Ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe cyatangaje ko nyuma y’imvura nyinshi cyane yaraye iguye I Kigali no mu bindi bice bitandukanye,hagiye kugwa imvura nyinshi cyane yivanze n’umuyaga mwinshi hirya no hino mu gihugu guhera kuri uyu wa 17 kugeza kuwa 20 Mata 2020.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Meteo Rwanda yaburiye Abanyarwanda kwitegura imvura idasanzwe irimo umuyaga mwinshi muri iyi minsi
17 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Ubushinjacyaha bwa Loni bwasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda
10 September 2025, by JABO Blaise PatienceUbushinjacyaha bw’urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) bwasabye ko Kabuga Félicien afungurwa by’agateganyo, akoherezwa mu Rwanda kuko ari cyo gihugu cyonyine cyemeye kumwakira.
-
Iminsi yabo ni mbarwa- Perezida Kagame avuga ku bagihohotera abarokotse Jenoside
17 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yashimangiye ko bidakwiye ko mu 2024 umuntu ashobora kuzira icyo ari cyo cyangwa icyo abandi bazize mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko abantu batagomba kwicara ngo babifate nk’aho ari uko bigomba kugenda.
-
‘Ikiriyo cyabaye ikibazo mu miryango imwe n’ imwe’
8 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi w’ umuryango w’ abayisilamu mu Rwanda, RMC, akaba n’ umuyobozi w’ abayisilamu mu mugi wa Kigali Sheikh Musa Sindayigaya asanga Abanyarwanda bakwiye kwigisha gudasesagura igihe bagize ibyago byo gupfusha.
Uyu mushehe yabikomojeho ubwo yari mu nama yahuje abanyamadini n’ inzego za Leta hagamijwe kwiga no gushakirwa umuti ibibazo biri mu miryango.
Minisitiri w’ umuco na Siporo Uwacu Julienne yagaragaje ko Abanyarwanda bakwiye kwirinda gusesagura igihe bagize birori nk’ ubukwe n’ (…) -
I Bujumbura Tshisekedi na Ndayishimiye baganiriye ku ’bufatanye n’umutekano’
23 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye ahuye na mugenzi we w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, "mu ruzinduko rw’ubucuti" yagiriye i Bujumbura.
-
Ubwami bw’u Bubiligi bwahaye Leta y’u Rwanda imbangukiragutabara 40
24 September 2020, by Dusingizimana RemyUbwami bw’u Bubiligi bwahaye u Rwanda imbangukiragutabara 40 zifite agaciro ka miliyari 2 FRW, zizashyikirizwa ibitaro byo hirya no hino hagamijwe guteza imbere serivisi z’ubuvuzi mu gihugu.
-
Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola
21 August 2024, by EmmyIbihugu by’u Rwanda na Congo bikomeje gushakisha icyatuma umubano wabyo usubirana nyuma yo kuzamo ibihato bitewe n’uko buri gihugu gishinja ikindi kubangamira umutekano wacyo.
-
Perezida Kagame yatunguye abanya Bugesera ubwo yahagararaga ku muhanda arabasuhuza [AMAFOTO]
27 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yanze gutambuka ku banyarwanda batuye mu Bugesera atabasuhuje,niko guhagarika imodoka yarimo arabasuhuza bose ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 27 Gicurasi 2019 .
-
Abantu 45 biganjemo abo mu nkambi y’impunzi banduye Covid-19 mu Rwanda
28 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 45 banduye Covid-19 barimo ab’I Kigali: Kigali:2, Huye:1, Kirehe:40 (abapimwe mu nkambi y’impunzi), Nyagatare:2,mu bipimo 1,619 byafashwe, bituma umubare w’abamaze kwandura bose uba 5,129.
-
M23 yemeje ko yishe abasirikare benshi ba FARDC
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 watangaje ko ku wa Gatanu wishe abasirikare benshi bari bagize ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yasize wigaruriye agace ka Katale ko muri Teritwari ya Masisi.
Umuryango.rw
Ubushinjacyaha bwa Loni bwasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda
Iminsi yabo ni mbarwa- Perezida Kagame avuga ku bagihohotera abarokotse Jenoside
I Bujumbura Tshisekedi na Ndayishimiye baganiriye ku ’bufatanye n’umutekano’
Ubwami bw’u Bubiligi bwahaye Leta y’u Rwanda imbangukiragutabara 40
Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola
Abantu 45 biganjemo abo mu nkambi y’impunzi banduye Covid-19 mu Rwanda
M23 yemeje ko yishe abasirikare benshi ba FARDC