Guverinoma y’u Rwanda yamuritse politiki ijyanye no gushora imari mu mishinga irengera ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima, igaragaza ko ikeneye miliyari 300 Frw kugira ngo intego yihaye yo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima igerweho mu 2030.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rukeneye miliyari 300 Frw zo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima
7 October 2025, by Brenda MIZERO -
U Rwanda rwitandukanyije n’Uburusiya ku ntambara ya Ukraine! Ese rwatoye "Neza" cyangwa "Nabi"?-VDEO
4 March 2022, by SHEMA EMMANUELLeta y’u Rwanda ibinyujije muri Ambasade yayo mu Muryango w’Abibumbye yagaragaje ko intambara yo muri Ukraine ikwiye guhagarara impande zombi zigahurira mu biganiro kuko ari byo byatanga igisubizo kirambye.
-
Ab’i Gakenke babyiniye ku rukoma kubera ibyo Perezida Kagame yabemereye
12 July 2024, by EmmyChairman w’umuryango FPR Inkotanyi akaba n’umukandida wawo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yasezeranyije abo mu karere ka Gakenke ko nibamutora mu matora ateganyijwe ku itariki ya 15 Nyakanga 2024, azajya kubashimira, bagasangira umuganura.
-
DRC: Ntamasezerano Twarenzeho Kuko Ntayo Twasinyeho, M23
6 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuhagarika imirwano ntibyigeze byubahirizwa, nk’uko byari byemejwe nk’umwe mu myanzuro yafatiwe muri Angola, mu nama yahuje intumwa z’u Rwanda n’iza Congo, hagamije gushaka igisubizo kirambye cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo.
Inama yabaye mu cyumweru gishize tariki 30 Nyakanga 2024 yahuje intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse na Angola nk’umuhuza, yari yafashe ibyemezo birimo gusaba impande zihanganye mu burasirazuba bwa DRC (…) -
Impamvu zigitiza umurindi icyaha cyo gusambanya abana mu Rwanda
4 December 2025, by Brenda MIZEROZimwe mu mpamvu zigaragazwa n’ubuyobozi mu nzego zitandukanye zikomeza gutuma abana bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina harimo; kuba bahishira ababasambanya, guceceka ntibatange ibirego, gushukwa n’ababasambije babeshyeshya ibyiza bazabakorera nibatabivuga, ubwoba n’ibindi.
-
INAMA Y’UMUTEKANO (EP15): Dosiye y’igihombo cya Bad Ram na Coach Gael!
22 April 2025, by ISIMBI EstellaKuki BadRam na Coach Gael bemeza ko umuziki w’u Rwanda wabahombeye?
-
Ingo ibihumbi 260 zizahabwa amashanyarazi mu 2025/26
3 November 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ibikorwaremezo yateganyije ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26, ingo z’Abaturarwanda zirenga ibihumbi 260 zizahabwa umuriro w’amashanyarazi, umubare munini bakazafatira ku muyoboro mugari.
-
RDF yemeje ko abasirikare bayo 2 bafunzwe bakurikiranyweho guhohotera abaturage
12 June 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage mu karere ka Bugesera mu kagari ka Nyamata mu murenge wa Nyamata bavuga ko mu minsi ishize bakubiswe n’abasirikare bafatanyije n’inkeragutabara - ishami ry’ingabo z’u Rwanda.
-
Uko byari bimeze tariki ya 1 Nyakanga 1962, umunsi wahaye Abanyarwanda icyizere nyuma kikaraza amasinde
1 July 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu“Ibyo twari twizeye si byo twabonye, nakugereranyiriza nk’umugore waba utwite yizeye ko azabyara akana kazima, hanyuma agakuramo inda, ukabona ibintu wari wizeye si byo bibaye.”
-
Luanda: Abakuru ba dipolomasi y’u Rwanda na RDC bahuriye ku meza y’ibiganiro
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbakuru ba dipolomasi ku ruhande rw’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Nyakanga bahuriye mu biganiro byari bigamije gusesengura ikibazo cy’umutekano muke wo mu burasirazuba bwa Congo.
Umuryango.rw
U Rwanda rukeneye miliyari 300 Frw zo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima
U Rwanda rwitandukanyije n’Uburusiya ku ntambara ya Ukraine! Ese rwatoye "Neza" cyangwa "Nabi"?-VDEO
Ab’i Gakenke babyiniye ku rukoma kubera ibyo Perezida Kagame yabemereye
DRC: Ntamasezerano Twarenzeho Kuko Ntayo Twasinyeho, M23
Impamvu zigitiza umurindi icyaha cyo gusambanya abana mu Rwanda
INAMA Y’UMUTEKANO (EP15): Dosiye y’igihombo cya Bad Ram na Coach Gael!
Ingo ibihumbi 260 zizahabwa amashanyarazi mu 2025/26
Uko byari bimeze tariki ya 1 Nyakanga 1962, umunsi wahaye Abanyarwanda icyizere nyuma kikaraza amasinde
Luanda: Abakuru ba dipolomasi y’u Rwanda na RDC bahuriye ku meza y’ibiganiro