Ku mugoroba wo kuwa gatandatu taliki 27/3/2021 nibwo Twizerimana wari usanzwe ari umukozi ukoresha abandi (Kapita) mu ruganda rw’icyayi rwa Sorwathe (kapita) yarashwe na Polisi ahita apfa, yarasiwe mu karere ka Rulindo, Umurenge wa Kinihira, akagali ka Butunzi umudugudu wa Ndorandi.
Abakurikiraniye hafi uko Twizerimana yarashwe bavuga ko nyakwigendera na bagenzi be bari barenze ku mabwiriza ariho asanzwe yo kwirinda Covid19 (avuga ko utubari dufunze) bakanywera inzoga mu kabari ka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rulindo: Umuturage yarashwe na Polisi arapfa, uburyo yarashwemo buracyari urujijo
29 March 2021, by Ubwanditsi -
RCS yavuze ku byavuzwe n’umukobwa wa Rusesabagina ko se adafungiye i Mageragere
23 January 2021, by Dusingizimana RemyMe Gatera Gashabana wunganira Paul Rusesabagina, yandikiye Urukiko rukuru arusaba kurekura uwo yunganira nk’indishyi y’uko uburenganzira bwe bubangamiwe, nk’uko abivuga.
-
Kenya, u Rwanda, Sudani y’Epfo, na Uganda bateraniye i Kigali mu nama yo guhuriza hamwe ubwirinzi
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 20 Gashyantare 2025, ibihugu bigize Umuryango w’ibikorwa byo guhuza Umuhora w’Amajyaruguru (NCIP) Kenya, u Rwanda, Sudani y’Epfo, na Uganda byateraniye i Kigali mu nama y’abafite aho bahuriye n’ibikorwa by’ubwirinzi (Defence Cluster meeting). Iyi nama igamije gusuzuma ibyagezweho no gusuzuma ingamba zikomeje mu bijyanye n’ingamba zihuriweho z’ubwirinzi hagati y’ibihugu by’abafatanyabikorwa.
-
Wenceslas Twagirayezu yangiwe "gukomeza gushaka abamushinjura"
14 September 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rukurikirana imanza z’ibyaha byambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwanze icyifuzo cy’uwunganira Wenceslas Twagirayezu cyo kongererwa igihe n’ubushobozi mu gukomeza iperereza rigamije gushaka abatangabuhamya bashinjura.
-
Evode Imena uregwa itonesha yasabiwe gufungwa imyaka 7
8 November 2017, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka irindwi Imena Evode wahoze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere, bushinja ibyaha birimo itonesha mu itangwa ry’amasoko.
Urukiko rwisumbuye rw’ Akarere ka Nyarugenge kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2017 rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza ruregwamo Evode Imena wahoze Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo Kamere (MINIRENA) ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Evode Imena yatawe muri yombi tariki 27 Mutarama (…) -
Loni yemeje ko izatanga miliyari 1,04$ yo gushyigikira iterambere ry’u Rwanda
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Abibumbye watangaje ko mu myaka itanu (kuva 2025–2029) uzatanga miliyari 1,04$ azakoreshwa mu bufatanye na Leta y’u Rwanda, hagamijwe kuzamura iterambere ry’igihugu.
-
Menya byinshi kuri Yvan Buravan watabarutse amaze kubaka izina mu muziki
17 August 2022, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 16 rishyira kuwa 17 Kanama 2022, aguye mu bitaro byo mu Buhinde aho yari yagiye kwivuriza uburwayi bwa kanseri yari amaze igihe ahanganye nabwo.
Umuhanzi Yvan Buravan, wari umaze kuba icyamamare mu njyana ya R&B, yapfuye ku myaka 27 azize indwara, nk’uko abashinzwe kureberera inyungu ze babitangaje.
Yvan Burabyo, uzwi cyane nka Buravan, yari amaze iminsi yivuriza mu Buhinde cancer y’urwagashya ari nayo yamuhitanye, nk’uko biri mu (…) -
Perezida Lourenço yazanye ‘uburyo bushya’ bwo guhuza u Rwanda na RDC
14 November 2022, by Dusingizimana RemyUmuhuza w’ u Rwanda na RDC, Perezida João Lourenço wa Angola, kuwa gatanu no kuwa gatandatu yari i Kigali n’i Kinshsasa aho yabonanye n’abaperezida b’impande zombi.
Aba baperezida bose yabaganirije ku buryo bushya bwo gukemura umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi biturutse ku makimbirane ari mu burasirazuba bwa DR Congo.
Ibiro ntaramakuru Angop bya Angola bivuga ko Perezida Lourenço yagejeje kuri bagenzi be b’u Rwanda na DR Congo “uburyo bushya bwo kubahiriza amasezerano ya Luanda”. (…) -
Indorerwamo z’amoko mu gutanga akazi n’amasoko biri mu byatumye abayobozi birukanwa mu majyaruguru
9 August 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yasobanuye impamvu abayobozi banyuranye mu Ntara y’Amajyaruguru bakuwe ku mirimo mu ijoro ryo kuri uyu wa 08 Kanama 2023.
-
Perezida Kagame yashumbushije inka 5 zihaka umuturage warasiwe inka n’abagizi ba nabi
30 August 2021, by Dusingizimana RemyUmuturage witwa Twagirayezu Jean de Dieu wo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu yashyikirijwe inka eshanu yashumbushijwe n’Umukuru w’Igihugu, nyuma yaho abantu bivugwa ko ari abarwanyi ba FDLR barashe inka ze ku wa Gatanu, tariki 27 Kanama 2021.
Nkuko amafoto yafotowe izi nka abigaragaza,Twagirayezu Jean de Dieu warasiwe inka 5 imwe muri zo igapfa, bikozwe n’umutwe w’iterabwoba wa #FDLR,yahawe inka 5 zihaka kandi z’imishishe.
Izi nka yazishyikirijwe n’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u (…)
Umuryango.rw
Kenya, u Rwanda, Sudani y’Epfo, na Uganda bateraniye i Kigali mu nama yo guhuriza hamwe ubwirinzi
Wenceslas Twagirayezu yangiwe "gukomeza gushaka abamushinjura"
Loni yemeje ko izatanga miliyari 1,04$ yo gushyigikira iterambere ry’u Rwanda
Menya byinshi kuri Yvan Buravan watabarutse amaze kubaka izina mu muziki
Perezida Lourenço yazanye ‘uburyo bushya’ bwo guhuza u Rwanda na RDC
Indorerwamo z’amoko mu gutanga akazi n’amasoko biri mu byatumye abayobozi birukanwa mu majyaruguru
Perezida Kagame yashumbushije inka 5 zihaka umuturage warasiwe inka n’abagizi ba nabi