Leta ya Qatar yongeye u Rwanda mu bihugu abaturage babyo bemerewe kujya muri iki gihugu bakaba bahamagara iminsi 30 badafite Visa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abanyarwanda bemerewe kujya muri Qatar bakahamara iminsi 30 nta VISA
1 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Ko bwari bwije uwarashe indege ya Habyalimana yabwiwe n’iki ko ariwe koko ngo adahanura indi yibeshye?
20 April 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuwa 6/4/1994 indege yari itwaye Perezida Habyalimana ndetse na Perezida w’Uburundi Ntaryamira Cyprien yarasiwe muu kirere cya Kanombe ubwo yiteguraga kugwa ku kivuga cy’indege abarimo bose bahita bapfa.
-
Jeannette Kagame yatashye amazu y’ amasaziro yatwaye miliyari 2 Rwf [AMAFOTO]
3 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmufasha wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 3 Nyakanga 2018 yafunguye ku mugaragaro icumbi ryiswe “Impinganzima Hostel” rigiye gucumbikira abakecuru n’abasaza bagera kuri 80 basigaye badafite imiryango yo kubitaho.
-
Col. Kazarama ari kumwe na Lt Col Willy Ngoma nyuma yo gusubira muri M23
29 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIColonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama wahoze ari umuvugizi w’umutwe wa M23, bwa mbere yagaeagaye ari mu ruhame nyuma yo gusubira muri uyu mutwe.
-
Perezida wa Azerbaijan ntiyumva uko bafite umunyeshuri umwe w’Umunyarwanda gusa
21 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Azerbaijan, Ilham Aliyev yasabye ko imibare y’abanyeshuri b’Abanyarwanda biga muri icyo gihugu yongerwa binyuze mu mikoranire y’impande zombi cyane ko kugeza ubu hari Umunyarwanda umwe gusa wigayo.
-
Ubuhinde bwaguye ububasha bwo kugenzura imbuga nkoranyambaga, kureka abayobozi bo hasi bagasaba ko bafatwa
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUburyo bushya bwo kugenzura butuma n’abayobozi bo ku rwego rw’akarere basaba ibigo mbuga nkoranyambaga gukuramo imyanya. Abahanga bavuga ko ibyo bituma guverinoma irenga ku byemezo by’Urukiko rw’Ikirenga.
-
Amateka ya Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23 .
2 March 2025, by ISIMBI EstellaMuri iki cyumweru turimo gusoza nibwo mubaturage aho Cornoeille Nangaa yari yaje i Bukavu Agiye kugirana ikiganiro n’abaturage haturikiye ibisasu byinshi ndetse byari byateguwe mu rwego rwo kwivugana Uyu mugabo hamwe n’abandi bayobozi muri M23 gusa birangira barokotse, gusa ibisasu byahitanye abaturage benshi. Ariko se Corneille Nangaa washyizeho Perezida Félix Tshisekedi k’umwanya wa Perezida wa RDC ni muntu ki ? uyu mugabo ubutegetsi bwa Tshisekedi bushaka kwivugana ni muntu ki? (…)
-
Perezida Kagame yageze i Washington D.C
3 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yageze i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye mu muhango wo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
TAS2019: Perezida Kagame yasabye Afurika kubyaza umusaruro umurongo mugari wa interineti
15 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko Abatuye Afurika bakwiriye kubyaza amahirwe umurongo mugari wa Interineti mu kwiteza imbere aho kuwukoresha mu kwakira ibitekerezo by’abandi gusa.
-
Umubikira Nyiraminani Bellancilla wapakije sima muri Ambulance yafunzwe
26 November 2024, by Joseph IradukundaMu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki 25 Ugushyingo 2024, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’abantu bashyiraga imifuka ya sima mu Mbangukiragutabara.
Umuryango.rw
Col. Kazarama ari kumwe na Lt Col Willy Ngoma nyuma yo gusubira muri M23
Perezida wa Azerbaijan ntiyumva uko bafite umunyeshuri umwe w’Umunyarwanda gusa
Ubuhinde bwaguye ububasha bwo kugenzura imbuga nkoranyambaga, kureka abayobozi bo hasi bagasaba ko bafatwa
Amateka ya Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23 .
Perezida Kagame yageze i Washington D.C
Umubikira Nyiraminani Bellancilla wapakije sima muri Ambulance yafunzwe