Sebutege Ange wari umukozi w’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe abinjira n’ abasohoka atorewe kuyobora Akarere ka Huye asimbura Muzuka Eugene weguye na Komite bakoranaga ku wa 31 Gicurasi 2018.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Sebutege wakoraga muri IMMIGARATION atorewe kuyobora akarere ka Huye
29 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)
14 October 2021, by UbwanditsiBamwe mu bagize imiryango y’Abahejwe Inyuma n’Amateka, batujwe mu mudugudu wa Nyambaragasa, Akagali ka Ntwali, Umurenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko batishimiye uburyo amazu yabo yubatse n’ibiti, akaba ahomye n’ibyondo atagira na sima mo imbere mu gihe amazu yatujwemo Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 babana muri uwo mudugudu yubatse n’amatafari ahiye, afite ibikoni byiza ndetse n’ibiraro birimo inka.
Mutabazi, umwe mu miryango y’Abahejwe inyuma n’Amateka (…) -
Inama y’Abaminisitiri yagumishijeho ingamba zisanzwe zo kwirinda Covid-19,hashyirwaho abayobozi bashya barimo n’umuvunyi mukuru
12 November 2020, by Dusingizimana RemyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ugushyingo 2020 muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye inama y’inama y’abaminisitiri, yasuzumiwemo ingingo zitandukanye zirimo gushyiraho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye n’ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid 19.
-
Rwatubyaye yashinje ubuyobozi bwa Rayon Sports kugira uruhare mu isezererwa ryayo muri CAF Champions League
31 August 2019, by Dusingizimana RemyMyugariro Rwatubyaye Abdul ukina mu cyiciro cya kabiri muri USA mu ikipe ya Colorado Springs Switchbacks yatangarije abanyamakuru ko gusezererwa kwa Rayon Sports mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League byatewe n’amakosa y’ubuyobozi bwayo.
-
Mineduc yasohoye amabwiriza mashya yo kwirinda Marburg mu mashuri
25 October 2024, by Joseph IradukundaHashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda.
-
Imibare y’abantu bacurujwe mu myaka itanu ishize igaragaza ko abagore bibasiwe cyane
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ishusho y’uko ibikorwa by’icuruzwa ry’abantu bihagaze mu Rwanda n’ibyiciro byibasirwa cyane.
-
Perezida Kagame yahishuye icyagoranye kurusha ibindi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda
1 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagarutseho ku mateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM aho yavuze ko icyabagoye ari ukongera gukusanya ingabo Gen Rwigema amaze gupfa hanyuma avuga ko hari n’ibirimo ibikoresho n’ibindi.
-
Ihuriro rya 17 rya Unity Club Intwararumuri rizitsa kuri NST2 n’ibikibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda
14 November 2024, by Joseph IradukundaUmuryango Unity Club Intwararumuri ufatanyije na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) wateguye Ihuriro ryawo rya 17, rizibanda by’umwihariko ku ngamba zo kwihutisha gahunda y’iterambere y’imyaka itanu ya Guverinoma (NST2) no gucoca ibikibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda.
-
Umunsi nk’uyu muri Jenoside Minisitiri Karemera yanditse asobanura uko kwica Abatutsi mu Bisesero bigomba gukorwa
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama ya Guverinoma yo ku wa 17 Kamena 1994 yemeje ko Abatutsi bo mu Bisesero bagomba kwicwa ku buryo bwihuse, kandi hagafatwa ingamba zo kurinda ibikorwa remezo byo mu karere Bisesero iherereyemo. Ishyirwa mu bikorwa ry’ubwo bwicanyi ryarihutishijwe ku buryo bwose bushoboka bikozwe na Guverinoma ya KAMBANDA n’abasilikare bayo.
-
Abanyamategeko bashyizweho n’umuryango wa Rusesabagina ngo bamwunganire bandikiye UN
8 September 2020, by Dusingizimana RemyBabiri mu banyamategeko bashyizweho n’umuryango wa Paul Rusesabagina ngo bamwunganire bandikiye umuryango w’abibumbye (ONU/UN) basaba ko ukora iperereza ku kibazo cye.
Umuryango.rw
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)
Mineduc yasohoye amabwiriza mashya yo kwirinda Marburg mu mashuri
Imibare y’abantu bacurujwe mu myaka itanu ishize igaragaza ko abagore bibasiwe cyane
Perezida Kagame yahishuye icyagoranye kurusha ibindi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda
Ihuriro rya 17 rya Unity Club Intwararumuri rizitsa kuri NST2 n’ibikibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda
Umunsi nk’uyu muri Jenoside Minisitiri Karemera yanditse asobanura uko kwica Abatutsi mu Bisesero bigomba gukorwa
Abanyamategeko bashyizweho n’umuryango wa Rusesabagina ngo bamwunganire bandikiye UN