Mu ijoro rya tariki 20 Nyakanga 2024, nibwo Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yafashe umwanzuro wo kutaziyamamaza mu matora ya Perezida, inshingano aziharira Kamala Harris wari Visi-Perezida we, ngo azahagararire ishyaka ry’ Abademokarate ahangana na Donald Trump w’Abarepubulikani.
Mu butumwa Perezida Joe Biden yanditse kuri X yagize ati “Nshuti zanjye z’Abademokarate, nafashe icyemezo cyo kutemera ubusabe (bwo kwiyamamariza kuba Perezida), ingufu zanjye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kamala Harris wahawe ububasha bwo kuzahangana na Trump ni muntu ki?
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
RIB yatabaye mu ibanga umugore wari ugiye kwicwa n’ umugabo we
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Nzitukuze Yvette yatabawe n’ Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha kubera amakuru yatanzwe n’ umuturage nyiri ugucurirwa umugambi wo kwicwa atabizi.
-
Trump atangaje intsinzi mu ijambo ahaye abakunzi be buzuye umunezero ibarura ry’amajwi rigikomeza
6 November 2024, by Joseph IradukundaNubwo ibarura ry’amajwi muri Amerika ritararangira, Trump yatangaje ko yatsinze amatora ndetse Prezida w’ubufaransa yabaye uwa mbere mu kumwifuriza Ishya n’ihirwe!
-
Iran yarashe ibisasu byinshi muri Israel
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Israel cyatangaje ko ingabo za Iran zarashe ibisasu bikabakaba 100 ibyinshi muri byo bipfubirizwa mu kirere.
-
Abajenerali b’u Rwanda bafatiwe ibihano na Amerika bigeze he?
16 May 2025, by Joseph IradukundaAmahanga akomeje gushakira umutekano uburasirazuba bwa RDC binyuze mu gushaka ibiganiro by’ubwumvikane n’ibihugu bituranyi cyane u Rwanda iki gihugu kigaragaza nk’ikibangamiwe narwo.
-
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zavumbuye intwaro nyinshi zari zarahishwe n’ibyihebe [AMAFOTO]
17 October 2022, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya Iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado yo muri Mozambique, zavumbuye ububiko bw’Intwaro, ibiturika n’amasasu byari byarahishwe n’ibyihebe byo mu mutwe wa Ansar Al Sunna mu gace ka Mbau, gaherereye mu Majyepfo y’uburasirazubwa bwa Mocimboa da Praia ahahoze ibirindiro bikomeye by’ibi byihebe mbere y’uko bihatsimburwa n’ingabo z’u Rwanda mu mwaka wa 2021.
Ku ya 15 Ukwakira 2022, nibwo abashinzwe umutekano b’u Rwanda bavumbuye ububiko bw’intwaro (…) -
Malipango watakiraga Gasogi United ari mu muryango winjira muri Rayon Sports
27 November 2024, by Joseph IradukundaUmukinnyi ukomoka muri Centrafrique, Théodore Yawanendji-Malipangou Christian, yamaze gusezera bagenzi be bakinanaga mu ikipe ya Gasogi United, aho bivugwa ko ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Rayon Sports iyoboye shampiyona.
-
Thsisekedi na Ndayishimiye mu bambere bashimiye Trump watorewe kuyobora Amerika
6 November 2024, by Joseph IradukundaAbakuru b’ibihugu bitandukanye barimo Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste na Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bishimiye Donald Trump watorewe kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika.
-
Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump
14 July 2024, by EmmyNyuma y’imyaka 19, kuri uyu wa 13 Nyakanaga 2024 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hongeye kumvikana inkuru ishitura umutima y’igitero ku munyapolitiki wiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu
-
DRC ‘ntitanga umusanzu yifuza mu guteza imbere Artificial Intelligence kubera u Rwanda’ – Sama Lukonde
15 October 2024, by Joseph IradukundaUmukuru wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko igihugu cye kidatanga umusanzu cyifuza mu guteza imbere ubuhanga bugenzweho bwa ‘Artificial Intelligence’ kubera ubushotoranyi no gusahurwa bashinja u Rwanda.
Mu nama y’ihuriro ry’abagize inteko zishinga amategeko ku isi irimo kubera i Genève mu Busuwisi, ku wa mbere Sama Lukonde yavuze ibyo igihugu cye kirimo gukora mu guteza imbere ikoranabuhanga n’imbogamizi gihura na zo.
Ibiganiro muri iyi nama rusange y’iri huriro (…)
Umuryango.rw
Kamala Harris wahawe ububasha bwo kuzahangana na Trump ni muntu ki?
Trump atangaje intsinzi mu ijambo ahaye abakunzi be buzuye umunezero ibarura ry’amajwi rigikomeza
Iran yarashe ibisasu byinshi muri Israel
Abajenerali b’u Rwanda bafatiwe ibihano na Amerika bigeze he?
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zavumbuye intwaro nyinshi zari zarahishwe n’ibyihebe [AMAFOTO]
Malipango watakiraga Gasogi United ari mu muryango winjira muri Rayon Sports
Thsisekedi na Ndayishimiye mu bambere bashimiye Trump watorewe kuyobora Amerika
Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump
DRC ‘ntitanga umusanzu yifuza mu guteza imbere Artificial Intelligence kubera u Rwanda’ – Sama Lukonde