Imodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo.
Ifoto y’iyi modoka yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga ndetse ubwiza bwayo butuma benshi bemeza ko ikwiriye Perezida Kagame nubwo hatabuze abavuga ko ihenze cyane biyibagije ko nyirayo ari Perezida,umuntu ukomeye kurusha abandi bose mu gihugu.
Iyo modoka ya Perezida Kagame yagaragaye bwa mbere ubwo yasuraga (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Menya byinshi ku modoka IDASANZWE ya Perezida Kagame [AMAFOTO]
30 August 2022, by Dusingizimana Remy -
Biden Intsinzi ari kuyikozaho imitwe y’intoki
7 November 2020, by Martin MunezeroJoe Biden yongeye kuvuga ko yizeye intsinzi mu gihe bigaragara ko ari kwegereza gutsinda Donald Trump mu matora ya perezida w’Amerika yabaye ku wa kabiri.
-
Gen Kabarebe, Uwacu Julienne, Kaboneka Francis ntibagaragara muri Guverinoma nshya
18 October 2018, by UbwanditsiMuri Guverinoma nshya Perezida Kagame yashyizeho kuri uyu wa kane hari bamwe mu ba minisitiri batakaje Minisiteri bayoboraga. Aba barimo Gen Kabarebe, Kaboneka, Uwacu Julienne.
Kuri uyu wa kane kandi habaye impinduka muri zimwe mu nzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu. Guverineri Mureshyankwano yasezerewe asimburwa na CG Gasana nawe wavuye ku mwanya w’ubuyobozi bwa Polisi.
Soma itangazo hano -
Gen Muhoozi yashyigikiye ibyavuzwe na Perezida Kagame
13 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ashyigikiye Perezida Paul Kagame watangaje ko yakwemera gufatirwa ibihano aho kwemera ko umutekano w’u Rwanda uhungabana.
-
Bintou Keita wa MONUSCO yizeye kubona amahoro nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yagaragaje ko yizeye ko kugera ku mahoro bishoboka, nyuma yo guhura n’abarimo abayobozi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Perezida Kagame yaraye agiranye inama n’abajyanama be i New York[AMAFOTO]
18 September 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Kagame yayoboye Inama y’Akanama Ngishwanama ke (PAC) ihuriyemo inzobere z’abanyarwanda n’izindi mpuzamahanga, zishinzwe kugira inama Umukuru w’Igihugu na Guverinoma.
-
UK: Abana 2 bishwe batewe icyuma abandi barakomereka
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbana babiri bapfuye abandi icyenda barakomereka, batandatu bikabije, mu gihugu cy’u Bwongereza, mu gitero cy’icyuma "gikaze" ku ishuri ryigisha kubyina ahaberaga amahugurwa yitiriwe Taylor Swift .
-
Madamu Jeannette Kagame yahembewe uruhare rwe mu kwita ku buzima bw’abagore
6 October 2025, by ISIMBI EstellaMadamu Jeannette Kagame yahawe igihembo n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Abaganga b’Inzobere bita ku Buzima bw’Abagore, (FIGO) kubera uruhare yagize mu guteza imbere ubuzima bw’abagore, (FIGO Distinguished Recognition Award in Women’s Health).
-
Abo basambanyije babavumira ku gahera: Ubuhamya ku mabi ya FARDC, FDLR na Wazalendo
21 August 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi iri mu ihuriro rya Wazalendo rishyigikiwe na Leta, bashinjwa gusambanya ku gahato abagore benshi mu burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge
10 January 2025, by Joseph IradukundaUmutegetsi wa gisirikare wa Burkina Faso Kapiteni Ibrahim Traoré yateje impungenge ubwo ku wa kabiri yitabiraga umuhango w’irahira rya Perezida wa Ghana John Mahama afite imbunda nto ya pisitori ku rukenyerero.
Umuryango.rw
Menya byinshi ku modoka IDASANZWE ya Perezida Kagame [AMAFOTO]
Gen Muhoozi yashyigikiye ibyavuzwe na Perezida Kagame
Bintou Keita wa MONUSCO yizeye kubona amahoro nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23
Perezida Kagame yaraye agiranye inama n’abajyanama be i New York[AMAFOTO]
UK: Abana 2 bishwe batewe icyuma abandi barakomereka
Madamu Jeannette Kagame yahembewe uruhare rwe mu kwita ku buzima bw’abagore
Abo basambanyije babavumira ku gahera: Ubuhamya ku mabi ya FARDC, FDLR na Wazalendo
Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge