Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yasobanuye impamvu abayobozi banyuranye mu Ntara y’Amajyaruguru bakuwe ku mirimo mu ijoro ryo kuri uyu wa 08 Kanama 2023.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Indorerwamo z’amoko mu gutanga akazi n’amasoko biri mu byatumye abayobozi birukanwa mu majyaruguru
9 August 2023, by Dusingizimana Remy -
Kamala Harris ashyigikiye ko Israel ikomeza kwirwanaho mu ntambara na Hamas
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKamala Harris Vis Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ahamya ko atazigera aceceka ku kibazo kiri hagati ya Israel na Hamas, ariko akaba ashyigikira ko iki gihugu Netanyahu abereye Minisitiri w’Intebe gifite uburenganzira bwo kwirwanaho.
-
Karongi: Umukozi w’umurenge yikubise hasi arapfa ubwo yari ku kibuga cy’umupira
1 March 2020, by Dusingizimana RemyUwari umukozi w’Umurenge wa Mutuntu ushinzwe irangamimerere, Vital Nkurunziza,yikubise hasi arapfa ubwo yari yaje gutoza uyu murenge we uri gukina umukino wa gicuti n’uwa Gitesi muri Karongi.
-
Perezida Kagame yaraye ageze I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica[AMAFOTO]
14 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika, Paul Kame yamaze kugera I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi Itatu .
-
Burundi:Gen. Maj. Ndayishimiye azatsinda amatora? Nayatsinda bizamera bite?
27 January 2020, by Martin MunezeroGeneral Major Everiste Ndayishimiye, ni undi mukandida umaze gutangazwa n’ishyaka rye ko azarihagararira mu matora yo mu kwezi kwa gatanu, yahise aza imbere mu bahabwa amahirwe.
-
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall...
24 February 2025, by Joseph IradukundaRutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall Ngagne ashobora kumara amezi icyenda adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune ikomeye ku mukino ikipe ye yanganyijemo na Amagaju FC igitego 1-1.
-
Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN kwirukanwa nk’imbwa
27 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN, Natasha Bertrand kwirukanwa, nyuma yo kumushinja gutangaza nabi amakuru ajyanye n’igitero iki gihugu cyagabye kuri Iran.
-
Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yapfuye
2 December 2023Umunyapolitike Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu 1994 kugeza yeguye mu 1995,yapfuye afite imyaka 78 y’amavuko
-
Gen Muhoozi yanditse kuri X ye ko adashaka gusimbura se kuko UPDF ikimukeneye
21 September 2024, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atacyiyamamarije kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri 2026; aharira se Yoweri Kaguta Museveni.
-
Imibare y’abantu bacurujwe mu myaka itanu ishize igaragaza ko abagore bibasiwe cyane
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ishusho y’uko ibikorwa by’icuruzwa ry’abantu bihagaze mu Rwanda n’ibyiciro byibasirwa cyane.
Umuryango.rw
Indorerwamo z’amoko mu gutanga akazi n’amasoko biri mu byatumye abayobozi birukanwa mu majyaruguru
Kamala Harris ashyigikiye ko Israel ikomeza kwirwanaho mu ntambara na Hamas
Karongi: Umukozi w’umurenge yikubise hasi arapfa ubwo yari ku kibuga cy’umupira
Perezida Kagame yaraye ageze I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica[AMAFOTO]
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall...
Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN kwirukanwa nk’imbwa
Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yapfuye
Gen Muhoozi yanditse kuri X ye ko adashaka gusimbura se kuko UPDF ikimukeneye
Imibare y’abantu bacurujwe mu myaka itanu ishize igaragaza ko abagore bibasiwe cyane