Nyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize bwite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye
11 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abatuye mu nkengero za Goma bahunze ku bwinshi imirwano ya FARDC na M23
24 May 2022, by Dusingizimana RemyImirwano yabaye kuwa kabiri mu bice byegereye Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo mu ntera igera kuri 20Km uvuye i Goma yatumye abaturage benshi bava mu byabo inatera ubwoba abatuye uyu murwa mukuru w’intara ya Kivu ya ruguru.
Mu gihe imirwano yari imaze iminsi ibera muri teritwari ya Rutshuru mu duce twa Shangi, Bikenke, Runyoni…ahari ibirindiro by’umutwe wa M23, imirwano y’uyu munsi yumvikanye muri teritwari ya Nyiragongo hafi cyane ya Goma.
Abajijwe niba M23 igambiriye gutera no (…) -
Gukira Virusi ya Marburg ntibihagije kuko ishobora kumara umwaka mu masohoro-Minisante
2 November 2024, by Joseph IradukundaInzego z’ubuzima zitangaza ko Virusi ya Marburg ishobora kumara igihe kinini kigeze ku mwaka iri mu bice by’umubiri wa muntu n’amatembabuzi arimo amarira, amasohoro n’amashereka.
-
Ntabwo nigeze nsaba akazi ko kuba Perezida-Perezida Kagame
10 July 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atigeze na rimwe yandika asaba kuba perezida ahubwo yakoze ibyo asabwa mu kubohora u Rwanda bikamuhesha uwo mwanya.
-
RBC yagaragaje ko Kanseri ya prostate n’iy’ibere zugarije Abanyarwanda
4 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyagaragaje kanseri ziganje mu Rwanda ku bagore n’abagabo aho by’umwihariko iya prostate ari yo abagabo barwara cyane mu gihe iy’ibere ari yo yugarije abagore benshi.
-
Muri RDC hagiye gukorwa ibarura ry’abaturage
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yateguje ko muri iki gihugu hagiye kuba ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryaherukaga mu myaka 41 ishize ku butegetsi bwa Mobutu Sese Seko.
-
Perezida Kagame yabwiye amahanga uko u Rwanda rwiyubatse nyuma ya jenocide yakorewe abatutsi
19 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame uri muri Singapore, yavuze ko u Rwanda rwanyuze mu mateka ashaririye ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko ko nyuma yayo,rwayasize inyuma rugashaka uburyo rwongera kwiyubaka ruhereye ku busa, rubifashijwemo na Politiki n’imiyoborere byiza.
-
Putin yongeye kwereka Uburengerazuba bahanganye ko igitutu cyabwo kidakora
22 October 2024, by Joseph IradukundaIbaze ubaye uri Vladimir Putin.
-
Perezida w’ Ubushinwa uwa Mozambique na Minisitiri w’ Intebe w’ Ubuhinde bategerejwe I Kigali
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestKu matariki atandukanye abakuru b’ ibihugu barimo Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping, Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi ndetse na Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi bazagenderera u Rwanda nk’ uko byatangajwe na Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Kamena 2018.
-
Umusore ukekwaho ubujura yarasiwe I Shyorongi amaze gutema umuryango wa shoferi
28 March 2019, by Dusingizimana RemyUmusore utaramenyekana umwirondoro yaraye arasiwe i Shyorongi ubwo yuriraga imodoka ipakiye ibirayi yamanuka igana i Kigali afite umupanga,yarangiza agatema ku idirisha rya shoferi.
Umuryango.rw
Abatuye mu nkengero za Goma bahunze ku bwinshi imirwano ya FARDC na M23
Gukira Virusi ya Marburg ntibihagije kuko ishobora kumara umwaka mu masohoro-Minisante
Ntabwo nigeze nsaba akazi ko kuba Perezida-Perezida Kagame
RBC yagaragaje ko Kanseri ya prostate n’iy’ibere zugarije Abanyarwanda
Muri RDC hagiye gukorwa ibarura ry’abaturage
Perezida Kagame yabwiye amahanga uko u Rwanda rwiyubatse nyuma ya jenocide yakorewe abatutsi
Putin yongeye kwereka Uburengerazuba bahanganye ko igitutu cyabwo kidakora