Mu rukerera rwa tariki ya 22 Kamena 2025, igisirikare kirwanira mu kirere cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyagabye igitero karundura cyahawe izina “Operation Midnight Hammer’ ku bigo bitatu bya Iran bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire, bya Fordow, Natanz na Isfahan.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Byinshi kuri ’Operation Midnight Hammer’, igitero karundura cya Amerika kuri Iran
24 June 2025, by ISIMBI Estella -
Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yapfuye 2006
12 May 2022, by Dusingizimana RemyProtais Mpiranya washakishwaga n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) byemejwe ko yapfuye tariki 5 Ukwakira 2006 i Harare muri Zimbabwe.
Mpiranya yari uwa nyuma ku isonga ry’abashakishwaga bari barakorewe impapuro z’ibirego n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR).
Umushinjacyaha mukuru wa IRMCT Serge Brammertz yagize ati "Kumenya amakuru nyakuri y’uwashakishwaga wa nyuma ukomeye -Protais Mpiranya- ni intambwe ikomeye mu bikorwa byacu byo (…) -
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
14 May 2025, by Joseph IradukundaHirya no hino mu Gihugu haravugwa ubwicanyi hagati y’abashakanye, ubundi ukumva ngo umugabo yishe umwana we, ahandi ukumva hishwe umuntu bivuye ku ihohotera.
-
Perezida Kagame na Madamu we bunamiye intwari z’Igihugu
1 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’Igihugu banashyira indabo ku kimenyetso cy’ubutwari kiri ku gicumbi cy’Intwari i Remera mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali.
Intwari z’Igihugu zizihizwa kuri uyu wa 1 Gashyantare 2023, mu Rwanda.
Ni ku nshuro ya 29 u Rwanda rwizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu.Uw’uyu munsi ufite insanganyamatsiko igira iti ‘Ubutwari mu Banyarwanda, Agaciro kacu’.
Ku rwego rw’Iigihugu, umuhango wo kwizihiza Intwari z’u Rwanda wabereye (…) -
Perezida Kagame ari I Paris ku butumire bwa Emmanuel Macron
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika Yunze Ubumwe yitabiriye inama y’ ihuriro Mpuzamahanga ry’ Amahoro ibera mu Bufaransa aho yageze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Ukwakira 2018.
-
Perezida Kagame yahaye imirimo mishya Gen Nyamvumba n’abandi barimo umukobwa wa Rwigema
28 February 2024, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024 iyobowe na Perezida Paul Kagame,yasabiye General Patrick Nyamvumba guhagararira u Rwanda muri Tanzania, na ho Fatou Harerimana asabirwa kuruhagararira muri Pakistan.
-
Perezida Kagame na Museveni basinye amasezerano y’ubufatanye n’umutekano
21 August 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye n’umutekano.
-
U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC barushinja gufasha umutwe wa M23
26 May 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iravuga ko nta nkunga iyo ari yo yose itera inyeshyamba z’umutwe wa M23 nkuko byavuzwe na bamwe mu bategetsi b’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Abategetsi ba gisivile na gisirikare muri DR Congo,bongeye gushinja leta y’u Rwanda gufasha umutwe wa M23.
Kuwa gatatu, nyuma y’inama ya minisitiri w’intebe, abakuru b’ingabo na polisi i Kinshasa, biga ku mirwano muri Kivu ya ruguru, Patrick Muyaya yabwiye abanyamakuru ati:
"Dushingiye ku byo dufite biva ku (…) -
Dr Pierre Damien Habumuremyi yakatiwe igifungo cy’imyaka 3 n’ihazabu ya Miliyoni 892 Frw
27 November 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge,rwategetse ko Dr Pierre Damien Habumuremyi afungwa imyaka itatu.akanatanga ihazabu ya no gutanga ihazabu ya Miliyoni 892 Frw nyuma yo guhamwa n’ icyaha cyo gutanga sheki zitazigamiye.
-
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500
9 December 2025, by ISIMBI EstellaKomiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) CG Murenzi Evariste, yatangaje ko ubu mu mugarorero yose y’u Rwanda hafungiwe abasaga ibihumbi 70, barimo abasaga ibihumbi 23 bafunzwe mu mwaka wa 2025 gusa.
Umuryango.rw
Byinshi kuri ’Operation Midnight Hammer’, igitero karundura cya Amerika kuri Iran
Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yapfuye 2006
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
Perezida Kagame na Madamu we bunamiye intwari z’Igihugu
Perezida Kagame yahaye imirimo mishya Gen Nyamvumba n’abandi barimo umukobwa wa Rwigema
U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC barushinja gufasha umutwe wa M23
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500