Iran yatangaje ko yagabye ibitero ku birindiro by’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Qatar no muri Iraq, nyuma yuko icyo gihugu kiyigabyeho ibitero ku Cyumweru tariki 22 Kamena 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Iran yagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Amerika muri Qatar na Iraq
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Vinicius Jr wamenye ko atariwe uhabwa Ballon d’Or yanze kwitabira ibirori byo kuyitanga
28 October 2024, by Joseph IradukundaVinicius Jr wa Real Madrid ntari bwerekeza i Paris mu muhango wo gutanga ibihembo by’abakinnyi bahize abandi bizwi nka’’Ballon d’Or’’, uteganyijwe kuri uyu mugoroba.
-
Amb.Karega yasubije Abakongomani basabye ko yirukanwa ku butaka bwa RDC
8 June 2022, by Dusingizimana RemyAmbasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega ybwiye abaturage b’iki gihugu ko ibyifuzo byabo by’uko yakwirukanwa muri iki gihugu ataribyo byakemura ikibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwacyo ahubwo ko bakwiriye kwicara bagatanga ibitekerezo by’icyakorwa ngo amahoro aboneke birambye.
Mu kiganiro Ambasaderi Karega yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, ko Abakongomani bakwiriye kwicara bagatanga ibitekerezo n’imbaraga bigamije gufasha inzego z’ubuyobozi (…) -
Perezida Kagame yakiriye intumwa y’u Burundi bagirana ibiganiro
6 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco, na Siporo mu Burundi, Amb. Ezéchiel Nibigira uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Minisitiri Amb Nibigira n’itsinda ayoboye bakiriwe na Perezida Kagame ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki 5 Werurwe 2023.
Ntihatangajwe byinshi ku ruzinduko rw’Intumwa z’u Burundi mu Rwanda ariko zagejeje kuri Perezida Kagame (…) -
Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda bigomwe umushahara wabo w’ukwezi ushyirwa mu gufasha abatishoboye
6 April 2020, by Dusingizimana RemyAbayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda biyemeje kwigomwa umushahara w’ukwezi kwa Mata bawugenera gahunda yo gufasha abatishoboye bagizweho ingaruka n’ingamba zikarishye zo kuguma mu rugo, zafashwe mu guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
-
AMAKURU MASHYA! Carlos Alós Ferrer yagizwe umutoza mushya w’Amavubi ,menya ibigwi bye
29 March 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Umunya-Espagne, Carlos Alós Ferrer ari we mutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’Amavubi usimbura Mashami Vincent wari umaze imyaka isaga itatu n’igice atoza iyi kipe
-
Amasezerano ya Arsenal na Visit Rwanda ntazongerwa nyuma ya Kamena 2026
19 November 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko ku bwumvikane, amasezerano rwari rufitanye na Arsenal binyuze muri Visit Rwanda, azarangira muri Kamena 2026, bivuze ko nyuma y’icyo gihe atazongerwa.
-
Depite Mazimpaka yatabarije Abanyarwanda bari kwibagisha bagamijwe ubwiza
8 November 2024, by Joseph IradukundaMu isi y’ibigezweho, abenshi bashaka kugaragara mu isura biremeye aho gusa uko bavutse, bituma bafata icyemezo cyo kwisiga ibinyabutabire cyangwa kwibagisha igice batishimiye nk’isura, amabere, inda n’ibindi.
-
RURA yatanze ikizere ko mu minsi iri imbere interineti yo mu modoka izakora neza
30 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakora birimo gushakirwa umuti urambye ndetse ko mu minsi iri imbere iki kibazo kizakemuka burundu. Ngo hashobora no kuboneka connection (Wireless) yihuta cyane.
Hashize imyaka ibiri abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange binubira ko bacibwa amafaranga ya connection nyamara iyo connection ikaba idakora.
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutwara abantu (…) -
Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zibifashijwemo n’iya Leta Zunze Ubumwe za America, zasinye amasezerano y’amahoro arimo ingingo zigamije kuzana amahoro mu burasirazuba bwa DRC, zirimo kubaha ubusugire bwa buri Gihugu, no kubuza imirwano.
Umuryango.rw
Iran yagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Amerika muri Qatar na Iraq
Vinicius Jr wamenye ko atariwe uhabwa Ballon d’Or yanze kwitabira ibirori byo kuyitanga
Amb.Karega yasubije Abakongomani basabye ko yirukanwa ku butaka bwa RDC
Perezida Kagame yakiriye intumwa y’u Burundi bagirana ibiganiro
Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda bigomwe umushahara wabo w’ukwezi ushyirwa mu gufasha abatishoboye
AMAKURU MASHYA! Carlos Alós Ferrer yagizwe umutoza mushya w’Amavubi ,menya ibigwi bye
Amasezerano ya Arsenal na Visit Rwanda ntazongerwa nyuma ya Kamena 2026
Depite Mazimpaka yatabarije Abanyarwanda bari kwibagisha bagamijwe ubwiza
Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America