Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan ukinira Green Project-Bardiani CSF-Faizanè yo mu Butaliyani, yegukanye Agace ka Munani anatwara Tour du Rwanda 2023 yitabiriwe na Perezida Paul Kagame ku i Rebero.
Henok Mulubrhan yegukanye Tour du Rwanda 2023 nyuma yo gutsinda Agace ka Munani kuri Canal Olympia.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 26 Gashyantare, ni bwo hakinwe Agace ka Munani gasoza Tour du Rwanda 2023 mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, ku ntera ya kilometero 75,3.
Perezida Paul Kagame (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Henok Mulubrhan yegukanye Tour du Rwanda 2023 n’agace ka nyuma kitabiriwe na Perezida Kagame
26 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Madamu Jeannette Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abijandika mu nzoga
11 September 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame yandikiye abanyarwanda abahugura ku bubi bwo kunywa inzoga no gukoresha ibiyobyabwenge, abibutsa ko ukubatwa kose ari uburwayi kandi ko kurekura ukwiyobora bibashyira mu kaga.
-
Rayon Sports yongeye kuba insina ngufi imbere ya Kiyovu Sports
5 December 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ikomeje kujya mu bihe bibi muri shampiyona y’u Rwanda kuko yatsinzwe na mukeba wayo Kiyovu Sports ibitego 2-0 bituma ikomeza gutera umugongo igikombe cya shampiyona.
Rayon Sports iheruka kunganya na Espoir FC bigoranye ibitego 2-2,yatsinzwe na mukeba wayo Kiyovu Sports mu mukino w’umunsi wa 7 wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.
Kiyovu Sports yari yagaruye Emmanuel Arnold Okwi na Muzamiru Mutyaba bari bamaze iminsi badakina kubera ikibazo cy’uburwayi. (…) -
Trump avuga ko Ukraine ishobora kwisubiza ubutaka bwose Uburusiya bwafashe
24 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Amerika Donald Trump yavuze ko ubutegetsi bwa Kyiv bushobora "kwisubiza Ukraine yose mu mwimerere wayo", amagambo ye akaba agaragaje impinduka ikomeye ku ho ahagaze ku ntambara ya Ukraine n’Uburusiya.
-
Imyiteguro irarimbanyije y’umuhango ugiye kuba ku nshuro ya 15 wo kwita amazina abana 25 b’ingagi
10 August 2019, by Martin MunezeroIkigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, kiri mu myiteguro y’umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo Kwita Izina,mu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 15, aho muri uyu mwaka abana 25 b’ingagi ari bo bazahabwa amazina.
-
Ishyaka Green Party ryizeye intebe mu nteko ishinga amategeko
12 November 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), riravuga ko rifite icyizere ko mu matora y’ abadepite ateganyijwe umwaka utaha rizitwara neza ku buryo rifite icyizere cyo kuzagira abarihagarariye mu nteko ishinga amategeko.
Iri shyaka ryatangiye urugendo rwo gushaka abazarihagararira mu matora y’Abadepite mu rwego rw’uturere no mu ntara, aya matora akaba ateganyijwe mu umwaka utaha wa 2018.
Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza yatangarije (…) -
RDC: Abanyamerika bagerageje guhirika Tshisekedi bohererejwe Amerika
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, itariki ya 8 Mata 2025, muri gereza ya gisirikare ya N’dolo, imfungwa eshatu z’abanyamerika zashyikirijwe abategetsi ba Amerika, imbere y’abayobozi ba gisivili n’abasirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
RDC yongeye gusabira u Rwanda ibihano mu nama ya UN yabayemo guterana amagambo
28 March 2024, by Dusingizimana RemyIgihugu cya RDC cyongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama y’ibihugu bigize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi yateranye kuwa gatatu,tariki ya 27 Werurwe 2024.
-
Bucyibaruta wari ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside I Paris yakatiwe
12 July 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa rwakatiye Laurent Bucyibaruta imyaka 20 y’igifungo kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Perefegitura ya Gikongoro yayoboraga.
Uyu mugabo w’imyaka 78 amaze igihe akurikiranywe n’ubutabera bw’u Bufaransa ku byaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu.
Guhera tariki 17Gicurasi 2022, uyu mugabo yakurikiranwagaho ibyaha bya jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside n’ubufatanyacyaha mu byaha byibasiye inyoko-muntu.
Ibyaha (…) -
Umunsi Leta ya Habyarimana yashatse kwica Museveni
20 January, by Brenda MIZEROInyandiko y’iperereza yagaragaje ko ubutegetsi bwa Juvénal Habyarimana bwashatse kwica Perezida Yoweri Kaguta Museveni, nyuma y’aho ingabo za RPA-Inkotanyi zitangije urugamba rwo kubohora u Rwanda mu 1990.
Umuryango.rw
Henok Mulubrhan yegukanye Tour du Rwanda 2023 n’agace ka nyuma kitabiriwe na Perezida Kagame
Madamu Jeannette Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abijandika mu nzoga
Rayon Sports yongeye kuba insina ngufi imbere ya Kiyovu Sports
Trump avuga ko Ukraine ishobora kwisubiza ubutaka bwose Uburusiya bwafashe
RDC: Abanyamerika bagerageje guhirika Tshisekedi bohererejwe Amerika
RDC yongeye gusabira u Rwanda ibihano mu nama ya UN yabayemo guterana amagambo
Bucyibaruta wari ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside I Paris yakatiwe
Umunsi Leta ya Habyarimana yashatse kwica Museveni