Ibigo byose by’ amashuri abanza mu Rwanda byahawe ibitabo by’ Ikinyarwanda byo mu mwaka wa kabiri w’ amashuri abanza birimo amakosa y’ imyandikire mu ndirimbo yubahiriza igihugu ndetse n’ amabara yakoreshejwe mu ibendera ry’ igihugu akaba atari umwimerere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
REB yandikiye ibigo by’ amashuri kubera amakosa yagaragaye mu gitabo abanyeshuri bigiramo
29 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abakozi ba RIB bagiye guhabwa impuzankano ibaranga
7 June 2018Col. Jeannot Ruhunga, Umunyamabanga Mukuru w’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Rwanda Investigation Bureau (RIB), yavuze ko kugeza ubu ikiranga abakozi ba RIB ari ikarita ariko ko bagiye guhabwa umwambaro wihariye uzatuma abakeneye serivisi zabo babasha kubamenya.
-
Perezida Kagame yashimye mugenzi we wa Mozambique ku ntambwe amaze gutera mu kugarura amahoro
23 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Mozambique, Filipe Nyusi n’abaturage b’iki gihugu muri rusange, ku ntambwe bateye yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mutwe wa Renamo.
Tariki 23 Kamena 2023, ni umunsi w’amateka muri politiki y’i Maputo, kuko bakiriye abashyitsi baturutse hirya no hino baje kwishimira ko umutwe wa Renamo washyize intwaro hasi ndetse ukemera guhuzwa n’igisirikare cya leta.
Umuryango Mpuzamahanga ndetse na (…) -
Abanyarwanda batuye mu Bubiligi bakiranye ubwuzu Perezida Kagame witabiriye inama muri iki gihugu [AMAFOTO]
18 June 2019, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda benshi batuye mu Bubiligi bakoze urugendo urugendo rugera ku bilometero 10 berekeza ahitwa Tour & Taxis mu Mujyi wa Bruxelles kugira ngo bahe ikaze Perezida Kagame wari witabiriye inama yateguwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yiga ku iterambere izwi nka ‘Journée Européenne du développement’.
-
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashyikirije isoko zubakiye abaturage
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzego z’umutekano z’u Rwanda (Rwanda Security Force – RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ku masezerano ya Mozambique n’u Rwanda, mu Ntara ya Cabo Delgado, zashyikirije ku mugaragaro abaturage bo mu Mujyi wa Macomia isoko zubatse.
-
"Urupfu Abanyarwanda bakwiye gupfa ni ugupfa bahangana n’ubazanaho urwo rupfu"-Perezida Kagame
15 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye abasirikare bashya binjiye mu ngabo z’u Rwanda n’Abanyarwanda muri rusange kurangwa n’ubutwari, bakagendera kure ubugwari n’ububwa.
-
Abanyeshuri bo muri Lycee de Kigali bigaragambije
3 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 bamwe mu banyeshuri 400 biga baba mu kigo cya Lycee de Kigali bigaragambije babaza ubuyobozi bw’ ikigo impamvu butakibagaburira inyama n’ imigati. Aba banyeshuri banze gusohoka mu cyumba bararamo (Dortoir) bakingira imbere bakoresheje ingufuri biguriye.
Umuyobozi ubashinzwe yageze kuri dortoir agiye kubabaza impamvu banze gusohoka bamubwira ko bashaka kuvugana n’ umuyobozi w’ ikigo ku kibazo cyo kuba basigaye bagaburirwa nabi. (…) -
U Rwanda rwiteguye gucyura abaturage barwo bari muri Israel na Iran
23 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yatangaje ko yiteguye kuba yacyura Abanyarwanda bari muri Israel na Iran mu gihe byaba bibaye ngombwa, cyane ko ibyumweru bibiri bigiye gushira intambara irimbanyije hagati y’ibyo bihugu.
-
Leta ya RDC yasabwe guha ubutabera Gen Tshinkobo wiciwe i Goma
16 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabwe gusubukura dosiye y’urupfu rwa Brigadier Général Ghislain Mulamba Tshinkobo, wapfiriye mu mujyi wa Goma tariki ya 16 Kanama 2022, kugira ngo we n’umuryango we bahabwe ubutabera.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola n’uwa Qatar baganiriye ku bibazo by’u Rwanda na RDC
11 January, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Tete Antonio, yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Qatar, ku ngingo zirimo inzira z’amahoro zatanga igisubizo ku bibazo bimaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Umuryango.rw
Perezida Kagame yashimye mugenzi we wa Mozambique ku ntambwe amaze gutera mu kugarura amahoro
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashyikirije isoko zubakiye abaturage
"Urupfu Abanyarwanda bakwiye gupfa ni ugupfa bahangana n’ubazanaho urwo rupfu"-Perezida Kagame
U Rwanda rwiteguye gucyura abaturage barwo bari muri Israel na Iran
Leta ya RDC yasabwe guha ubutabera Gen Tshinkobo wiciwe i Goma
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola n’uwa Qatar baganiriye ku bibazo by’u Rwanda na RDC