu Rwanda Abanyarwanda 44 babaga muri icyo gihugu nk’impunzi. Byatangajwe na Minisitiri ushinzwe Umutekano w’imbere mu gihugu, Ken Zikhale.
-
IMF yavuze ko uyu mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bushobora kuzamuhaho 8%
23 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigega mpuzamahanga cy’ Imari FMI cyatangaje ko uyu mwaka wa 2018 ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 7 cyangwa 8%.
Umwaka ushize (2017) IMF yari yatangaje ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 5,1% ariko bwazamutseho 6,1%.
Abahanga mu bijyanye n’ imari bavuga ko iyo ibyiciro bigize ubukungu byagenze neza aribwo ubukungu bw’ igihugu buzamuka bisobanuye ko kuba IMF ivuga ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7 cyangwa 8 % bisobanuye ko muri uyu mwaka urwego rw’ inganda (…) -
Ifoto y’umunsi : Jeannette Kagame na Angeline Ndayishimiye bahanye impano
19 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKu nshuro ya mbere ari mu mwanya w’umugore w’umukuru w’igihugu, Madame Angeline Ndayishimiye kuwa kabiri yagiriye uruzinduko mu Rwanda agiye mu nama ya Women Deliver 2023.
Iruhande rw’iyi nama, Madamu Ndayishimiye Ndayubaha yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda Jeannette Kagame ndetse bahererekanya impano.
Ibiro by’umugore wa perezida w’u Burundi bivuga ko bombi “baganiriye ku ngingo z’inyungu rusange”. Aba bagore bombi bahuriye ku bikorwa byo guteza imbere abagore n’abakobwa n’urubyiruko (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal
U Bushinwa bwamuritse intwaro zihambaye, butanga ubutumwa kuri Amerika
Perezida Tshisekedi yanze guhurira na Kagame mu biganiro muri Qatar
Ambasaderi Ngoga yasabye Loni kutavangira amasezerano y’u Rwanda na RDC
Ruhango: Umumotari yasabye ikintu gikomeye Perezida Kagame
Malawi igiye gucyura impunzi z’Abanyarwanda 44
Ifoto y’umunsi : Jeannette Kagame na Angeline Ndayishimiye bahanye impano