Kuri uyu munsi tariki ya 10 Werurwe 2022, muri Car free zone mu mujyi wa Kigali ahitwa Imbuga City walk hatangijwe ibikorwa birebana n’ukwezi kwahariwe Umuryango wa Francophonie,ukwezi gufite insanganyamatsiko iganisha ku guteza imbere ururimi rw’igifaransa.
Ibyo bikorwa byabimburiwe n’imurikabikorwa ry’inkuru zishushanyije zizwi nka bandes dessinees mu ndimi z’amahanga zaba izanditswe n’abanyarwanda cyangwa iz’abanyamahanga.
Ni ibikorwa byateguwe ku bufatanye bwa Ambassade y’u (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu mujyi wa Kigali hatangijwe imurika ry’inkuru zishushanyije[AMAFOTO]
10 March 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Ni urugendo nungukiyemo byinshi-Dr. Ngirente wari Minisitiri w’Intebe
24 July 2025, by ISIMBI EstellaDr. Edouard Ngirente wari Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yatangaje ko imyaka hafi umunani yari amaze muri izi nshingano yungukiyemo byinshi kandi azahora atewe ishema no n’icyizere yagiriwe cyo kuyobora Guverinoma.
Dr. Ngirente yabaye Minisitiri w’Intebe ku wa 30 Kanama 2017 kugeza ku wa 23 Nyakanga 2025, asimburwa na Dr. Justin Nsengiyumva wari Guverineri Wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda.
-
Massamba Intore yasezeye ku mubyeyi we Nyinawintore, amwifuriza gukomeza gutaramana na Sentore mu ijuru
1 October 2025, by Brenda MIZERONyuma y’iminsi icumi y’igitaramo cyo kumutaramira, Umubyeyi wa Massamba Intore, Mukarugagi Ancilla uzwi nka Nyinawintore, yashyinguwe ku wa 30 Nzeri 2025 mu cyubahiro, mu muhango Massamba ubwe yagarajemo ko iwabo batemera ko urupfu rwatumwa baheranwa n’amarira n’agahinda.
-
Rubavu: Mudugudu ukekwaho kwiba inka z’abaturage yafunzwe
31 October 2024, by Joseph IradukundaUmukuru w’umudugudu wa Rushubi, mu kagari Gikombe, umurenge wa Nyakiba ho mu karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwiba inka z’abaturage.
-
Perezida Kagame yazamuye mu mapeti Col Muhizi Pascal
23 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu Ntera, Col Muhizi Pascal amuha ipeti rya Brigadier General mu Ngabo z’u Rwanda.
Muhizi Pascal wagizwe Brigadier General yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ingabo mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Rutsiro. Mu bihe bitandukanye yakunze kugaragara mu biganiro bigamije kubungabunga amahoro n’umutekano muri utwo turere, aho yaganirizaga abaturage kenshi.
Ipeti yahawe ni irya kane ryo hejuru mu gisirikare cy’u Rwanda, inyuma (…) -
Minisitiri Kayikwamba wa RDC aracyafitiye u Rwanda akangononwa
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNubwo ibihugu byombi bigaragaza ko biri mu nzira nziza yo gukemura amakimbirane bifitanye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yagaragaje ko agifitiye u Rwanda akangononwa.
-
Rayon Sports yegukanye Igikombe cy’Amahoro cya 2023 yaherukaga muri 2016
3 June 2023, by Joseph IradukundaIgitego cya Ngendahimana Eric gifashije Rayon Sports gutsinda APR FC igitego 1-0, yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2023.
-
Burundi: Abakandida hafi 3000 bahataniye imyanya 100 y’abadepite
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuva mu gitondo kugeza ku mugoroba wo kuri uyu wa 5 Kamena 2025, Abarundi bari mu matora y’abayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abadepite aho intebe 100 zo mu Nteko Ishinga Amategeko zihataniwe n’abarenga 2900.
-
Abadepite bemeje amasezerano u Rwanda rwagiranye n’ibihugu 12
8 October 2025, by Brenda MIZEROAbadepite batoye amategeko yemerera kwemeza burundu amasezerano yo gutwara abantu n’ibintu mu kirere hagati y’u Rwanda n’ibihugu 12, hagamijwe kwagura ubufatanye n’imihahirane.
-
Muri Mutarama mu mwaka utaha wa 2020 Guverineri w’intara y’amajyepfo azimuka
4 November 2019, by Martin MunezeroNyuma y’amezi icyenda Guverineri w’intara y’Amajyepfo, Emmanuel Gasana, akorera mu karere ka Nyamagabe, Huye ngo ni yo itahiwe muri Mutarama 2020.
Umuryango.rw
Mu mujyi wa Kigali hatangijwe imurika ry’inkuru zishushanyije[AMAFOTO]
Ni urugendo nungukiyemo byinshi-Dr. Ngirente wari Minisitiri w’Intebe
Massamba Intore yasezeye ku mubyeyi we Nyinawintore, amwifuriza gukomeza gutaramana na Sentore mu ijuru
Rubavu: Mudugudu ukekwaho kwiba inka z’abaturage yafunzwe
Perezida Kagame yazamuye mu mapeti Col Muhizi Pascal
Minisitiri Kayikwamba wa RDC aracyafitiye u Rwanda akangononwa
Rayon Sports yegukanye Igikombe cy’Amahoro cya 2023 yaherukaga muri 2016
Burundi: Abakandida hafi 3000 bahataniye imyanya 100 y’abadepite
Abadepite bemeje amasezerano u Rwanda rwagiranye n’ibihugu 12