Polisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataye muri yombi abantu bagera kuri 200 kubera imyigaragambyo yo kwamagana Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, uri mu ruzinduko muri iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
USA: Polisi yataye muri yombi abagera kuri 200 bamagana uruzinduko rwa Netanyahu
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Urujya n’uruza muri Gare ya Nyabugogo ni rwose ruhunga Guma mu rugo ya Kigali [AMAFOTO]
19 January 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho Inama y’abaminisitiri isubije muri Guma mu rugo kubera ubwiyongere bukabije bwa Covid-19,abantu benshi babyukiye muri gare ya Nyabugogo kugira ngo batahe hirya no hino.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ihuza bimwe mu bihugu by’Afurika n’ibihugu 20 bikize ku isi
19 November 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere taliki ya 18 Ugushyingo 2019, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze i Berlin mu Budage, aho yitabiriye inama y’ishoramari izwi nka Compact with Africa (CwA), ihuza bimwe mu bihugu by’Afurika n’ibihugu 20 bikize ku Isi.
-
Uganda yahakanye ko itakiriye inama yo gushyiraho komite ya RNC
24 November 2019, by Dusingizimana RemyMu itangazo ryashyizwe hanze n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’urwego rushinzwe itangazamakuru muri Uganda, yahakanye ko nta nama bakiriye igamije gushyiraho komite nshingwabikorwa y’ishyaka rya RNC iyihagarariye muri iki gihugu.
-
U Bwongereza bwatangaje ko bwiteguye kohereza ingabo muri Ukraine
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru, itariki 16 Gashyantare 2025, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko yiteguye kohereza Ingabo z’u Bwongereza muri Ukraine niba Moscou yemeye amasezerano asaba ko hakoherezwa ingabo zo kubungabunga amahoro z’i Burayi.
-
Icyihebe gikomeye muri Al Qaeda cyishwe n’umunya Israeli wari intumwa ya Amerika
14 November 2020, by Dusingizimana RemyIcyihebe cyari gikomeye muri Al Qaeda, Abu Muhammad al-Masri,cyategetse ibijyanye no gutera ibisasu kuri za Ambasade zitandukanye za US muri Afurika, biravugwa ko cyarashwe n’abanya Israeli bari intumwa za US.
-
Igitero cyo kwihorera cya Israel muri Yemen kibasiye Umujyi wa Hodeidah
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgitero gikomeye cy’indege cyahungabanyije umujyi wa Hodeidah ku cyambu cyo ku Nyanja Itukura nyuma y’umunsi umwe abayobozi ba Israel bahize ko bazihorera igitero cya drone kibasiye Tel Aviv.
-
RIB yerekanye abatekamutwe barimo uwiyitiriye Ama- G, Rutura, Bruce Melody, Jay Polly n’ abandi
6 August 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi, kandi atari bo, bagasaba umuntu bashaka amafaranga.
-
"Ntawirahira uwamusezeranyije inka yirahira uwayimuhaye"-Perezida Kagame avuga ku matora
17 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko abanyarwanda babonye ibyagezweho mu myaka 30 ishize ndetse bakwiriye guhitamo ejo hazaza heza kuko ntawirahira uwamwijeje inka ahubwo yirahira uwayimuhaye.
-
Abakinnyi ba PSG bahaye isezerano rikomeye u Rwanda bise"igihugu cyiza"
4 May 2022, by Dusingizimana RemyAbakinnyi ba Paris Saint-Germain, Sergio Ramos, Keylor Navas, Thiro Kerler na Julian Draxler bagaragaje ko bagize ibyishimo birenze mu ruzinduko bagiriye mu Rwanda kandi basezeranya ko bazasaba abandi bakinnyi gusura igihugu.
Nabo biyemeje kuzongera gusura u Rwanda mu gihe kizaza.
Kuri uyu wa mbere,aba bakinnyi 4 bashoje uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda rukaba rwari mu masezerano y’ubufatanye bw’iyi kipe y’igihangange mu mupira w’amaguru mu Bufaransa n’u Rwanda binyuze mu (…)
Umuryango.rw
USA: Polisi yataye muri yombi abagera kuri 200 bamagana uruzinduko rwa Netanyahu
Urujya n’uruza muri Gare ya Nyabugogo ni rwose ruhunga Guma mu rugo ya Kigali [AMAFOTO]
U Bwongereza bwatangaje ko bwiteguye kohereza ingabo muri Ukraine
Igitero cyo kwihorera cya Israel muri Yemen kibasiye Umujyi wa Hodeidah
"Ntawirahira uwamusezeranyije inka yirahira uwayimuhaye"-Perezida Kagame avuga ku matora
Abakinnyi ba PSG bahaye isezerano rikomeye u Rwanda bise"igihugu cyiza"