Kuri uyu wa Kane ahitwa Abbey Gate ku kibuga cy’indege cya Kabul habereye iturika ry’igisasu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane bituma abantu 90 bahasiga ubuzima, nk’uko bitangazwa Minisiteri y’ubuzima muri Afghanistan.
Umutwe wa Islamic State [ISIS] Utangaza ko umwe mu biyahuzi bayo yateye agamije kwica abatemera islam n’abakorana n’igisirikare cya Amerika", nk’uko Reuters yanditse.
Aba Taliban 28 nibo baraye baguye muri icyo gitero cya bombe i Kabul, nk’uko umutegetsi w’umu Taliban (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Afghanistan: Abaguye mu gitero cy’I Kabul biyongereye barenga 90 [YAVUGURUWE]
26 August 2021, by Dusingizimana Remy -
Gen Kulayigye mu Kinyarwanda gitomoye yemeye ko M23 nta kibazo ibateje ku mbibi na RDC
2 November 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Uganda biciye mu muvugizi wacyo, Brig Gen Felix Kulayigye, kivuga ko nta bibazo umutwe wa M23 uteje Uganda usibye icyo kuba uyu mutwe utuma imari y’abacuruzi bo muri kiriya gihugu yinjira muri Congo uko bikwiye.
-
Bakundukize Ruth wari warameze igisa n’amabere ku kaboko yaguye ku iseta i Murunda bamubaga
18 November 2019, by UbwanditsiBakundukize Ruth wasabaga ubufasha inzego za leta ndetse n’abikorerabushake yajyanywe ku bitaro bya Murunda yoherejwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu akaba yarakuwe iwabo n’ubuyobozi bw’umurenge wa Nyamyumba bumwohereza ku bitaro bya Gisenyi ari naho yavuye yoherejwe ku bitaro bya Murunda ari naho yaguye avuye ku iseta.
-
Perezida Kagame yahumurije Abanyarwanda bagizweho ingaruka na COVID-19 n’ibiza
17 May 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko nubwo bahanganye n’ingaruka za Covid-19 ndetse n’ibiza biherutse guca igikuba bigahitana abantu 72 bigasenya amazu n’ibikorwa remezo bitagira ingano,u Rwanda ruzatsinda ibyo bibazo byose rukongera kwiyubaka.
-
Dr Frank Habineza yatanze kandidatire yo guhatanira kuyobora u Rwanda
20 May 2024, by Dusingizimana RemyDr Frank Habineza uyobora Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
-
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
9 December 2025, by Brenda MIZEROAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Mertin Ngoga, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiye guhagurukira ibimenyetso mpuruza bigaragara hirya no hino biganisha kuri Jenoside, no guhangana n’ibikorwa byo guhakana Jenoside zabayeho kuko ibikorwa nk’ibi ari inzira iganisha ku kuyisubiramo.
-
RDF yemeje ko yarashe umusirikare wa RDC winjiye mu Rwanda arasa
3 March 2023, by Dusingizimana RemyUmusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda i Rubavu, nyuma yo kwinjira arasa ku ngabo z’u Rwanda zicunga umutekano ku mupaka.
Ahagana saa 17h35 zo kuri uyu wa 3 Werurwe 2023 nibwo umusirikare w’ingabo za RD Congo ( FARDC) yambutse umupaka ava mu gihugu cye arasa ku basirikare b’u Rwanda barinze umupaka.
RDF mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 03 Werurwe 2023, yavuze ko uyu musirikarw yambutse mu buryo butemewe ku mupaka uzwi nka Grande (…) -
U Rwanda rugiye gufasha impunzi z’Abarundi zasabye perezida wabo kuzifasha guhunguka
4 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi mu Rwanda yashyize ahagaragara itangazo rivuga ko gutahuka ku bushake kw’impunzi ari cyo gisubizo kirambye bityo bagiye gufasha impunzi z’Abarundi zifuza gutaha iwabo.
-
Leta y’ u Rwanda yasabye Abaturarwanda kwitondera abiyita abahanuzi
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa RGB Anastase Shyaka
Kuri uyu wa 25 Nzeli inkuru ziriwe zivugwa cyane ni Paul Gitwaza avuga ko ariwe muhanuzi ukomeye mu Rwanda no muri Africa, na Rugagi Innocent wasohoye udutabo agurisha kuva ku 10 000 kuzamura akavuga ko ku dutanga akazi, dukiza diabetes, tukanaha abagabo abakobwa bashaka kurongorwa, ikigo cy’igihugu gishinzwe cyahise gishyira ahagaragara itangazo riburira Abanyarwanda ku biyita abahanuzi.
-
Umugore wahataniraga kuba Umudepite mu Rwanda yapfuye
21 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe hasigaye iminsi 14 ngo mu Rwanda habe amatora y’ abadepite umugore witwa Dusabinema Consolée wiyamamarizaga kuba Umudepite ahagarariye icyiciro cy’abagore yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize uburwayi.
Umuryango.rw
Afghanistan: Abaguye mu gitero cy’I Kabul biyongereye barenga 90 [YAVUGURUWE]
Gen Kulayigye mu Kinyarwanda gitomoye yemeye ko M23 nta kibazo ibateje ku mbibi na RDC
Bakundukize Ruth wari warameze igisa n’amabere ku kaboko yaguye ku iseta i Murunda bamubaga
Dr Frank Habineza yatanze kandidatire yo guhatanira kuyobora u Rwanda
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
RDF yemeje ko yarashe umusirikare wa RDC winjiye mu Rwanda arasa
U Rwanda rugiye gufasha impunzi z’Abarundi zasabye perezida wabo kuzifasha guhunguka