Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yandikiye iy’u Burundi iyimenyesha ko yishimiye gutorwa kwa Evariste Ndayishimiye watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yabaye kuwa 20 Gicurasi 2020.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwashimiye Evariste Ndayishimiye watsinze amatora mu Burundi
6 June 2020, by Dusingizimana Remy -
Nyaruguru: Minisitiri w’ubuhinzi yasabye abahinzi kongera imbaraga mu buhinzi bw’icyayi mu gihe inganda zigitunganya zikomeje kwiyongera
12 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yasabye abahinzi b’icyayi bo mu karere ka Nyaruguru kurushaho kongera imbaraga mu kongera ubuso n’umusaruro w’icyayi kugira ngo babashe kungukira ku nganda nshya zikomeje kubakwa mu gihugu, zitezweho guteza imbere ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage.
-
Leta yashyizeho ibiciro ntarengwa by’amafaranga y’ishuri
14 September 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku mabwiriza ajyanye n’uruhare rw’ababyeyi mu burezi bw’abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’akorana na Leta ku bw’amasezerano azatangira gukurikizwa mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2022/2023.
Minisiteri y’Uburezi yashyize ahagaragara amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi mu mashuri ya leta y’incuke, abanza n’ayisumbuye.
Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya Valentine avuga ko iki (…) -
Abanyarwanda 32 barimo abana 3 bari bafungiye i Mbarara barekuwe
12 August 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 12 Kanama 2021, u Rwanda rwakiriye abandi banyarwanda 32 barimo abagore batanu (5) n’abana batatu (3) n’abagabo 24 bari bamaze iminsi bafungiye muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu
5 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yaraye atunguye benshi mu bitabiriye ibirori byo Kwibohora 25 byabereye muri Kigali Convention Centre bihuje abayobozi mu nzego za leta n’izindi zitandukanye mu gihugu, hamwe na Perezida Hage Geingob wa Namibia n’umugore we Monica Geingos,ubwo yababwiraga ko bakwima amatwi ubabwira ngo bajye ku kazi kuri uyu wa Gatanu.
-
Amb.Habineza Joseph wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda igihe kinini yahitanwe n’Uburwayi
20 August 2021, by Dusingizimana RemyAmb. Joseph Habineza wabaye Minisitiri wa siporo n’urubyiruko mu Rwanda akanarubera Ambasaderi muri Nigeria yitabye Imana azize uburwayi mu bitaro byo muri Kenya.
Yabanje kujya kwivuriza muri Nigeria ahava akomereza i Nairobi muri Kenya ari naho yaguye. Yakoreye igihugu imirimo myinshi, harimo kuba yarabaye Minisitiri wa Siporo n’umuco, yanahagarariye u Rwanda muri Nigeria.
Nyuma y’aho yagizwe Umuyobozi mu kigo cy’Ubwishingizi cya Radiant muri Gicurasi 2019.
Uretse kuba uyu mugabo (…) -
IMF yorohereje umwenda ibihugu 25 birimo u Rwanda kubera Coronavirus
14 April 2020, by Dusingizimana RemyMadamu Kristalina Georgieva utegeka ikigega cy’imari ku isi (IMF/FMI) yatangaje ko inama y’ubutegetsi yacyo yorohereje kwishyura umwenda ku bihugu 25 muri gahunda yo kubifasha guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19.
-
Perezida Kagame yahishuye impamvu u Rwanda rwohereje igitaraganya "Special Force" muri Centrafrique
5 August 2021, by Dusingizimana RemyMu kiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra bagiranye n’abanyamakuru bibanze ku mubano w’ibihugu byombi uhagaze neza muri iyi minsi n’ibikubiye mu masezerano basinye.
-
U Rwanda rwasezerewe mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika MINISPORTS yiyemeza kurikomeza
19 September 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’u Rwanda mu bagore mu mukino wa Volleyball yakuwe mu marushanwa y’igikombe cy’ Afurika 2021 y’abagore muri Afurika nyuma y’ibirego byo gukinisha abakinnyi batujuje ibyangombwa.
-
Bagosora yangiwe gufungurwa mbere y’uko igifungo cye kirangira
2 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga (IRMCT), Carmel Agius,kuri uyu wa Kane, yafashe icyemezo cyangira Col Théoneste Bagosora kurekurwa atararangiza igifungo cy’imyaka 35 yakatiwe.
Umuryango.rw
Nyaruguru: Minisitiri w’ubuhinzi yasabye abahinzi kongera imbaraga mu buhinzi bw’icyayi mu gihe inganda zigitunganya zikomeje kwiyongera
Leta yashyizeho ibiciro ntarengwa by’amafaranga y’ishuri
Abanyarwanda 32 barimo abana 3 bari bafungiye i Mbarara barekuwe
Amb.Habineza Joseph wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda igihe kinini yahitanwe n’Uburwayi
Perezida Kagame yahishuye impamvu u Rwanda rwohereje igitaraganya "Special Force" muri Centrafrique
U Rwanda rwasezerewe mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika MINISPORTS yiyemeza kurikomeza