Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yasoje ibikorwa byo kugerageza ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga mu Rwanda, yakoreye ku matsinda mato y’abantu bafite aho bahuriye n’urwego rw’imari n’ikoranabuhanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
BNR yasoje igerageza ry’ibanze ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga mu Rwanda
27 November 2025, by Brenda MIZERO -
RIB yeretse itangazamakuru abantu 5 bakekwaho kwiba amafaranga kuri konti z’abandi bakoresheje ikoranabuhanga
14 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gicurasi 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rweretse itangazamakuru abantu 5 bakekwaho kwiba amafaranga y’abaturage mu mabanki bakoresheje ikoranabuhanga.
-
Minisitiri Nduhungirehe yahishuye impamvu nyamukuru yatumye inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC isubikwa
21 November 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,ushinzwe EAC yavuze ko inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yasubitswe ku busabe bw’umwe mu bakuru b’ibihugu binyamuryango wagaragaje imbogamizi z’uko atazaboneka.
-
Mu ruzinduko rw’amateka Perezida Kagame na Museveni baganiriye ku mubano w’ibihugu byombi
25 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu mugoroba wo kuri uyu wo ku ya 24 Mata 2022, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yakiriye mu biro bye Entebbe, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda aho abo bombi baganiriye ku mubano w’ibihugu byombi.
-
Rusesabagina yaje mu rukiko nta mwunganizi Sankara avuga ko ari amayeri yo gutinza uru rubanza rwasubitswe
11 March 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambuka imipaka rwakomeje kuburanisha urubanza rwa Paul Rusesabagina n’abo areganwa na bo 20 kubera ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba bakekwaho.
-
Perezida Kagame yazamuye abasirikare 2 mu ntera
4 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare babiri barimo na Lt. Col Innocent Munyengango wahawe ipeti rya Colonel, anagirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Igenamigambi mu Gisirikare, J5.
Izi mpinduka mu gisirikare zatangajwe ku manywa yo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Nzeli 2021.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko Lt. Col Innocent Munyengango yagizwe Colonel anahabwa inshingano zo kuba (…) -
U Rwanda rwakomoje ku ngamba z’ubwirinzi ruzakuraho mu gihe FDLR yasenywa
30 October 2024, by Joseph IradukundaMu biganiro bya Luanda, u Rwanda rwemereye Angola ko ruzakuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyizeho mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR uterwa inkunga n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasenywa.
-
Ubushinjacyaha bwasabiye miss Muheto gufungwa umwaka n’Amezi 8
31 October 2024, by Joseph IradukundaMu rubanza rwa Miss Muheto Divine, ku byaha byo gutwara imodoka yasinze no guhunga amaze guteza impanuka, Miss Muheto yemera icyaha cyo kugonga ariko akavuga ko atahunze. Yemera kandi icyaha cyo gutwara yasinze no gutwara ikinyabiziga nta ruhushya afite.
-
Covid-19 Habonetse abandi barwayi 10 mu Rwanda hakira abantu 2
5 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 05 Kamena 2020,mu bipimo 1558 byafashwe mu Rwanda, habonetse abanduye Coronavirus bashya 10 bose baturutse mu karere ka Rusizi na Rusumo i kirehe. Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda bose babaye 420.
-
Musonera Germain yasabye kuburana adafunze
15 October 2024, by Joseph IradukundaMu iburanisha risaba kongererwa igifungo cy’agateganyo, Musonera Germain ukurikiranyweho kugira uruhare ku cyaha cya Jenoside, yatakambiye Urukiko asaba kuburana ari hanze.
Umuryango.rw
BNR yasoje igerageza ry’ibanze ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga mu Rwanda
Mu ruzinduko rw’amateka Perezida Kagame na Museveni baganiriye ku mubano w’ibihugu byombi
Rusesabagina yaje mu rukiko nta mwunganizi Sankara avuga ko ari amayeri yo gutinza uru rubanza rwasubitswe
Perezida Kagame yazamuye abasirikare 2 mu ntera
U Rwanda rwakomoje ku ngamba z’ubwirinzi ruzakuraho mu gihe FDLR yasenywa
Ubushinjacyaha bwasabiye miss Muheto gufungwa umwaka n’Amezi 8
Musonera Germain yasabye kuburana adafunze