Abagera ku 106 bahoze mu mitwe itandukanye yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, irimo uwa FDLR washinzwe n’abasize bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, basubijwe mu buzima busanzwe, bashimira igihugu cyemeye kubakira bari bamaze igihe mu bikorwa biganisha ku guhungabanya umutekano wacyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igihugu cyatwakiriye kititaye ku bibi twakoze: Abarenga 100 bahoze mu mitwe irimo FDLR basubijwe mu buzima busanzwe
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Urukiko rwo mu Bufaransa rwafashe umwanzuro wo guhagarika iperereza ku iraswa ry’indege ya Habyarimana
3 July 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ubujurire mu Bufaransa rwafashe icyemezo cyo guhagarika isubukurwa ry’iperereza ku ihanurwa ry’indege yari itwaye Perezida Juvenal Habyarimana mu 1994. Ni iperereza ryakunze guteza igitotsi mu mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa.
-
Rayon Sports yikuye mu gikombe cy’Amahoro 2023 kubera FERWAFA
8 March 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko yikuye mu gikombe cy’amahoro nyuma yo kubwirwa ko umukino wayo na Intare FC wari uyu munsi wimuriwe kuwa Gatanu.
Rayon Sports ntiyishimiye uburyo FERWAFA yabandikiye saa tatu n’igice ibamenyesha ko yasubitse uyu mukino kandi bari bamaze gufata urugendo rwerekeza kuri stade.
Perezida w’iyi kipe ya Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle,yabwiye abanyamakuru ko Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwanzuye ko busezeye mu mikino y’irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro cya (…) -
DR Congo – Rwanda: Muyaya yavuze ’ingingo ebyiri’ zirimo kuganirwaho i Luanda
10 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’itumanaho wa DR Congo Patrick Muyaya yatangaje ingingo ebyiri igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda muri Angola bigamije gushaka amahoro mu burasiraziba bwa DR Congo.
-
Impunzi z’Abanye-Congo ziba mu Rwanda zigaragambije kubera amagambo ya Gen Maj Ekenge
1 January, by Brenda MIZEROImpunzi z’Abanye-Congo zibarizwa mu nkambi zo mu Rwanda , zakoze imyigaragambyo y’amahoro yamagana amagambo y’urwango aherutse kuvugwa na Gen Maj. Sylvain Ekenge wabaye Umuvugizi w’Igisirikare cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bamusabira gukurikiranwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha.
-
Aurore Mimosa yagizwe Ambasaderi, Uwase Patricie ahabwa RCI: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
19 October 2024, by Joseph IradukundaInama y’Abaminisitiri yagize Aurore Mimosa Munyangaju, wabaye Minisitiri wa Siporo, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwami bwa Luxembourg, mu gihe Uwase Patricie wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Rwanda Cooperation Initiative (RCI).
-
Ibibazo 70,9% byakemuwe mu buryo bw’ubuhuza ni ibijyanye n’imanza mbonezamubano
22 October 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi bwakozwe n’Ishuri ryo kwigisha no guteza imbere amategeko, ILPD, bwagaragaje ko ijanisha rinini ry’ibibazo byakemuwe mu buryo butisunze inkiko ari ibijyanye n’imbonezamubano kuva mu myaka itatu ishize ubwo buryo butangiye.
-
APR FC yagarutse mu irushanwa ry’Agaciro nyuma y’umwanzuro FERWAFA yafashe
29 August 2019, by Dusingizimana RemyNKuko amakuru dukesha ikinyamakuru Fun Club abitangaza,FERWAFA yahinduye amataliki y’imikino y’irushanwa Agaciro,bituma n’ikipe ya APR FC nayo ihindura umwanzuro yari yafashe wo kurisezeramo.
-
Karongi :Ingo zose zizaba zifite amazi meza muri 2024
29 March 2023Akarere ka Karongi kizihije umunsi wahariwe amazi (Water Day )kuri uyu wa 29 Werurwe 2023,gafatanyije n’abafatanyabikorwa bako barimo WASAC, Water for People na World Vision.
Uyu munsi wizihijwe hatahwa imiyoboro ibiri y’amazi n’ikigo cy’isuku n’isukura ( District Sanitation Center) kizafasha Abaturage kugira ubwiherero bwujuje ibisabwa.
imiyoboro yatashywe ni iya Rugobagoba-Tongati-Kazibaziba ufite uburebure bwa kilometero 68.2 uha amazi abaturage n’abafatanyabikorwa b’akarere bagera ku (…) -
Ifoto y’Umunsi : Perezida Kagame yagaragaye akina Tennis ku mihanda yo muri Barbados
17 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPaul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Barbados yagaragaye akina Tennis yo ku muhanda (Road Tennis) isanzwe imenyerewe cyane muri iki gihugu.
Umuryango.rw
Igihugu cyatwakiriye kititaye ku bibi twakoze: Abarenga 100 bahoze mu mitwe irimo FDLR basubijwe mu buzima busanzwe
Urukiko rwo mu Bufaransa rwafashe umwanzuro wo guhagarika iperereza ku iraswa ry’indege ya Habyarimana
Rayon Sports yikuye mu gikombe cy’Amahoro 2023 kubera FERWAFA
DR Congo – Rwanda: Muyaya yavuze ’ingingo ebyiri’ zirimo kuganirwaho i Luanda
Impunzi z’Abanye-Congo ziba mu Rwanda zigaragambije kubera amagambo ya Gen Maj Ekenge
Aurore Mimosa yagizwe Ambasaderi, Uwase Patricie ahabwa RCI: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Ibibazo 70,9% byakemuwe mu buryo bw’ubuhuza ni ibijyanye n’imanza mbonezamubano
Karongi :Ingo zose zizaba zifite amazi meza muri 2024
Ifoto y’Umunsi : Perezida Kagame yagaragaye akina Tennis ku mihanda yo muri Barbados