Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko Ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje impuguke za UN zavuze ko hari Ingabo z’u Rwanda ziri muri RDC
9 January 2021, by Dusingizimana Remy -
Kilimobenecyo wahanze Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego n’inote ya 5000 Frw; yitabye Imana
19 April 2025, by ISIMBI EstellaKilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko.
-
Kayonza: Umugabo yishe umwana w’umugore we w’imyaka ibiri amuteye icyuma-VIDEO
18 January 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTMu Ijoro ryakeye mu Mudugudu w’Irebero mu Kagari ka Nyagatovu mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka kayonza, nibwo Namahoro Aimable uri mu kigero cy’imyaka 42 yishe ateye icyuma Umwana w’imyaka ibiri w’uwahoze ari umugore we.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyihebe byo muri Mozambique harimo n’abanyarwanda n’abo muri EAC
6 September 2021, by Dusingizimana RemyUbwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru hamwe n’abaturage, Perezida Paul Kagame yatangaje ko nubwo Mozambike itegeranye n’u Rwanda ariko mu byihebe byazahaje agace ka Cabo Delgado harimo Abanyarwanda.
-
Polisi ya Uganda yagize icyo ivuga ku Banyarwanda ifunga bya hato na hato
31 July 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi ya Uganda yavuze ko nta muntu n’umwe ifata imuhora kuba Umunyarwanda cyangwa imuhoye ubwoko bwe ahubwo ko buri muntu itaye muri yombi aba akurikiranyweho ibyaha.
-
‘Perezida Kagame yabajijwe niba Afurika itangiye gushyira hamwe’
13 October 2018, by Nsanzimana ErnestPaul Kagame, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Afurika yunze ubumwe yabajijwe niba kuba Louise Mushikiwabo yatorewe kuyobora Francophonie bisobanuye ko Afurika itangiye gushyira hamwe.
-
Malakal: Impunzi zishimiye igikorwa cy’umuganda zafatanyije n’Abapolisi b’u Rwanda
30 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 28 Werurwe, abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-9 riri mu butumwa bw’umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) bazindukiye mu gikorwa cy’umuganda rusange bafatanyirije hamwe n’abatujwe mu nkambi y’abavanywe mu byabo n’intambara.
-
Perezida Ndayishimiye yahaye FLN irwanya u Rwanda inkunga y’Imbonerakure zirenga 400
17 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yategetse ko umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya Leta y’u Rwanda uhabwa Imbonerakure zirenga 400 ziherutse mu myitozo ya gisirikare kugira ngo ziwongerere imbaraga.
-
Rwanda: Abakurikiranyweho kwiba Access Bank basabiwe gufungwa imyaka 7
16 October 2018, by Nsanzimana ErnestAbanyarwanda n’ Abanyanigeria bahakana icyaha cyo kurema umutwe w’abagizi ba nabi bashinjwa. Uko 21 barangajwe imbere n’umunya Nigeria OLUBUNIMI Adebesi, nibo baregwa ko bashatse kwiba ’Access Bank’ mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Museveni
17 January 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Mutarama 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Ambasaderi wa Uganda mu Muryango w’Abibumbye Adonia Ayebare, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni.
Muri iki gihe hakomeje kunugwanugwa ko mu bihe bya vuba hagiye gusubukurwa ibuganiro byo kuzahura umubano hagati y’u Rwanda na (…)
Umuryango.rw
Kilimobenecyo wahanze Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego n’inote ya 5000 Frw; yitabye Imana
Perezida Kagame yavuze ko ibyihebe byo muri Mozambique harimo n’abanyarwanda n’abo muri EAC
Malakal: Impunzi zishimiye igikorwa cy’umuganda zafatanyije n’Abapolisi b’u Rwanda
Perezida Ndayishimiye yahaye FLN irwanya u Rwanda inkunga y’Imbonerakure zirenga 400
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Museveni