Guverinoma ya Algeria yatangaje ko yakuye Ambasaderi wayo mu Bufaransa nyuma y’aho Perezida Emmanuel Macron atangaje ko ashyigikiye kuba Maroc yakomeza kugenzura ubuzima bw’abatuye ku butaka bwa Western Sahara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Icyatumye ambasaderi wa Algeria akurwa Mubu Faransa
31 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
Polisi yafashe abakewaho kwicisha imbunda umuvunjayi n’umushoferi
4 December 2022, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abagabo babiri bakekwaho kwicisha masotera [imbunda nto]abarimo umuvunjayi ndetse n’umushoferi.
Mu itangazo ryashyizwe hanze kuri iki Cyumweru,Polisi y’u Rwanda yavuze ko abafashwe ari Ndagijimana Patrick na Ndagijimana Yves.
Bakekwaho kwica Mujyambere Idris w’imyaka 49 mu ijoro ryo kuwa 18 Gicurasi 2022 mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Masaka na Kayitare Jean Pierre w’imyaka 45, kuwa 13 Ugushyingo 2022, bakoresheje imbunda (Pistol).
Polisi y’u (…) -
Petro de Luanda yabaye ikipe ya mbere yegukanye BAL itari iy’Abarabu
1 June 2024, by Dusingizimana RemyIkipe ya Petro de Luanda yo muri Angola yegukanye Irushanwa rya Basketball Africa League mu 2024, #BAL4, nyuma yo gutsindira ku mukino wa nyuma, Al Ahly Ly yo muri Libya amanota 107-94.
-
Nyarugenge: "ADEPR ni nka Rayon Sports"- Me Sharangabo mu rubanza umuyoboke wa ADEPR yarezemo RGB
25 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa mbere urukiko rwisumbuye, rwa Nyarugenge rwatangiye Kuburanisha urubanza rw’uwitwa Karamuka Frodourd Umuyoboke wa ADEPR yarezemo Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB).
-
Kigali mu myiteguro yo kwakira Perezida Nyusi
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa Perezida Kagame rwari urwa kabiri agiriye muri icyo gihugu cyo muri Afurika y’Amajyepfo kuko yaherukagayo mu 2004.
Icyo gihe Umukuru w’Igihugu yaganiriye na mugenzi we Nyusi wa Mozambique ku ngingo zifitiye inyungu abaturage b’ibihugu byombi, haba mu bufatanye mu nzego zitandukanye zirimo (…) -
Habayeho impinduka nyinshi kuri gahunda yari isanzweho ya Guma mu Rugo na bimwe mu bikorwa byemererwa kongera gukora
1 May 2020, by Martin MunezeroItangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye tariki 30 Mata ryari rifitiwe amatsika n’abanyarwanda hafi ya bose bategereje impinduka nshya kuri gahunda ya Guma mu Rugo,ryasohotseho ingamba nshya kuri iyi gahunda zizatangira gukurikizwa ku wa mbere tariki ya 4 Gicurasi 2020.
-
U Rwanda rwavuze kuri ‘Nkurunziza wasabye ko abaperezida ba EAC baterana kubera ibibazo biri hagati y’ ibihugu byombi’
8 December 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yagaragaje ko ntacyo ibwiwe n’ ubusabe bwa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza wandikiwe Perezida Museveni uyoboye EAC asaba ko haterana inama y’ abakuru b’ ibihugu yo kwiga ku bibazo avuga ko biri hagati y’ u Rwanda n’ u Burundi.
-
Mu magambo y’ Igifaransa Perezida Kagame yagaragaje uko yakiriye intsinzi ya Mushikiwabo
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye by’ umwihariko Twitter isanzwe ikoreshwa cyane n’ abanyapolitiki abantu barimo gushimira Madamu Louise Mushikiwabo wabo, wanditse amateka akomeye yo kuba Umunyarwanda wa mbere utorewe kuyobora Umuryango w’ Ibihugu bikoresha Igifaransa.
-
Perezida Kagame yakiriwe byihariye n’Abanyarwanda baba i Bruxelles (Amafoto & Video)
17 February 2022, by SHEMA EMMANUELMorali ni yose mu Banyarwanda i Bruxelles mu bubiligi n’inshuti zabo bakoraniye hanze y’inyubako ikoreramo Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ari benshi bategereje kuramutsa Perezida Kagame witabiriye inama y’abakuru b’ibihugu, ihuza EU na AU iri kubera i Bruxelles.
-
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
23 October 2025, by ISIMBI EstellaDr. Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, ubwo yaburanaga mu bujurire, umushinjacyaha yamusabiye gufungwa burundu.
Umuryango.rw
Icyatumye ambasaderi wa Algeria akurwa Mubu Faransa
Polisi yafashe abakewaho kwicisha imbunda umuvunjayi n’umushoferi
Petro de Luanda yabaye ikipe ya mbere yegukanye BAL itari iy’Abarabu
Perezida Kagame yakiriwe byihariye n’Abanyarwanda baba i Bruxelles (Amafoto & Video)
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu