Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, yifurije intsinzi abanyeshuri batangiye Ibizamini bya Leta bisoza ibyiciro bitandukanye by’amashuri yisumbuye.
Ibi byabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2022,ubwo Hon. Twagirayezu yatangizaga ibizamini by’icyiciro cya 1 n’icya 2 cy’amashuri yisumbuye kuri GS Shyorongi mu Karere ka Rulindo. Yari kumwe na Maya wa Rulindo hamwe n’Umuyobozi Mukuru wa NESA n’izindi nzego (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
"Ibi bizamini mugiye gukora ni ibintu mwize,ntibibatere ubwoba"-Hon.Gaspard Twagirayezu
26 July 2022, by Dusingizimana Remy -
Huye: Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho guta umwana we mu musarane
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akekwaho urupfu rw’umwana we w’imyaka ibiri yataye mu musarane wa metero 20, bagerageza kumutabara bagasanga yapfuye.
-
Kicukiro yakoresheje indege yahize utundi turere tw’umujyi wa Kigali mu bukangurambaga bwo kwirinda Covid-19
28 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ukuboza 2021, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje uko Uturere tugize uyu Mujyi twarushanyijwe muri aya marushanwa y’ubukangurambaga bwo gukingira Covid-19 aho Kicukiro ifite amanota 94,6%, Gasabo ikagira amanota 84% naho Nyarugenge igira amanota 80%.
Naho Umurenge wabaye uwa mbere muri ubu bukangurambaga ni uwa Umurenge Bumbogo wo mu Karere Gasabo wahembwe imodoka nk’igihembo nyamukuru mu marushanwa yabaye mu Mirenge 35 igize Umujyi wa Kigali. Igenzura (…) -
MIFOTRA yibukije abakozi ba Leta kugira imikoranire no gushyira umuturage ku isonga
16 December 2024, by Joseph IradukundaAbakozi 957 bakora mu bigo bitandukanye birimo na za Minisiteri n’ibigo bizishamikiyeho, basoje amahugurwa yo kubafasha kuba umusemburo w’impinduka hagamijwe gushyira umuturage ku isonga, basabwa no kurangwa n’imikoranire hagati yabo.
-
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (…) -
Inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zagaragaye ku butaka bw’u Burundi zinaniwe
12 April 2019, by Dusingizimana RemyInyeshyamba zitaramenyekana umutwe zikomokamo, zari zifite imbunda, zivuga neza ururimi rw’Ikinyarwanda, zahungiye mu Burundi nyuma yo kuraswa n’abantu bataramenyekana bivugwa ko ari abasirikare b’u Rwanda.
-
Rubavu: RIB yataye muri yombi abakozi b’Akarere bane kubera kunanirwa gucunga neza umutungo wa rubanda
22 October 2019, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abakozi bane b’akarere ka Rubavu barimo Umujyanama w’Umuyobozi w’akarere, umukozi ushinzwe Ubuyobozi n’Abakozi, ushinzwe imibereho myiza y’abaturage n’ushinzwe imicungire y’ibiza muri aka karere.
-
Tesfazion Natnael yegukanye Tour du Rwanda 2020 mu gihe Díaz José Manuel yegukanye agace ka nyuma
1 March 2020, by Dusingizimana RemyUmunya Espagne Díaz José Manuel ukinira ikipe ya Nippo Delko niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2020 kasorejwe mu mujyi wa Kigali, hakinwa intera y’ibilometero 89.3 mu gihe byarangiye Tesfazion Natnael yegukanye Tour du Rwanda 2020 .
-
Leta ya Amerika yatangaje icyo yiteze ku Rwanda kuri Paul Rusesabagina
3 September 2020, by Dusingizimana RemyLeta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko yiteze ko leta y’u Rwanda izafata mu buryo bwa kimuntu, kwubahiriza amategeko no gucira urubanza rwiza kandi ruciye mu mucyo Bwana Paul Rusesabagina.
-
Umujyi wa Kigali wagaragaje uko umuhanda Sonatubes-Gahanga-Akagera uzaba uteye [AMAFOTO]
6 December 2021, by Dusingizimana RemyMu gihe imirimo yo kubaka umuhanda Sonatubes-Gahanga-Akagera irimbanyije, Umujyi wa Kigali werekanye uko mu masangano y’imihanda ahazwi nka Kicukiro Centre hazubakwa.
Nk’uko igishushanyo mbonera cyawo kibigaragaza, imbere y’isoko rya Kicukiro hari kubakwa ihuriro ry’imihanda (Rond Point) rifite umuhanda hejuru no hasi ku buryo ibinyabiziga bimwe bizajya bica hasi ibindi bikanyura hejuru.
Hejuru y’iyi ’rond point’ hazaba hari imihanda ibiri ifite aho kunyura hane, mu gihe ku ruhande rwayo (…)
Umuryango.rw
"Ibi bizamini mugiye gukora ni ibintu mwize,ntibibatere ubwoba"-Hon.Gaspard Twagirayezu
Huye: Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho guta umwana we mu musarane
Kicukiro yakoresheje indege yahize utundi turere tw’umujyi wa Kigali mu bukangurambaga bwo kwirinda Covid-19
MIFOTRA yibukije abakozi ba Leta kugira imikoranire no gushyira umuturage ku isonga
Leta ya Amerika yatangaje icyo yiteze ku Rwanda kuri Paul Rusesabagina
Umujyi wa Kigali wagaragaje uko umuhanda Sonatubes-Gahanga-Akagera uzaba uteye [AMAFOTO]