Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 2/06/2020, yemeje isubukurwa ry’ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa kigali, no gutwara abagenzi kuri moto, usibye mu turere twa Rusizi na Rubavu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ingendo zihuza intara n’umujyi wa Kigali no gutwara abantu kuri moto byemerewe gusubukurwa uretse mu turere tubiri gusa
3 June 2020, by Dusingizimana Remy -
Nyarugenge: "Ndasaba ko bazana amashusho yo guteza umutekano mucye ku kibuga cy’indege"-Dr Kayumba
11 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020 agifungiye muri Gereza ya Nyarugenge akaza kurangiza igihano cy’umwaka umwe yahawe n’urukiko rwibanze rwa Kicukiro rutaramuburanisha mu minsi ishize.
-
Abategetsi benshi ku isi bavuze ku ntsinzi ya Biden hazamo n’abanenze amatora
8 November 2020, by Dusingizimana RemyKuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo bw’abishimiye intsinzi ye.
-
Perezida Kagame yageze muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum
12 May 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Abidjan muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye Inama Nyafurika y’Abayobozi b’Ibigo (Africa CEO Forum).
-
Rayon Sports yamaze gutangaza abakinnyi 11 barayifasha guhangana na Al Hilal
25 August 2019, by Dusingizimana RemyHarabura amasaha make ngo Rayon Sports icakirane na Al Hilal mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwerekeza mu ijonjora rya kabiri ryo kwinjira mu matsinda ya CAF Champions League.
-
Kayiranga Baptiste yakoresheje imyitozo ya nyuma muri Sudani aca amarenga y’abashobora kubanzamo
25 August 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza w’agateganyo wa Rayon Sports Kayiranga Baptiste yaraye akoresheje imyitozo ya nyuma ku kibuga cya Al Hilal barakiniraho uyu mukino wo kwishyura w’ijonjora ryibanze rya CAF Champions League.
-
Inkuru y’uburyo Amag the Black yarozwe n’Umuntu we wa hafi
3 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Hakizimana Amani [Ama G The Black] yatangaje ko yahawe uburozi mu biryo ubwo yiteguraga kuririmba mu gitaramo gikomeye yamurikiyemo Album ye yise “Ibishingwe”, ndetse ko yaje kumenya uwabikoze, kuva icyo gihe bacana umubano n’ubwo atigeze amubwira ko yamenye ko yashakaga kumugirira nabi.
Ku wa 1 Nyakanga 2023, Ama G The Black yataramiye abafana be n’abakunzi b’umuziki mu gitaramo yakoreye muri Gift Restaurant iherereye muri Kigali City Tower, abamurikira Album ‘Ibishingwe’ yari (…) -
Gen Muhoozi yagaragaje akamuri ku mutima nyuma yo gukorera isabukuru kwa Perezida Kagame
26 April 2023, by Dusingizimana RemyKuwa Mbere tariki ya 24 Mata 2023,Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza Gen Muhoozi Kainerugaba, mu isangira ryo kumwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.
Nkuko byagaragaye mu mafoto n’amashusho yashyizwe hanze n’Ibiro bya Perezida w’u Rwanda,Gen Muhoozi n’itsinda bari kumwe basangiye n’umuryango wa Perezida Kagame.
Abinyujije kuri Twitter,Gen Muhoozi Kainerugaba yagize ati "Ndashaka gushimira Perezida Paul Kagame na madamu we, n’umuryango wabo kutwakira neza njye (…) -
Abarwaye Coronavirus mu Rwanda babaye 75…Habonetse 5 kuri uyu wa Kabiri
31 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yamaze gutangaza ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2020, mu Rwanda hagaragaye abanduye Coronavirus 5 bituma umubare wose w’abamaze kwandura ugera kuri 75.
-
Ibyari bikubiye mu mugambi wa Ingabire Victoire wiswe ‘Intumbero y’ejo hazaza’ yo gukuraho Perezida wa Repubulika
18 July 2025, by ISIMBI EstellaIbyaha Ingabire Victoire akurikiranyweho n’ubutabera, bigaruka ku gushaka kugirira nabi ubutegetsi buriho na Perezida wa Repubulika no guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. Ibyo byose bikomoka ku bikorwa we n’abambari be bo muri DALFA-Umurinzi bakoraga, bategura uko umugambi wabo uzagerwaho. Bari bafite gahunda bise “Intumbero y’ejo hazaza” ikubiyemo uko ibikorwa byabo bizakorwa.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yageze muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum
Inkuru y’uburyo Amag the Black yarozwe n’Umuntu we wa hafi
Gen Muhoozi yagaragaje akamuri ku mutima nyuma yo gukorera isabukuru kwa Perezida Kagame
Ibyari bikubiye mu mugambi wa Ingabire Victoire wiswe ‘Intumbero y’ejo hazaza’ yo gukuraho Perezida wa Repubulika